Papa Benedict XVI yashyinguwe – Papa Francis akora amateka yaherukaga mu 1415
Papa Francis yayoboye umuhango wo gushingura Papa Benedict i Vatikani, rimwe akanyuzamo agakora ku sanduku ye ikoze mu mbaho mu misa yo kumusezeraho yabereye ku rubuga rwa Bazilika ya Mutagatifu Petero. Bwabaye ubwa mbere kuva mu 1802 Papa uriho ayobora…
Uwihaye Imana yiciriye ig1tsina imbere ya bagenzi be akoresheje icyuma kubera impamvu itangaje
Umwe mu bihaye Imana wo mu idini ry’Aba Budshiste yiciriye igitsina imbere ya bagenzi be kubera ko cyamusabaga ko yatera akabariro kandi atabyemerewe. Phra Oat wiciye igitsina, yajyanwe kwa muganga igitaraganya nyuma yo kwikata igitsina akoresheje icyuma hanyuma akavirirana bikomeye….
Umutoza Haringingo uri mu manegeka muri iyi minsi yasabwe ikintu gikomeye na Rayon Sports kugirango agume ku kazi
Umutoza Haringingo Francis Christian utoza Rayon Sports yatezwe imikino itatu ibanza mu gice cya kabiri cya Shampiyona, yananirwa kuyitsinda akazirukanwa. Amakuru aravuga ko uyu Murundi azirukanwa naramuka adatsinze imikino irimo uwa Musanze FC, Mukura Victory Sports n’uwa Kiyovu Sports. Rayon…
Umukunzi wa Cristiano Ronaldo yavuze ku makuru avuga ko bashobora gutandukana
Hari umunyamakuru uheruka gutangaza ko umwuka utameze neza hagati ya Cristiano Ronaldo n’umukunzi we Georgina Rodriguez ndetse ko bashobora gutandukana vuba. Ku mbuga nkoranyambaga byahise bidogera benshi bemeza ko aba bombi bari kurebana ay’ingwe ahanini bitewe n’umwuka mubi Ronaldo yavanye…
Dore umutoma ukomeye Miss Naomie yatewe n’umukunzi we ubwo yizihizaga isabukuru ye
Mu magambo aryoheye amatwi Michael Tesfay umukunzi wa Miss Nishimwe Naomie yamwifurije isabukuru nziza y’amavuko amwibutsa urwo amukunda. Ni ubutumwa yamwandikiye mugihe baryohewe n’ubuzima mu mujyi wa Dubai, aho basohokeye mu kwizihiza isabukuru y’amavuko y’uyu mukobwa ubitse ikamba rya Miss…
Imodoka yarimo abagenzi yafashwe n’inkongi y’umuriro gusa ibyababa kuri aba bagenzi ni ibitangaza
Imodoka yari itwaye abagenzi yaturitse ihita ifatwa n’inkongi y’umuriro nyuma gato y’uko abagenzi babonye ko ibintu bitagenda neza bagakizwa n’amaguru. Amashusho y’iyi bisi iri gushya yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko ibi bibereye ahitwa Greater Manchester. Umugabo umwe washyize aya…
Moses Turahirwa washinze inzu ya Moshions yasabye imbabazi abanyarwanda kubera amashusho ye yagiye hanze arimo gusambana n’undi mugabo
Moses Turahirwa washinze inzu ya Moshions ikora imideli, yasabye Abanyarwanda imbabazi nyuma y’amashusho ye aheruka kujya hanze asambana n’abagabo bagenzi be. Uyu musore ukomoka i Nyamasheke amaze igihe yarahindutse iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’amashusho ye aheruka kujya hanze…
Umwe mu bayobozi ba Rayon Sports yitabye Imana
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko Uwamariya Joselyne Fanethe wari umuyobozi wa Komite Ngenzuzi yayo yitabye Imana. Rayon Sports ibinyujije ku rubuga rwa Twitter rwayo yavuze ko Uwamariya yitabye Imana mu ijoro ryakeye, gusa ntiyatangaza icyo yaba yazize. Yunzemo iti:…
Rubavu: Umugabo Yishe mushiki we bavukana mu nda imwe ndetse babanaga mu nzu kubera impamvu itangaje
Umugabo wo mu Kagari ka Kinigi mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, ukurikiranyweho kwica mushiki we babanaga mu nzu imwe yarangiza akamushyingura, yemereye ubuyobozi ko ari we wabikoze kuko yamuzitiraga akamubuza kugurisha isambu basigiwe n’ababyeyi. Aba baturage bo…
Umunyamakuru yaciye ibintu nyuma yo gusohokana abagore babiri
Umunyamakuru wa Citizen TV witwa Stephen Letoo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira hanze ifoto yasohokanye n’abagore be babiri. Aba bose bafotowe bahuje urugwiro mu misozi, uyu mugabo yambaye nk’umu Maasai. Ashyira hanze iyi foto kuri Instagram, Letoo…