Month: January 2023

Ku myaka 89 akiri imanzi yashyingiranwe n’umugore w’imyaka 40 bamaze imyaka 20 bakundana – AMAFOTO

Share this:

Umusaza w’imyaka 89 uvuga ko yari akiri imanzi yarongoye umukobwa w’imyaka 40 ufite abana batatu yabyaye mbere y’uko babana. Aba bombi, Johana Maritim Butuk na Alice Jemeli, batuye mu ntara ya Uasin Gishu,muri Kenya,bambikanye impeta tariki 14 uku kwezi kwa…

Share this:

USA: Abantu basaga 8 barasiwe mu birori byo kwibuka Martin Luther King

Share this:

Byibuze abantu umunani bakomerekeye mu iraswa ryabereye mu birori byabereye muri Leta ya Florida yo muri Amerika mu rwego rwo kwibuka impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Dr. Martin Luther King, Jr. mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere ushize. Iraswa ryabereye…

Share this:

Gen. Muhoozi umuhungu wa perezida Museveni yongeye kuvuga ko uko byagenda kose azayobora Uganda

Share this:

Umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye gutangaza ko afite umugambi wo kuyobora Uganda. Ni mu butumwa yanyujije kuri Twitter ye aho yashimangiye ko byanga byakunda azayobora Uganda. Ati: “Amahirwe atonesha abana b’Imana! Umunsi umwe…

Share this:

Ntibisanzwe: Umugabo yihinduye umukobwa ajya gusaba akazi mu rugo rw’uwo bahoze babana bakanabyarana. Reba ikintu gitangaje cyabaye

Share this:

Ni inkuru itangaje ariko yagizwe impano n’umugabo watetse imitwe kugira ngo abone akazi mu rugo rw’umugore bahoze babana ndetse bakanabyarana. Uyu mugabo byamwanze mu nda ashaka kwirerera abana ari umukozi wabo. Uyu mugabo wo mu gihugu cya Kenya uzwi ku…

Share this:

Mu kugerageza umugore we yahaye umugabo amafaranga ngo aze aterete uyu mugore kugeza baryamanye. Reba ikintu gitanga cyabaye

Share this:

Uyu mugabo ngo yari amaze igihe akeka umugore we ko amuca inyuma cyangwa se ashobora kubirkora mu gihe yaba abonye uburyo. Maze yigira inama yo gukoresha incuti ye ndetse ayishyura amafaranga. Uyu mugore ni we ubwo witangiye ubuhamya. Yagize ati:…

Share this:

Umunyarwandakazi ari mu munyenga w’urukundo na Simon Danczuk wahoze ari Depite mu Bwongereza

Share this:

Simon Danczuk wahoze ari umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza wirukanywe kubera ubutumwa bw’urukozasoni yoherereje umwana w’umukobwa, aritegura kurushinga n’umunyarwandakazi Uwimana Claudine w’imyaka 28. Uyu mugabo w’imyaka 56 yari mu Nteko Ishinga Amategeko hagati ya 2010 na 2017 ariko…

Share this:

Gasabo: Ikamyo yakoze impanuka ihitana umuntu umwe

Share this:

Mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, habereye impanuka y’ikamyo yari ipakiye itaka, bikekwa ko yabuze feri ubundi ikagenda igonga ibyo yasangaga mu cyerekezo yari irimo birimo n’indi modoka yangije cyane ndetse ikagwamo n’umwe mu…

Share this:

Ni akumiro: Umugabo yatashye asanga inzu ye yahiye yakongotse

Share this:

Itangishaka James usanzwe ari umu ‘Bouncer’ ukorana bya hafi na The Mane Music, yatunguwe no kuva ku kazi asanga inzu ye yahiye yakongotse ku buryo nta kintu na kimwe cyarokotsemo. Uyu musore usanzwe akorana na The Mane Music ariko ntibimubuze…

Share this:

Gasabo: Umugabo yimanitse mu kagozi arapfa kubera impamvu itangaje

Share this:

Ku Mugoroba wo kuri iki cy’umweru tariki ya 15 Mutarama 2023 umugabo witwa Ringuyeneza Jean Bosco w’imyaka 28 y’amavuko wari utuye mu Mudugudu wa Gikingo ,AKagari ka Bweramvura mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Gasabo, yiyahuye akoresheje umugozi nyuma…

Share this:

Kayonza: Umukobwa yiciwe mu muhanda abantu bakeka ko yahohotewe

Share this:

Abaturage bo mu Murenge wa Ruramira mu Karere ka Kayonza, bashenguwe no gusanga umurambo w’umukobwa ukiri muto batazi, basanze mu muhanda, aho bikekwa ko yahotowe n’abagizi ba nabi bakagerageza gusibanganya ibimenyetso kuko banahasanze irangamuntu ya nyakwigendera bayicagaguye. Uyu murambo wabonywe…

Share this: