Kardinali George Pell yavuze ko Papa Francis ari akaga kuri Kiriziya
George Pell, umukardinali utavugwaho rumwe uherutse gupfa, yasize asohoye urwandiko rutagira izina rya nyirarwo anegura ubuyobozi bwa Papa, aho yavugaga ko ari “akaga”, nk’uko bivugwa n’umunyamakuru warusohoye. Uyu mukaridinali w’umunya-Australia wapfuye ku wa kabiri afite imyaka 81, yabaye umwe mu…
Dore ahantu utagomba gupfa gukora ku mugore kuko ushobora kubiboneramo akaga gakomeye
Uri umugabo ariko ukwiriye kwiga no kumenya kubaha umugore ndetse ukamenya n’ahantu udakwiriye kumukora kuko byamurakaza nk’uko tugiye kubirebera hamwe. Ukwiriye gushyiraho imbibi hagati yawe n’umufasha wawe ubundi ukirinda guhubuka umukora aho ubonye hose. Hari bamwe mu bagabo bakubitwa n’abagore…
Umusore akomeje guca ibintu nyuma yo kwishyura asaga miliyoni 15RWF kugirango ase n’imbwa bubwa – VIDEO
Uyu musore uzwi nka Toco cyangwa Toko ubu avuga ko yishimye kandi inzozi ze zabaye impamo nyuma yo gukoresha umwambaro utuma asa n’imbwa bubwa wamutwaye akayabo gasaga miliyoni 15RWF. Uyu musore ni umuyapani. Yahaye akazi kompanyi ikora imyambaro ikoreshwa mu…
Yafashwe agiye kwica umurwayi mu bitaro kubera impamvu itangaje
Umugabo wo muri Kameruni ukora amasanduku yo gushyinguramo yatawe muri yombi na polisi azira gushaka kwica umurwayi mu bitaro kugira ngo abone ikiraka kuko yari amaze iminsi yaraheraniwe. Amakuru aravuga ko uyu mugabo w’imyaka 33 wari warabuze aho acuruza amasanduku…
Mukeba wa Al Nassr iherutse gusinyisha Cristiano irifuza Lionel Messi ikajya umuhemba umushahara wa Cristiano wiyongereyeho asaga Miliyoni 70 z’amapawundi
Umunyabigwi Lionel Messi arashakishwa n’ikipe yo muri Saudi Arabian yitwa Al Hilal ngo imuha amasezerano yatuma azajya ahembwa miliyoni 245 z’amapawundi buri mwaka nkuko amakuru avuga. Cristiano Ronaldo bahora bahanganye yerekeje muri iki gihugu muri uku kwezi ahabwa amasezerano azajya…
Ntukwiye kurushinga utarabaza umukunzi wawe ibi bibazo 9 by’ingenzi
Abantu benshi usanga bakundana urukundo rukaryoha kugera ubwo bafata umwanzuro wo kubana ariko nyamara bataziranye bitewe nuko hari ibibazo batagiye babazanya ngo barusheho kumenyana bikaba biri no mu bishobora gutuma hari abagera mu rugo bakabaho batishimye cyangwa se bakanatandukana. Bimwe…
Umugore yavuye mu mudoka ajya gukingurira umugabo we, ibyamubayeho biteye agahinda
Mu murenge wa Nyamabuye wo mu karere ka Muhanga,Umugabo winjizaga imodoka mu gipangu yagonze igikuta kigwira umugore we arapfa ubwo yamuyoboraga amwereka aho ayinyuza. Uwapfuye ni Ishimwe Alice wakoraga umwuga w’Ubucuruzi mu Mujyi wa Muhanga. Amakuru dukesha UMUSEKE avuga ko…
Meddy yavuze ku nkuru zimaze iminsi zivugwa ko asigaye akubitwa n’umugore we
Hamaze iminsi havugwa inkuru z’uko Meddy yaba asigaye akubitwa n’umugore we. Aya makuru yabyukije amarangamutima ya benshi cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga gusa Meddy abanza kwirinda kugira icyo abitangazaaho. Ku munsi w’ejo kuwa Gatatu ni bwo Meddy yashubije ibi bimuvugwaho…
Ruhango: Umugabo yakubise umwana we w’imyaka 6 bimuviramo urupfu. Icyo yamuhoraga kiratangaje
Umugabo utuye mu karere ka Ruhango, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho gukubita umwana we w’imyaka 6 bikamuviramo urupfu. Amakuru dukesha abatuye mu Murenge wa Kinazi, mu karere ka Ruhango ni uko mu gitondo cyo kuri uyu wa…
Noël Le Graët wayoboraga ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bufaransa yahuye n’uruva gusenya nyuma yo gusuzugura Zidane
Noël Le Graët wari Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cy’Ubufaransa [FFF], nyuma y’amagambo yavuze asuzugura Zinedine Zidane birangiye asabwe kwegura ku nshingano ze. Uyu yegujwe kubera iperereza bivugwa ko ari gukorwaho ku ikoreshwa nabi ry’umutungo wa FFF ndetse no…