Amagambo(Imitoma) wabwira umukunzi wawe buri munsi bigatuma ukamwiharira wenyine
Niba wifuza kwiharira umukunzi wawe ukamugira uri wenyine, menya amagambo ukwiye kumubwira buri munsi yakomeza urukundo rwanyu. Kubaka urukundo ni uguhozaho, ari yo mpamvu hari amagambo make ushobora guhora ubwira umukunzi wawe akarushaho kugukunda no kukwiyumvamo, kuburyo atazajya aha agaciro…
Yannick Mukunzi Yakoze ubukwe n’umukunzi we – AMAFOTO
Yannick Mukunzi ukinira Sandvikens IF yo muri Suéde n’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, yasabye anakwa umugore we Iribagiza Joy bamaze igihe babana. Aba bombi beretse ibirori inshuti n’imiryango yabo kuri uyu wa 8 Mutarama 2023. Mukunzi na Iribagiza bakoreye imihango yo gusaba…
Zinedine Zidane yanze akazi gakomeye nyuma yo guhusha ako gutoza ikipe y’Ubufaransa
Umutoza Zinedine Zidane yanze akazi ko gutoza ikipe y’igihugu ya USA mu bagabo nyuma yo guhusha ako gutoza Ubufaransa kubera ko Didier Deschamps yongerewe amasezerano. Ikinyamakuru (L’Equipe cyavuze ko Zinedine Zidane wahoze atoza Real Madrid yanze ubusabe bwa Leta Zunze…
Miss Pamella yongeye gutera umutoma ukomeye The Ben ku munsi w’isabukuru ye – AMAFOTO
Mu masaha make Uwicyeza Pamella abinyujije kuri konti ye ya instagram, yasangije abamukurikira amashusho mato ari kumwe na The Ben, maze amugenera ubutumwa ku isabukuru ye y’amavuko. Miss pamella yagize ati: ’’Isabukuru nziza mukunzi uri buri kimwe cyose cyabeye kuri…
Gakenke: Umugabo yafashe umugore we aryamanye n’undi mugabo mu. Ibyo yabakoreye ni agahomamanunwa
Umugabo witwa Kanani Jean de Dieu wo mu Mudugudu wa Gikingo, Akagari ka Bushoka mu Murenge wa Ruli yaguwe gitumo na nyirurugo witwa Dukundane Jean Nepomuscene ari kumusambanyiriza umugore barwana inkundura, byabaviriyemo bose kujya mu bitaro. Byabaye mu rukerera rwo…
Abagore: Kwambara inkweto ndende ni kimwe mu bitera umugore kutarangiza mu gihe cyo gutera akabariro. Sobanukirwa
Mu gihe cyo gutera akabariro usanga akenshi umugabo arangiza naho umugore akaba niho atangiye kumva ubushake bwiyongereye. Mu gihe iyo umugabo arangije birangwa no gusohora, ntabwo umugore we iyo arangije ari ngombwa ko hari igisohoka ahubwo kuri we ni ukugera…
Abagabo: Dore akamaro gakomeye ko kunywa amazi mbere yo gutera akabariro
Kunywa amazi mbere yo gutera akabariro ni ingenzi cyane nk’uko tugiye kubigarukaho muri iyi nkuru, na cyane ko kunywa amazi mu buzima busanzwe ari byiza by’umwihariko ku bagabo. Ikinyamakuru Medical News Today kigaragaza ko kunywa amazi mbere yo gutera akabariro…
Dore ibyago ushobora guhura na byo niba uryama wubitse inda
Akenshi abantu baryama bubitse inda ariko ntabwo bamenya niba ari byiza cyangwa niba ari bibi. Ikiremwamuntu cyemera ko kuryama amasaha 7 kugeza ku 8 cyangwa 9 ari ingenzi cyane ndetse bamwe banagerageza kubyubahiriza. Gusa ntabwo benshi bita ku buryo baryama…
Amafoto ya Turahirwa Moses yambaye buri buri akomeje guhererekanywa – AMAFOTO
Turahirwa Moses uherutse kwemera ko ari we wagaragaye asambana n’abagabo bagenzi be mu mashusho yaciye ibintu, yongeye kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga aho hasohotse ifoto y’usa nawe ugaragara yambaye ubusa buriburi. Umuhangamideli umaze kuba inganzamarumbo mu ruganda rw’imideli, yongeye kuba igitaramo…
Umujyanama wa Perezida Félix Tshisekedi yahishuye imigambi yari afitanye na Perezida Kagame mbere yo gushwana kw’ibihugu byombi
Umujyanama wihariye wa Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa, Fortunat Bisesele, yahishuye ko Tshisekedi hari imipangu yari yarabanje kugirana na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda mbere y’uko bombi bashwana. Bisesele yabihishuriye mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru Alain…