M23 yavuze ko igiye gufata undi mugi ukomeye
Umutwe wa M23 nyuma yo gufata agace ka Kisharo, watangaje ko ubu uhanze amaso agace ko mu misozi gaherereye mu bilometero bitatu uvuye mu gace ka Nyamilima. Agace ka Kisharo gaherereye muri Gurupoma ya Binza muri Teritwari ya Rutshuru mu…
Mukunzi Yannick n’umugore we bagiye gukora ikintu gikomeye nyuma y’igihe babana
Umukinnyi wo hagati w’Ikipe y’Igihugu Amavubi n’ikipe yo muri Suwede, Yannick Mukunzi, n’umugore we basanzwe bafitanye abana babiri, bageze kure imyiteguro y’ubukwe bwabo nyuma y’igihe babana. Yannick Mukunzi n’umugore we Iribagiza Joy basanzwe bafitanye abana babiri barimo imfura yabo Mukunzi…
Cristiano Ronaldo yarashe imbogo mu muhango wo kumwakira muri Al Nassr – AMAFOTO
Kizigenza Cristiano Ronaldo yakiriwe muri Al Nassr Football Club mu birori bikomeye byabaye ku mugoroba w’uyu wa Kabiri,tariki ya 03 Mutarama 2023. Cristiano Ronaldo n’umuryango we beretswe umuryango mugari wa Al Nassr muri ibi birori by’akataraboneka . Ibi birori byahagurukije…
Aho kuva mu duce 2 yasabwe kuvamo, M23 yafashe utundi duce tubiri
Nyuma y’umunsi umwe gusa M23 isabwe n’Ubuyobozi bw’ingabo zihuriwe n’Ibihugu bigize Umuryango w‘Afurika y’Iburasirazuba ziri mu Butumwa bwo kugarura amahoro n’Umutekano muri DRC, kuva muri Rumangabo na Kishishe, uyu mutwe warushijeho kwigarurira ibindi bice bitandukanye birimo Nyamilima na Gisharu muri…
Imibare y’abahitanwe no guturika kw’ikamyo ikomeje kwiyongera aho abenshi muri bo ari abaganga n’abaturage bari baje kureba impanuka
Impanuka yatumye habaho iturika ry’ikamyo yari itwaye gaz, iheruka kubera mu gace ko mu burasirazuba bw’umujyi wa Johannesburg, mu ijoro rya Noheli,yahitanye abagera kuri 34, barimo 10 b’abakozi bo mu bitaro byegereye agace yabereyemo.. Amakuru aravuga ko iyi mibira icyiyongera…
Nyuma y’uko Robertinho atandukanye na Vipers yo muri Uganda yahawe gutoza ikipe y’ikomeye
Umunya-Brésil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka Robertinho, yamaze kugirwa umutoza mukuru wa Simba Sports Club yo mu gihugu cya Tanzania. Iyi kipe y’i Dar es Salaam yahaye ikaze uyu mutoza wanyuze muri Rayon Sports ibicishije ku mbuga nkoranyambaga…
Dore ibimenyetso byakwere ko umukobwa agukunda ariko akaba atabikubwira
Abakobwa usanga bagorwa no kuba bafata iya mbere ngo abe yabwira umusore ko yamukunze gusa bimwe mu bikorwa bakora n’imyitwarire ibaranga bikaba byoroshye kumumenya mu gihe yahuye n’umusore uzi gushishoza. Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa agukunda ariko akabura aho ahera…
Ruhango: Bamwe mu baturage bari bishyiriyeho amategeko yo guhana abajura bamaze kubarembya
Akarere ka Ruhango katangaje ko kabwiye abatuye Umugugudu wa Ryakabungo , uherereye mu kagari ka Nyabibugu , umurenge wa Mwendo,ko batemerewe kwishyiriraho amategeko kandi uwihanira akurikiranwa hakurikijwe amategeko. Ibi byaje nyuma y’aho bamwe mu baturage batuye muri uyu Mudugudu babwiye…
Abanya-Argentine bakomeje gusaba Lionel Messi gutandukana n’umukunzi we
Abarenga ibihumbi 20,000 bamaze gusinya ku nyandiko (Petition) isaba ko rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Argentine, Julian Alvarez yatandukana n’umukunzi we Emilia Ferrero. Aba bararakaye cyane nyuma y’uko uyu mukobwa abujije uyu mukinnyi kujya kwishimana n’abafana igihe iyi kipe yariri kwishimira…
Elon Musk yashyizeho agahigo kabi katarakorwa n’undi muherwe wese ku Isi
Umuherwe Elon Musk usanzwe ari Umuyobozi Mukuru w’ibigo birimo Tesla (TSLA), SpaceX na Twitter, yashyizeho umuhigo wo kuba umuntu wa mbere ku Isi uhombye miliyari 200 z’amadorali ya Amerika. Uyu munyamerika wafatwaga nk’umuherwe wa mbere ku Isi yahombye uyu murengera…