Ntibisanzwe: Umugabo ufite uburebure bwa metero 2.80 kandi akaba agikura akomeje gutangaza benshi – AMAFOTO
Ibitaro byo mu majyaruguru ya Ghana byatangaje ko biheruka gupima umugabo w’imyaka 29 witwa Sulemana Abdul Samed bigasanga afite uburebure bwa metero 2 na santimetero 83 kandi ko agikura. Ibi byamugize umugabo muremure kurusha abandi bose ku isi gusa ibi…
Abari bagiye kureba uko barasa umwaka kuri BK Arena batahanye agahinda gakomeye
Abantu babarirwa mu 1,000 bari bitabiriye ibirori byo gusoza umwaka ku nyubako ya BK Arena batashye bimyiza imoso, nyuma yo gutegereza ibishashi by’umuriro byagombaga kuraswa bagaheba. Ahagana saa sita z’ijoro ubwo umwaka wa 2023 watangiraga, hirya no hino mu mujyi…
M23 yahawe igihe ntarengwa cyo kuba yarekuye utundi duce 2
Ku wa Gatandatu tariki ya 31 Ukuboza 2022, Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) zasabye umutwe wa M23 kuba wamaze kuva mu duce twa Kishishe na Rumangabo, bitarenze ku wa Kane tariki ya 05 Mutarama 2023. Ni ibikubiye mu itangazo…
Abasore: Ibimenyetso 9 byakwereka ko umukobwa akuryarya kandi akubeshya urukundo
Ese waba ukeka ko umukobwa ukunda akuryarya akakubeshya ko agukunda kandi hari ikindi yishakira? Niba bimeze gutya ntabwo uri wenyinye. Abagabo benshi bisanga mu rukundo rw’uburyarya aho abakobwa bishushanya bakabereka ko babakunda nyamara hari ikindi kibagenza. Urukundo rw’uburyarya rusiga uwabeshywe…
Perezida Kagame yahishuye uwatumye umubano hagati y’u Rwanda na RDC usubira irudubi
Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu w’iki Cyumweru Perezida Paul Kagame yikomye amahanga ko yatumye ibintu birushaho kuzamba hagati y’igihugu cye na Repubulika ya Demokrasi ya Kongo. Ni mu ijambo yagejeje ku banyarwanda risoza umwaka wa 2022. Mu bidakunze kubaho avuga…
M23 yemeye kuva mu tundi duce 2 mu rwego rwo gukomeza kubahiriza imyanzuro ya Luanda
Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’’Iburasirazuba zoherejwe kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo, zatangaje ko umutwe wa M23 wemeye kuva mu duce twa Kishishe na Rumangabo wari wafashe, mu rweo rwo kubahiriza ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu byo mu karere. Ni umwanzuro…
Papa Benedict XVI yitabye Imana ku myaka 95
Uwahoze Pope Emeritus Benedict XVI yatabarutse nyuma y’imyaka 9 yeguye ku ntebe y’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi. Uyu Papa Benedicto XVI yitabye Imana aho yabaga i Vaticani, ku myaka 95, hafi imyaka 10 kuva yeguye kubera amagara make. Yabaye…
Umukobwa yahagaritse ubukwe bubura icyumweru kimwe ngo bube nyuma yo kuvumbura ikintu gitangaje ku wari ugiye kuba umugabo we
Umugore yahishuye ko yahgaritse ubukwe yahoraga arota habura icyumweru 1 gusa ngo butahe nyuma yo kuvumbura ko umugabo we areba firime z’urukozasoni. Umukunzi wa Claire yari yarahishe iri banga mu myaka 4 yose bari bamaze bateretana. Ubwo Claire yabivumburaga yarababaye…