Kuvugurura: FDA yatangaje ko nta muti uvura SIDA wageze mu Rwanda isobanura icyabaye
Mu minsi ishize havuzwe inkuru y’uko mu Rwanda haba harageze umuti uvura SIDA ndetse n’igiciro uzajya ugurwa. Nyuma y’aya makuru FDA yatangaje ko ibi atari byo ko nta muti wa SIDA wageze mu Rwanda maze isobanura uko byagenze. Ese byaturutse…
Gen. (Rtd) Otafiire yavuze ko atazemera gusuzugurwa na Gen. Muhoozi n’ubwo ari umuhungu wa Perezida Museveni
Minisitiri Kahinda Otafiire ushinzwe ibibazo by’imbere muri Uganda warwanye intambara yo kubohoza igihuu yarangiye mu 1986, yabwiye umuhungu wa Museveni, Gen. Muhoozi Kainerugaba ko batazatuma abasuzugura. “Turakuzi uri umuhungu wa Museveni ariko ntituzakwemerera kudusuzugura,” uyu ni Maj. Gen. (Rtd) Otafiire…
Sudani y’epfo: Abanyamakuru 6 bari mu mazi abiri nyuma yo gukekwaho uruhare mu gusakaza amashusho ya perezida Salva Kiir yinyarira mu ruhame
Inzego zishinzwe umutekano muri Sudani y’Epfo zifunze abanyamakuru batandatu baba baragize uruhare mu gusakaza amashusho ya Perezida Salva Kiir ubwo yinyariraga mu ruhame. Tariki ya 13 Ukuboza 2022, Perezida Kiir yayoboye umuhango wo gufungura ku mugaragaro umuhanda wa Juba-Terekeka. Ubwo…
Benshi bibeshya ko ari ibyishimo buri gihe! Dore izindi mpamvu zose zishobora gutera umugore gutaka, kuniha cyangwa kurira igihe atera akabariro
Umuryango wagerageje kubakusanyiriza impamvu nyirizina zituma abagore bamwe na bamwe basakuza abandi bagatuza mu gihe cyo gutera akabariro. 1. Ikimenyetso cy’uko yishimye Impamvu ya mbere ituma umugore arira cyangwa ataka mu gihe cyo gutera akabariro, ngo ni ibyishimo birenze aba…
Dore ibiribwa ugomba kwirinda kurya niba witegura gutera akabariro kuko bituma katagenda neza
Hari ubwoko bw’ibiribwa utagomba kurya mbere yo gutera akabariro kuko byatuma iki gikorwa kitagenda neza ndetse bikaba byanakunanira burundu ,ibi bigaterwa nuko ushobora kumva utameze neza cyangwa umubiri wawe ugacika intege mu gihe wafashe ibi biribwa. 1. Coffee (Ikawa) Ikawa…
Nyaruguru: Umugabo yishe umugore we urw’agashinyaguro nyuma y’igihe bashinjanya gucana inyuma
Umugabo w’imyaka 40 witwaga Mwendangabo Alphonse, wari utuye mu mudugudu wa Sekera, akagari ka Uwacyiza, umurenge wa Muganza, akarere ka Nyaruguru, yiyahurishije umugozi nyuma yo kwica umugore we witwaga Mukamurenzi, amutemye ijosi no ku gitsina. Uyu mugabo yatemye kandi n’umwana…
Umwana w’imyaka 6 gusa yarashe mwarimu we nyuma yo gushyamirana
Umwana w’imyaka itandatu ari mu maboko ya polisi nyuma yo kurasa umwarimu mu ntara ya Virginia muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nk’uko abashinzwe polisi babivuga. Ibi byabaye nijoro kw’ishuri rito ry’ahitwa Richneck mu mujyi wa Newport News, nk’uko umukuru…
FARDC yakiriye izindi ntwaro zikomeye kandi zigezweho ivuga ko zizafasha mu guhashya M23
Igisirikare cya RD Congo gikomeje kwigwizaho ibitwaro bikomeye mu gihe mu burasirazuba bwacyo bwayongojwe n’intambara y’imitwe yitwaje intwaro irimo M23. Nyuma y’intwaro zikomeye Congo iherutse guhabwa n’Uburusiya, kuri uyu wa gatanu mu Mujyi wa Goma bakiriye inkunga y’intwaro nyinshi zigezweho…
Umugore yasabye gatanya n’umugabo we. Ibyo uyu mugabo yamukoreye we n’umuryango we ni agahomamunwa
Umugabo w’imyaka 42 yarashe abantu barindwi bo mu muryango we mbere y’uko nawe yiyica muri leta ya Utah muri Amerika nyuma y’uko umugore we asabye gatanya, nk’uko polisi ibivuga. Kuwa gatatu nijoro abashinzwe imibereho myiza barimo gukora igenzura basanze uyu…
Iyi ndwara yo kumungwa kw’amagufa yibasira benshi ikaba yanateza urupfu nyamara kuyirinda biroroshye cyane
Kurinda amagufwa yawe biroroshye kuruta uko ubitekereza. Sobanukirwa n’ibyo usabwa kwirinda mu buzima bwawe, bishobora kugira ingaruka ku magufwa yawe. Osteoporosis ni indwara ifata amagufa, cyane cyane igice cy’igufwa ry’itako, aho amagufa amungwa akaba yanavungagurika. Iyi ndwara ya osteoporosis iterwa…