RDC: Igisasu cyaturikiye mu rusengero gihitana abagera kuri 5
Abantu barenga 5 bapfuye abandi barenga 15 barakomereka ubwo igisasu cyaturikiraga mu rusengero rwa Communauté des Églises Pentecôtistes du Congo (CEPAC) mu gace ka Kasindi muri Kivu y’Amajyaruguru hafi y’umupaka wa Uganda. Reuters ivuga ko iki gisasu cyaturitse kuri iki…
Ian Kagame mu basirikare barinda Perezida Kagame
Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame,yagaragaye mu barinda se nyuma y’amezi make ahawe ipeti rya sous lieutenant. Uyu musirikare ukiri muto, aheruka kwinjira igisirikare tariki 04 Ugushyingo, 2022 ubwo we na bagenzi be barahiriraga kwinjira mu ngabo z’u Rwanda,…
Babamaranye iminsi 5 iwabo barababuze. Abasore 2 bakurikiranweho gusambana abana b’abakobwa biga mu ishuri ryisumbuye
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abasore babiri bakurikiranyweho gusambanya abana bikekwa ko bakoreye abakobwa babiri b’abanyeshuri, bakaba bari baburiwe irengero mu minsi ishize. Aba bana babiri baburiwe irengero ku wa Mbere tariki ya 9 Mutarama 2023…
USA yabwiye RDC uburyo bworoshye bwayifasha gukemura ikibazo cya M23
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Antony Blinken yasabye RDC kugira uruhare mu gutuma amasezerano ya Luanda yubahirizwa kuko ngo nibyo byayifasha gukemura ikibazo cya M23. Ibi byavugiwe mu kiganiro Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi,yagiranye…
Abanyamurenge bari mu mazi abira kubera ibyo ingabo za FARDC ziyemeje kubakorera
Abanyamulenge batuye ahitwa Minembwe barahangayitse kubera ko ingabo za Leta ya RDC ziyimeje gufatanya n’iz’u Burundi bagatsemba umutwe wa Twirwaneho usanzwe ubarinda. Raporo yatanzwe n’umuryango w’Abanyamulenge ivuga ko ku wa 11 Mutarama 2023 mu nama yabereye i Madegu hemejwe ibitero…
Ikipe ya Morocco byarangiye yitabiriye Chan2023
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Maroc yavuze ko amaherezo ikipe y’igihugu cyabo izitabira Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2022)cyatangiye muri Algeria. Ibi bije nyuma yo gutangaza ku wa kane ko iki gihugu gihagaritsekuzitabira iri rushanwa kubera ko…
Abasore: Dore ibintu 2 by’ingenzi ugomba kwitega igihe umukobwa akubwiye ati: “Nzabitekerezaho”
Kenshi usanga abasore ari bo batereta abakobwa ndetse bakaba aba mbere gusaba umukobwa ko bakundana. Ese wakwitaga iki igihe umukobwa akubwiye ko azabitekerezaho? Ukobwa ashobora kubwira umusore ko azabitekerezaho asubiza bimwe mu bibazo nk’igihe umusore amusabye kuzamusohokana, amusabye ko bakundana…
Ntibisanzwe: Umusore w’imyaka 17 yateye inda abakobwa 10 muri gahunda y’umushinga utangaje
Polisi yo mu ntara ya Rivers muri Nigeria yatangaje ko yafunze umwana w’imyaka 17 akekwaho icyaha cyo gutera inda abakobwa 10 yasambanyije. Uyu mwana w’umuhungu witwa Noble Uzuchi bivugwa ko yabifashijwemo n’uwitwa Chigozie Ogbonna w’imyaka 29 bafatanyije uruganda rw’abana. Abagore…
Ikipe ya Morocco ntizitabira CHAN2023 ibura amasaha make ngo itangire
Ikipe y’igihugu ya Maroc yatangaje ko itazitabira irushanwa rya CHAN 2023 kubera impamvu za dipolomasi ziri hagati y’ibihugu byombi. Harabura amasaha make gusa ngo irushanwa rya CHAN 2023 ritangire muri Algeria guhera ku wa Gatanu, tariki ya 13 Mutarama 2023,…
M23 yagiranye ibiganiro na Kenyatta imusaba ikintu gikomeye
Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya,Umuhuza mu bibazo by’umutekano muke muri RDC, yagiranye ibiganiro n’abayobozi b’Umutwe wa M23,kuri uyu wa 12 Mutarabana 2023. Ibi biganiro byabereye I Nairobi muri Kenya,byagarutse ku bikorwa byo kubahiriza imyanzuro yafashwe n’abakuru b’ibihugu byo…