Month: January 2023

Miss Naomie yateye umutoma umukunzi we ubwo yizihizaga isabukuru y’amavuko

Share this:

Miss Nishimwe Naomie yifurije umukunzi we Michael Tesfy isabukuru nziza y’amavuko, amuha isezerano ry’uko azaguma gusenga kugira ngo akomeze kuba umuntu mwiza nk’uwo ariwe. Mu mitoma iteye ubwuzu bwinshi cyane, miss Nishimwe Naomie yabwiye umukunzi we ko itariki 20 Mutarama…

Share this:

Cristiano Ronaldo bongeye guhanganira mu kibuga mu mukino warumbutsemo ibitego

Share this:

Kizigenza Cristiano Ronaldo utaherukaga mu kibuga,yatowe nk’umukinnyi w’umukino ubwo ikipe yari ayoboye ya Riyadh All-Star yatsindwaga na PSG ibitego 5-4. Uyu mukino wa gicuti wabereye ku kibuga King Fahd International Stadium muri Saudi Arabia,ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane,…

Share this:

Dore ibimenyetso 6 byakwereka ko uri mu rukundo rw’umwimerere

Share this:

Urukundo rugira umwihariko ndetse rukagira ibiruranga. Abahanga bavuga ko urukundo rugira ayaryo kubera gushoberwa mu gihe babonye ibidasanzwe cyangwa abahungabanyijwe naryo. Buri wese iyo akiri umwana yarotaga kuzagira umuryango mwiza, arota kuzagira umugore cyangwa umugabo umukunda ubundi bigahindurwa n’iminsi cyangwa…

Share this:

Fridaus yongeye gushyira mu majwi Ndimbati babyaranye

Share this:

Uwihoreye Jean Bosco wamamaye ku mazina ya Ndimbati muri sinema nyarwanda, yongeye gushyirwa mu majwi na Fridaus babyaranye ko yanze gutanga indezo ku bana babyaranye. Mu kiganiro yagiranye na shene ya youtube ya MIE Empire kuri uyu wa 18 Mutarama…

Share this:

Nyambo muri Firime umuturanyi yafashe umukunzi we ari hejuru y’undi mukobwa ibyo yabakoreye biratangaje

Share this:

Umukinnyikazi wa Filime nyarwanda Nyambo, yavuze ukuntu umusore bakundanaga yamusanze arimo kumuca inyuma bikamubabaza ku buryo bukomeye. Uyu mukobwa avuga ko yaguye ku mukunzi we ari hejuru y’undi mukobwa ndetse uwo mukobwa akaba yari inshuti magara ya Nyambo. Ubwo Nyambo…

Share this:

Leta y’U Rwanda irashinja RDC guca amarenga yo kurugabaho ibitero

Share this:

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye uburyo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwirengagiza ingingo zikomeye zemerejwe mu nama ya Luanda, ahubwo igakoresha imvugo zisa n’izica amarenga yo kurugabaho ibitero. Itangazo ry’u Rwanda rivuga ko imyigaragambyo y’abaturage ba Goma yo…

Share this:

Kigali: Umukobwa yaryamanye n’abagabo 2 birangiye banga kumwishyura nk’uko bari babisezeranye. Reba ikintu gitangaje yakoze

Share this:

Mu karere ka Kicukiro, mu murenge wa Kigarama haravugwa inkuru y’Umukobwa usanzwe ukora umwuga wo kwicuruza wakuyemo imyenda kubera ko abagabo baryamanye banze kumwishyura amafaranga bari bumvikanye. Ibi byabereye mu mudugudu wa Rutoki aho uyu mukobwa yaje kuryamana n’abagabo babiri…

Share this:

Ibintu 6 by’ingenzi bagufasha kutarangiza mu isegonda rimwe igihe utera akabariro

Share this:

Akabariro ni igikorwa cyakagombye kuba hagati yabashakanye bumva neza ibyo bakora kandi baharanira gutanga ibyishimo hagati yabo bombi ntawuhenze undi. Bumwe mubushakashatsi bukorwa n’inzobere mu by’imikorere y’ibitsina bugaragazako abagabo benshi bibasiwe n’ikibazo cyo kurangiza imburagihe (premature ejaculation) mu gihe bakora…

Share this:

Umwana wa Perezida yagurishije indege y’igihugu mu ibanga

Share this:

Umwe mu bana ba Perezida wa Equatorial Guinea yatawe muri yombi azira kugurisha mu buryo butemewe indege ya kompanyi y’igihugu. Uyu mwana wa Perezida witwa Ruslan Obiang Nsue,arashinjwa kugurisha indege ya national airline,nkuko TV y’igihugu yabitangaje ku wa Kabiri. Perezida…

Share this:

Duhombye undi musore – Amafoto ya Davis D akomeje kuvugisha benshi – AMAFOTO

Share this:

Ni imwe mu mafoto uyu muhanzi yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram, aho yayaherekeje ijambo ryo mu rurimi rw’igifara ” je m’en fous” bisobanuye ngo Simbyitayeho. Imwe muri aya mafoto yashyizwe ku rubuga rwa Twitter n’uwiyise NO-BRAINER ayiherekeza amagabo agira…

Share this: