Bijoux yyibarutse ubuheta
Munezero Aline wamenyekanye muri Sinema Nyarwanda by’umwihariko Filime y’uruhererekane izwi nka Bamenya akinamo yitwa Bijoux yibarutse umwana wa kabiri amakuru amaze igihe yaragizwe ibanga rikomeye. Bijoux yibarutse uyu mwana nyuma y’amakuru yavuzwe y’uko yatandukanye na Lionel Sentore bari barakoze ubukwe…
Kigali: Umugore wishe umugabo we afatanyije na basaza be yavuze uko byagenze ahamya ko yicuza ibyo yakoze
Mukamazimpaka Shanitah wahamijwe icyaha cyo kwica umugabo we afatanyije na basaza be babiri yatakambiye Urukiko Rukuru, asaba kugabanyirizwa ibihano, nyuma yo kwirega yagaragaje kwicuza no kurira. Shanita na basaza be babiri ubwo baburanaga ubujurire ku gihano cya burundu bakatiwe n’Urukiko…
Abasore: Dore ibimenyetso 5 byakwere ko umukobwa mukundana utazamushobora nimuramuka mubanye
Umukobwa utereta ushobora kuba ubona ari umwana mwiza, atuje, ndetse biryoshye kuba impande ze nyamara ushobora gusanga hari ibimenyetso byerekana ko atandukanye n’uwo ari we mbese ugasanga arishushanya kugirango mukundane. Nubona kimwe muri ibi bimenyetso uzitonde kuko ari ibimenyetso bikwereka…
Miss Mutesi Aurore yongeye kambikwa impeta n’umusore bari mu munyenga w’urukundo bivugwa ko ari umuherwe muri USA – AMAFOTO
Miss Mutesi Kayibanda Aurore wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2012, yambitswe impeta n’umuherwe wo muri Amerika, nyuma yo gutandukana na Egide bashakanye. Miss Aurore Kayibanda yambitswe impeta n’umuherwe wo muri Amerika nyuma y’igihe atandukanye na Egide Mbabazi bamaranye igihe mu…
Couples zatwitse muri 2022 n’ubu rukaba rukigeretse – AMAFOTO
Zimwe muo Couple zatigishije imbugankoranyambaga muri 2022 kubera ibihe byiza bagiye bagirana bakabisangiza ababakurikira ndetse benshi bakagaragaza ko bishimiye uburyohe bw’urukundo barimo. 1. Shaddyboo & Manzi Jeannot Shaddyboo umaze igihe atigisa imbuga nkoranyambaga z’u Rwanda, yari amaze imyaka myinshi avuga…
Yafashwe ku ngufu ari gukoropa yambaye isume yonyine – Ubuhamya bw’umukozi wo mu rugo
Umukobwa w’imyaka 18, uvuka mu Kagari ka Murama, mu Murenge wa Bweramana wo mu Karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo avuga ko nyuma y’ibyumweru bitatu n’igice atangiye gukora akazi ko mu rugo mu Mujyi wa Kigali yaje gusagarirwa n’umusore baturanye…
Yatabarutse ku myaka 118 nyuma yo kubona abaperezida 27 b’igihugu cye basimburana
Umubikira w’Umufaransa wari ushaje cyane kurusha abandi ku Isi, Lucile Randon, yitabye Imana ku imyaka 118. Yafashe izina rya Sister André igihe yafataga icyemezo cyo kwiyegurira Imana mu 1944, yapfiriye mu bitotsi mu kigo cyita ku bageze mu za bukuru…
Goma: Abigaragambyaga bamagana ingabo za EAC bahuye n’akaga gakomeye. Uko byari byifashe
Ubwo Polisi ya Congo yarasaga ibyuka biryana mu maso, abanyamakuru batatu bakomeretse bikomeye abandi barafatwa bajya guhatwa ibibazo. Freddy Ruvunangiza ukorera ikinyamakuru LA PLUNNELLERDC na Justin Kabumba wa 24 mu Mujyi wa Goma bari mu batawe muri yombi. Ni mu…
Kigali: Yabeshye umugore we ko agiye gukorera mu ntara ajya gusambana n’umukozi wabo wo mu rugo. Reba ibimubayeho
Umugore wo mu Murenge wa Kigali mu Mujyi wa Kigali yaguye gitumo umugabo we aryamanye n’umukozi wo mu rugo rwabo, mu gihe yari yamubwiye ko agiye gukorera mu Ntara. Ahagana saa yine n’igice z’igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki…
Gakenke: Hatahuwe abantu babiri bari bafungiye mu rugo rw’umuturage umwe azirikishije iminyururu
Mu rugo rw’umuturage mu Murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke, bahasanze abaturage babiri bari baziritse barimo uwari uzirikishije iminyururu n’ingufuri, aho bivugwa ko uru rugo ari urw’umuvuzi gakondo wabavuraga imyuka mibi yabasaritse. Abasanzwe muri uru rugo ruherereye mu Mudugudu…