Month: February 2023

Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa akwiyumvamo

Share this:

Nubwo atari bose ariko hari abasore batazi kubasha kumenya niba umukobwa yabakunze cyangwa abafitiye amarangamutima. K’utabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nk’umusore ngo usabe urukundo. Mu gushaka gufasha abasore bafite iki kibazo twifashishije…

Share this:

Uburyo bworoshye bufasha umugabo kongera intanga ze n’amahirwe yo kubyara

Share this:

Ubushakashatsi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS, bwagaragaje ko intanga ngabo zigenda zigabanuka ku Isi kuva mu myaka 50 ishize, ahanini bitewe n’iterambere ririmo inganda n’ihinduka ry’ikirere. Ubwo bushakashatsi bushyira mu majwi ubushyuhe bukomeje kwiyongera n’ubuvuzi bunanura imitsi hakoreshejwe…

Share this:

Abagabo: Dore ibiribwa ukwiye kwirinda niba ushaka kujya utera akabariro neza

Share this:

Isukari nyinshi ndetse n’amavuta mu mubiri ntabwo ari byiza ku buzima bw’ikiremwamuntu, kuko itera umubyibuho ukabije, kuko iyo uriye ubu bwoko bw’ibiribwa uba uzamura ibipimo bya Glucose mu maraso nkuko abahanga mu by’ubuzima babivuga, ari nabyo biviramo umuntu kunanirwa vuba,…

Share this:

Kenshi Twivuza Ibitari Byo Maze Aho Gukira Bigakara! Dore Ibimenyetso Ukwiye Kwitondera Nubibona Mu Maso Hawe Ndetse N’icyo Ukwiriye Gukora

Share this:

Kubyuka ugasanga mu maso hawe hajemo ibiheri cyangwa ibishishi ntawe bidatera imbogamizi. Nyamara kandi twihutira gushaka imiti ikiza ibyo biheri, rimwe na rimwe aho gukira bikiyongera. Kuko twavuye ibigaragara tutitaye ku cyabiteye cyangwa tugakoresha imiti itajyanye n’icyo turwaye. Impinduka zose…

Share this:

Tour du Rwanda2023: Umufaransa ni we wegukanye agace ka Kane

Share this:

Umufaransa, Thomas Bonnet ukinira ikipe ya Total Energies yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2023, abasiganwa bavaga i Musanze berekeza i Karongi, ku ntera ya Kilometero 138,3. Bonnet w’imyaka 24, ni we uhise yambara umwenda w’umuhondo kuko amaze…

Share this:

Uburusiya bwavuye mu masezerano y’intwaro kirimbuzi bwari bufitanye na USA

Share this:

Prezida w’Uburusiya, Vladimir Poutine kuri uyu wa kabiri yahagaritse amasezerano yari yarumviknye n’ Amerika ajyanye n’ikoreshwa ry’ibisasu bya kirimbuzi. Ibi byatumye Perezida wa Amerika Joe Biden ahita atangaza ko Uburusiya butazigera butsinda muri Ukraine. Mu ijambo yabwiye abene gihugu be,…

Share this:

Kigali: Umugore wataye umwana abereye mukase mu cyobo cya m15 yavuze icyatumye abikora abantu barumirwa

Share this:

Umugore wo mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, ukurikiranyweho guta mu musarani umwana abereye mukase, yemera icyaha akavuga ko yashakaga kubabaza umugabo we [Se w’uwo mwana] kugira ngo amwihimureho kuko yamutaye. Uyu mugore uri gukurikiranwa n’Ubushinjacyaha ku Rwego…

Share this:

RDC igiye kugura drone kabuhariwe 9 mu Bushinwa kugirango yivune M23

Share this:

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC ,kigiye kugura Drones zigera ku icyenda mu Bushinwa kugira ngo kibashe guhangana n’umutwe wa M23 ,ukomeje kwigarurira uduce twinshi muri Kivu y’Amajyaruguru. Ikinyamakuru Africa Intelligence kiravuga ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwamaze kwemeza…

Share this:

Dore igitera gutwitira inyuma y’umura, n’ibimenyetso byabyo n’icyo wakora ngo ubyirinde cyangwa igihe bikubayeho

Share this:

Nyuma yo gutera akabariro iyo umugore yari mu gihe cy’uburumbuke habaho gutwita. Uku gutwita ubusanzwe kubera mu miyoborantanga n’uko urusoro rugafata inzira irumanura rukajya gufata ku mura aho ingobyi ifata n’uko umwana akaba ariho akurira. Nyamara hari gihe Atari ko…

Share this:

Gusura igihe utera akabariro ni iki kandi biterwa n’iki? Ese ushobora kubyirinda? Sobanukirwa

Share this:

Mu buzima bw’abashakanye habamo igikorwa cy’akabario kikaba igikorwa cyubahwa ndetse kinashimisha dore ko mu Kinyarwanda cyiyubashye babyita gutera akabariro cyangwa kubaka urugo. Wibereye mu gikorwa cy’akabariro nuko wajya kumva ukumva ugize utya urasuze! Isoni zikakwica ukabura aho ureba ndetse rimwe…

Share this: