Hari ibidakinishwa: Umugore yishyuye undi mugore kugirango agerageze umugabo we amenye ko adashobora kumuca inyuma ibyamubayeho ni agahomamunwa
Urugo rwari rumaze imyaka 5 rwasenyutse nyuma y’uko umugore asabye mugenzi we kumufasha kugerageza umugabo we kugirango arebe niba adashobora kumuca inyuma. Uyu mugore utari wizeye neza ko umugabo we ashikamye mu rukundo no kubaka urugo, yasabye umugore mugenzi we…
Luvumbu Nzinga Héritier ntazakina umukino wa Rayon Sports na Musanze FC
Rutahizamu Luvumbu Nzinga Héritier ntazakina umukino Rayon Sports izakiramo Musanze FC ku wa Kabiri kuri Stade ya Muhanga. Amakuru aravuga ko ibyangombwa bye bitaraboneka gusa ashobora kuzakina uzakurikiraho. Amaso y’abakunzi ba Rayon Sports ahanzwe Umunye-Congo, Nzinga Héritier Luvumbu, uherutse gusinya…
Harmonize yavuze ko yifuza kubona ubwenegihugu bw’U Rwanda
Umuhanzi w’Umunya-Tanzania Rajab Abdul Kahali wamamaye ku mazina ya Harmonize muri muzika yatangaje ko yifuza ubwenegihugu bw’u Rwanda. Harmonize ari mu Rwanda mu butembere no kwagura umubano afitanye na Bruce Melodie bafitanye ubucuti budasanzwe muri iki gihe. Uyu muhanzi w’imyaka…
USA: Undi mugabo yishe abantu 7 abarashe
Umugabo witwaje intwaro yishe abantu barindwi mbere y’uko atabwa muri yombi muri California kuwa mbere, iminsi ibiri gusa nyuma y’uko ikindi gikorwa cyo kurasa abantu mu kivunge kiciwemo abagera kuri 11 muri iyo leta. Iki gitero gishya cyabereye ahantu habiri…
Urukiko rwasobanuye impamvu Edouard Bamporiki wamaze kugezwa muri gereza yagabanyirijwe ibihano
Urukiko rukuru rwahanishije Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’umuco,igihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu y’amafaranga miliyoni 30. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha bifitanye isano na ruswa mu gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko mu nyungu ze bwite. Urukiko rwavuze…
Rayon Sports yatangaje ibiciro byo kureba umukino wayo na Musanze FC
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ibiciro byo kwinjira ku mukino izakiramo Musanze FC kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Mutarama 2023 birimo ibihumbi 2000 FRW ahasanzwe. Uyu mukino uteganyijwe ku munsi w’ejo guhera saa cyenda n’igice (15h30) kuri Stade ya…
Meddy yutswe inabi n’abafana baramwibasira cyane kubera ubutumwa yashyize kuri Twitter
Abahanga bavuga ko ikinaniye ifaranga ujugunya ndetse ko aho ifaranga rikubise hahita horoha, cyakora kuri Meddy bisa nk’aho atariko bimeze kuko yivugiye ko kuri we amafaranga adasobanuye byose. Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, umuhanzi Meddy yahishuye ko amafaranga adasobanuye…
Perezida Tshisekedi yanze guhurira na Kagame mu biganiro muri Qatar
Perezida Félix-Antoine Tshisekedi wa RDC yanze guhura na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame mu muhuro wari uteganyijwe kuri uyu wa Mbere muri Qatar. Radio Okapi yavuze ko Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yanze kujya muri Qatar nyamara ku ruhande rw’u Rwanda…
Dore ingaruka mbi cyane zo gukoresha telefoni uri mu bwiherero
Telefone ngendanwa ni igikoresho gifite umumaro ukomeye mu buzima,Ubushakashatsi bwerekana ko abantu bagera kuri 75 ku ijana bakoresha telephone zabo iyo bari mu bwiherero ariko inzobere mu buzima zihwitura abantu kureka uyu muco kuko biba ari ugushira ubuzima mu kaga….
Bisobanuye iki kurota uryamanye n’umusore cyangwa umukobwa? Sobanukirwa
Ni kenshi wumva abatu bavuga ko barota barimo gutera akabariro ,hakaba n’ababyita kwiroteraho ,mu mvuga za kiganga byitwa Sexsomnia ,bukaba bugereranywa n’uburwayi bujyanye n’ubuzima bwa muntu mu bijyanye no gusinzira, mu ndimi z’amahanga babyita Sleep disorders. Umuhanga mu buvuzi bw’indwara…