Month: January 2023

RDC: Igisasu cyaturikiye mu rusengero gihitana abagera kuri 5

Share this:

Abantu barenga 5 bapfuye abandi barenga 15 barakomereka ubwo igisasu cyaturikiraga mu rusengero rwa Communauté des Églises Pentecôtistes du Congo (CEPAC) mu gace ka Kasindi muri Kivu y’Amajyaruguru hafi y’umupaka wa Uganda. Reuters ivuga ko iki gisasu cyaturitse kuri iki…

Share this:

Ian Kagame mu basirikare barinda Perezida Kagame

Share this:

Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Paul Kagame,yagaragaye mu barinda se nyuma y’amezi make ahawe ipeti rya sous lieutenant. Uyu musirikare ukiri muto, aheruka kwinjira igisirikare tariki 04 Ugushyingo, 2022 ubwo we na bagenzi be barahiriraga kwinjira mu ngabo z’u Rwanda,…

Share this:

Babamaranye iminsi 5 iwabo barababuze. Abasore 2 bakurikiranweho gusambana abana b’abakobwa biga mu ishuri ryisumbuye

Share this:

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abasore babiri bakurikiranyweho gusambanya abana bikekwa ko bakoreye abakobwa babiri b’abanyeshuri, bakaba bari baburiwe irengero mu minsi ishize. Aba bana babiri baburiwe irengero ku wa Mbere tariki ya 9 Mutarama 2023…

Share this:

USA yabwiye RDC uburyo bworoshye bwayifasha gukemura ikibazo cya M23

Share this:

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Antony Blinken yasabye RDC kugira uruhare mu gutuma amasezerano ya Luanda yubahirizwa kuko ngo nibyo byayifasha gukemura ikibazo cya M23. Ibi byavugiwe mu kiganiro Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi,yagiranye…

Share this:

Abanyamurenge bari mu mazi abira kubera ibyo ingabo za FARDC ziyemeje kubakorera

Share this:

Abanyamulenge batuye ahitwa Minembwe barahangayitse kubera ko ingabo za Leta ya RDC ziyimeje gufatanya n’iz’u Burundi bagatsemba umutwe wa Twirwaneho usanzwe ubarinda. Raporo yatanzwe n’umuryango w’Abanyamulenge ivuga ko ku wa 11 Mutarama 2023 mu nama yabereye i Madegu hemejwe ibitero…

Share this:

Ikipe ya Morocco byarangiye yitabiriye Chan2023

Share this:

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Maroc yavuze ko amaherezo ikipe y’igihugu cyabo izitabira Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2022)cyatangiye muri Algeria. Ibi bije nyuma yo gutangaza ku wa kane ko iki gihugu gihagaritsekuzitabira iri rushanwa kubera ko…

Share this:

Abasore: Dore ibintu 2 by’ingenzi ugomba kwitega igihe umukobwa akubwiye ati: “Nzabitekerezaho”

Share this:

Kenshi usanga abasore ari bo batereta abakobwa ndetse bakaba aba mbere gusaba umukobwa ko bakundana. Ese wakwitaga iki igihe umukobwa akubwiye ko azabitekerezaho? Ukobwa ashobora kubwira umusore ko azabitekerezaho asubiza bimwe mu bibazo nk’igihe umusore amusabye kuzamusohokana, amusabye ko bakundana…

Share this:

Ntibisanzwe: Umusore w’imyaka 17 yateye inda abakobwa 10 muri gahunda y’umushinga utangaje

Share this:

Polisi yo mu ntara ya Rivers muri Nigeria yatangaje ko yafunze umwana w’imyaka 17 akekwaho icyaha cyo gutera inda abakobwa 10 yasambanyije. Uyu mwana w’umuhungu witwa Noble Uzuchi bivugwa ko yabifashijwemo n’uwitwa Chigozie Ogbonna w’imyaka 29 bafatanyije uruganda rw’abana. Abagore…

Share this:

Ikipe ya Morocco ntizitabira CHAN2023 ibura amasaha make ngo itangire

Share this:

Ikipe y’igihugu ya Maroc yatangaje ko itazitabira irushanwa rya CHAN 2023 kubera impamvu za dipolomasi ziri hagati y’ibihugu byombi. Harabura amasaha make gusa ngo irushanwa rya CHAN 2023 ritangire muri Algeria guhera ku wa Gatanu, tariki ya 13 Mutarama 2023,…

Share this:

M23 yagiranye ibiganiro na Kenyatta imusaba ikintu gikomeye

Share this:

Uhuru Kenyatta wahoze ari Perezida wa Kenya,Umuhuza mu bibazo by’umutekano muke muri RDC, yagiranye ibiganiro n’abayobozi b’Umutwe wa M23,kuri uyu wa 12 Mutarabana 2023. Ibi biganiro byabereye I Nairobi muri Kenya,byagarutse ku bikorwa byo kubahiriza imyanzuro yafashwe n’abakuru b’ibihugu byo…

Share this: