IPRC-Kigali yibasiwe n’inkongi y’umuriro byinshi birangirika
Inkongi y’umuriro yibasiye amacumbi y’abanyeshuri muri IPRC-Kigali mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, hahiramo ibikoresho byinshi nk’ibitanda ndetse n’ibindi by’abanyeshuri. Iyi nkongi y’umuriro yibasiye iyi nyubako y’ishuri ryisumbuye riba mu ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro rizwi nka IPRC- Kigali….
Lionel Sentore yatunguwe no kumva ko umugore we wamamaye nka Bijoux muri Bamenya yabyaye abibwiwe n’umunyamakuru
Umuhanzi Lionel Sentore wageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa 22 Mutarama 2023, yavuze ko yatunguwe no kumenyera mu Rwanda ko umugore we Munezero Aline wamamaye nka Bijoux, yabyaye. Ibi uyu musore wihebeye umuziki gakondo utuye ku mugabane…
USA: Uwakekwagaho kwica abantu 10 yasanzwe mu modoka yapfuye
Polisi yo muri California ivuga ko ukekwaho kwica arashe abantu 10 mu nzu yigisha kubyina hafi y’umujyi wa Los Angeles ari umugabo ukomoka muri Aziya w’imyaka 72, nyuma basanze yapfuye mu modoka y’umweru. Huu Can Tran, basanze yirashe ndetse yahise…
Sandra Teta na Derek wo muri Active bongeye kugaragara bahuje urugwiro nyuma y’imyaka myinshi batandukanye mu rukundo
Sandra Teta yongeye kugaragara yahuje urugwiro na Derek wo muri Active bakanyujijeho mu rukundo nyuma y’imyaka myinshi batagararagara mu ruhame bari kumwe. Nubwo ari urukundo rutamaze imyaka myinshi, abarufaniye mu itangazamakuru bashobora kukubwira ko rwamaze igihe kinini. Ni urukundo rwagarutsweho…
Umunyamakuru John Williams Ntwali yashyinguwe mu karere ka Kamonyi
Abantu babarirwa mu magana barimo abagize umuryango we, inshuti ze, n’abanyamakuru bitabiriye gushyingura umunyamakuru John Williams Ntwali mu karere ka Kamonyi mu Rwanda. Uretse amateka y’ubuzima bwe yavugiwe mu rusengero nta byinshi byavuzwe ku mirimo ye cyangwa ku rupfu rwe…
Umugeni yahagaritse ubukwe bari kuri Alitari ategeka umusore ibyo agomba kumuha bitaba ibyo ntibasezerane. Reba ikintu gitangaje umusore yakoze
Umugeni yahagaritse amasezerano ahakanira umugabo kumwambika impeta ataramugurira umupira wo kwambara n’inkweto. Kuwa Gatandatu muri paruwasi Gatolika ya Kanyinya, muri Diyosezi ya Kirundo mu gihugu cy’u Burundi habereye ibidasanzwe ubwo umusaseridoti yari agiye gusezeranya abageni agatungurwa n’uko umukobwa yigaritse umusore…
Umusore yahishuye uko byagenze akisanga arimo gutera akabariro n’umukunzi we hejuru y’imva ya se
Binyuze mu kiganiro My Deep Secret gikorwa na Sly mu gihugu cya Kenya, aho aganiriza abantu bakamubwira ibanga rikomeye bazi ry’ibyo bakoze ariko kandi bakaba bararihishe abantu batarizi, umusore yahishuye ko yigeze guterera akabariro ku gituro cya Se ari kumwe…
Umusaza w’imyaka 99 yavumbuye ko umugore we bamaranye imyaka 77 babana yamucaga inyuma. Reba ikintu kibabaje yamukoreye
Uyu musaza w’imyaka 99 yahisemo gutandukana n’umugore we bari bamaranye imyaka 77 bashyingiranwe nyuma yo kuvumbura ko mu myaka 60 ishize yamuciye inyuma. Mbere gato ya Noheri ni bwo uyu musaza yavumbuye ko umugore we w’imyaka 96 yamuciye inyuma mu…
Dore ibintu bibi cyane bizakubaho niba uryamira mu gitondo(urama birenze urugero)
Gusinzira mu buzima bw’umuntu ni igikorwa cy’ingenzi cyane , ari nayo mpamvu mu masaha 24 umunsi ugira , amenshi muri yo umuntu ariyo akoresha aryamye kurenza ibindi bikorwa byinshi akora bitandukanye muri ayo masaha. Kuryama uko bikwiye abahanga bavuga ko…
Amafoto – Abagabo banyu mushake aho mubahisha kuko ibere ryanjye rirahagaze – ISIMBI noeline nyuma yo kwibagisha
Isimbi Noeline wamamaye ubwo yitabiraga Miss Rwanda nyuma akinjira mu by’amashusho y’urukozasoni, ibyo avuga ko we byamuhinduriye ubuzima, yahishuye ko yanyuze mu bubabare bukomeye ubwo yibagishaga amabere ngo abashe gukurura abagabo benshi. Mu kiganiro yanyujije kuri konti ye ya youtube…