Rayon Sports yatangiye imyitozo iri kumwe na Héritier Luvumbu iherutse gusinyisha mu kwitegura Musanze FC iherutse kuyikora mu jisho – AMAFOTO
Héritier Luvumbu uheruka gusinya amasezerano y’amezi atandatu muri Rayon Sports yamaze gutangira imyitozo yitegura imikno yo kwishyura muri shampiyona y’u Rwanda. Rwatubyaye Abdul nawe yakoze imyitozo yoroheje hanze y’ikibuga, bivugwa ko shampiyona izagaruka ahageze neza.Hari icyizere ko kuwa 20 Mutarama…
M23 yishimiye kuba RDC yaremerewe kugura intwaro inahishura inyungu ibifitemo
Umutwe wa M23 watangaje ko udutewe ubwoba n’Abacanshuro b’Abarusiya baje gufasha FARDC ndetse ko bazabahata umuriro bakumirwa mu ntambara bazahuriramo. Canisius Munyarugero,Umuvugizi wungirije wa M23 mu bijyanye na Politiki, yabwiye UKWEZI TV ko bagize Imana FARDC yanahabwa intwaro nyinshi kuko…
FDA yatangaje ko umuti uvura SIDA wageze mu Rwanda – Gusa uzajya ubona umugabo usibe undi
FDA yatangaje umuti witwa (Sunlenca) nyuma yo gukorerwa ubushakashatsi basanze uyu muti uvura Sida, ariko ibiciro byawo bizabona umugabo bisibe undi. Ubu bushakashatsi bwakozwe ku moko abiri y’imiti, uwitwa Sunlenca nuwitwa Placebo. 87.5 by’abarwayi bahawe Sunlenca basanze virusi zaragabanutse mu…
Prince Kid agiye gusubizwa mu nkiko
Biteganijwe ko mu bihe biri imbere, urukiko rukuru ruzaburanisha bushya urubanza Ubushinjacyaha buregamo Ishimwe Dieudonne ‘Prince Kid’ wahoze ayobora amarushanwa ya Miss Rwanda, ushinjwa guhohotera bamwe mu bakobwa bayahatanyemo. Benshi batekereje ko iby’ikirego cy’ubushinjacyaha birangiye ku ya 2 Ukuboza 2022,…
Ibyo mu Bwongereza byamukurikiranye. Cristiano Ronaldo yahagaritswe muri Al Nassr aheruka gusinyamo
Cristiano Ronaldo uherutse kwerekanwa nk’umukinnyi mushya wa Al-Nassr yo muri Saudi Arabia, ntabwo yemerewe gukina imikino 2 ibanza ya shampiyona kubera ibihano yaherewe mu Bwongereza. Kuri uyu wa Kane Al-Nassr ifite umukino wa shampiyona izahuramo na Al Ta’ee, ndetse imyanya…
Nyuma y’uko abaganga bagizwe abere, uwapfushije umugore we nyuma yo kubagwa mu bitaro bya Baho yiyemeje kujurira
Paul Jabo, umupfakazi wa Chantal Ngwinondebe, umurwayi w’umugore wapfiriye mu Bitaro Mpuzamahanga bya Baho (BIH) muri Nzeri 2021 mu gikorwa cyo kubaga, yiyemeje kujuririra icyemezo cy’urukiko cyo kugira abere abaganga bakoze icyo gikorwa. Kuva mu mwaka ushize, Dr. Gaspard Ntahonkiriye,…
Iradukunda n’umunyamerika baburana ikibaza bitabye urukiko baburana mu mizi. Iradukunda ntiyemera ibyo kuba umukozi w’uyu mushoramari
Urukiko rw’Ibanze rwa Muhoza mu karere ka Musanze, rwatangiye kuburanisha urubanza Umunyamerika Allen Michael Becky aregamo Umunyarwanda Iradukunda Gilbert ku mutwarira ubutaka. Saa yine n’iminota 15 kuri uyu wa Gatatu tariki ya 04 Mutarama 2023, ni bwo urukiko rwatangiye kuburanisha…
Umurundikazi, Irangabiye wari warahungiye mu Rwanda akaza gutabwa muri yombi yakatiwe gufungwa imyaka 10
Umurundikazi Irangabiye Floriane wahoze aba i Kigali nk’impunzi mbere yo gutabwa muri yombi akajya gufungirwa iwabo, yakatiwe imyaka 10 y’igifungo kuri uyu wa Kabiri. Irangabiye yamenyekanye mu biganiro n’ibitangazamakuru bitandukanye byabaga bivuga ku ngingo zerekeye uburenganzira bw’ikiremwamuntu. Yari yaratawe muri…
Birababaje: Iyo yasabaga se amafaranga y’ishuri yamusabaga ko baryamana. Umukobwa yahishuye uko yaramanaga na se kugeza babyaranye
Joyce afite imyaka 25 yavukiye mu mugi wa Nakuru mu majyaruguru ya Nairobi akaba yarabyaranye na se nk’ikiguzi cyo kugirango amuhe amafaranga y’ishuri. Yakuriye mu muryango arerwa na mama we ndetse na se, akura akunda ishuri cyane ariko kubona amafaranga…
Dore ibyo ukwiye gukora amazi atararenga inkombe niba ujya ufuhira umukunzi wawe cyane
Menya uburyo bwiza bwagufasha kwirinda gufuhira umukunzi wawe cyane kuko ntacyo bishobora kubafasha mu rukundo rwanyu uretse kubasubiza inyuma. 1. Kwizerana Iyo ukundana n’umuntu ukaba umwiyumvamo by’ukuri kandi ukizera ko nawe agukunda by’ukuri,ntabwo wajya guhangayikishwa no kumufuhira umukekera n’ibyo udafitiye…