Month: January 2023

Ntibisanzwe: Umugabo ufite uburebure bwa metero 2.80 kandi akaba agikura akomeje gutangaza benshi – AMAFOTO

Share this:

Ibitaro byo mu majyaruguru ya Ghana byatangaje ko biheruka gupima umugabo w’imyaka 29 witwa Sulemana Abdul Samed bigasanga afite uburebure bwa metero 2 na santimetero 83 kandi ko agikura. Ibi byamugize umugabo muremure kurusha abandi bose ku isi gusa ibi…

Share this:
Posted on

Abari bagiye kureba uko barasa umwaka kuri BK Arena batahanye agahinda gakomeye

Share this:

Abantu babarirwa mu 1,000 bari bitabiriye ibirori byo gusoza umwaka ku nyubako ya BK Arena batashye bimyiza imoso, nyuma yo gutegereza ibishashi by’umuriro byagombaga kuraswa bagaheba. Ahagana saa sita z’ijoro ubwo umwaka wa 2023 watangiraga, hirya no hino mu mujyi…

Share this:
Posted on

M23 yahawe igihe ntarengwa cyo kuba yarekuye utundi duce 2

Share this:

Ku wa Gatandatu tariki ya 31 Ukuboza 2022, Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) zasabye umutwe wa M23 kuba wamaze kuva mu duce twa Kishishe na Rumangabo, bitarenze ku wa Kane tariki ya 05 Mutarama 2023. Ni ibikubiye mu itangazo…

Share this:
Posted on

Abasore: Ibimenyetso 9 byakwereka ko umukobwa akuryarya kandi akubeshya urukundo

Share this:

Ese waba ukeka ko umukobwa ukunda akuryarya akakubeshya ko agukunda kandi hari ikindi yishakira? Niba bimeze gutya ntabwo uri wenyinye. Abagabo benshi bisanga mu rukundo rw’uburyarya aho abakobwa bishushanya bakabereka ko babakunda nyamara hari ikindi kibagenza. Urukundo rw’uburyarya rusiga uwabeshywe…

Share this:
Posted on

Perezida Kagame yahishuye uwatumye umubano hagati y’u Rwanda na RDC usubira irudubi

Share this:

Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu w’iki Cyumweru Perezida Paul Kagame yikomye amahanga ko yatumye ibintu birushaho kuzamba hagati y’igihugu cye na Repubulika ya Demokrasi ya Kongo. Ni mu ijambo yagejeje ku banyarwanda risoza umwaka wa 2022. Mu bidakunze kubaho avuga…

Share this:
Posted on

M23 yemeye kuva mu tundi duce 2 mu rwego rwo gukomeza kubahiriza imyanzuro ya Luanda

Share this:

Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’’Iburasirazuba zoherejwe kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo, zatangaje ko umutwe wa M23 wemeye kuva mu duce twa Kishishe na Rumangabo wari wafashe, mu rweo rwo kubahiriza ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu byo mu karere. Ni umwanzuro…

Share this:
Posted on

Papa Benedict XVI yitabye Imana ku myaka 95

Share this:

Uwahoze Pope Emeritus Benedict XVI yatabarutse nyuma y’imyaka 9 yeguye ku ntebe y’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi. Uyu Papa Benedicto XVI yitabye Imana aho yabaga i Vaticani, ku myaka 95, hafi imyaka 10 kuva yeguye kubera amagara make. Yabaye…

Share this:
Posted on

Umukobwa yahagaritse ubukwe bubura icyumweru kimwe ngo bube nyuma yo kuvumbura ikintu gitangaje ku wari ugiye kuba umugabo we

Share this:

Umugore yahishuye ko yahgaritse ubukwe yahoraga arota habura icyumweru 1 gusa ngo butahe nyuma yo kuvumbura ko umugabo we areba firime z’urukozasoni. Umukunzi wa Claire yari yarahishe iri banga mu myaka 4 yose bari bamaze bateretana. Ubwo Claire yabivumburaga yarababaye…

Share this:
Posted on