Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa akwiyumvamo
Nubwo atari bose ariko hari abasore batazi kubasha kumenya niba umukobwa yabakunze cyangwa abafitiye amarangamutima. K’utabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nk’umusore ngo usabe urukundo. Mu gushaka gufasha abasore bafite iki kibazo twifashishije…
Uburyo bworoshye bufasha umugabo kongera intanga ze n’amahirwe yo kubyara
Ubushakashatsi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS, bwagaragaje ko intanga ngabo zigenda zigabanuka ku Isi kuva mu myaka 50 ishize, ahanini bitewe n’iterambere ririmo inganda n’ihinduka ry’ikirere. Ubwo bushakashatsi bushyira mu majwi ubushyuhe bukomeje kwiyongera n’ubuvuzi bunanura imitsi hakoreshejwe…
Abagabo: Dore ibiribwa ukwiye kwirinda niba ushaka kujya utera akabariro neza
Isukari nyinshi ndetse n’amavuta mu mubiri ntabwo ari byiza ku buzima bw’ikiremwamuntu, kuko itera umubyibuho ukabije, kuko iyo uriye ubu bwoko bw’ibiribwa uba uzamura ibipimo bya Glucose mu maraso nkuko abahanga mu by’ubuzima babivuga, ari nabyo biviramo umuntu kunanirwa vuba,…
Kenshi Twivuza Ibitari Byo Maze Aho Gukira Bigakara! Dore Ibimenyetso Ukwiye Kwitondera Nubibona Mu Maso Hawe Ndetse N’icyo Ukwiriye Gukora
Kubyuka ugasanga mu maso hawe hajemo ibiheri cyangwa ibishishi ntawe bidatera imbogamizi. Nyamara kandi twihutira gushaka imiti ikiza ibyo biheri, rimwe na rimwe aho gukira bikiyongera. Kuko twavuye ibigaragara tutitaye ku cyabiteye cyangwa tugakoresha imiti itajyanye n’icyo turwaye. Impinduka zose…
Tour du Rwanda2023: Umufaransa ni we wegukanye agace ka Kane
Umufaransa, Thomas Bonnet ukinira ikipe ya Total Energies yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2023, abasiganwa bavaga i Musanze berekeza i Karongi, ku ntera ya Kilometero 138,3. Bonnet w’imyaka 24, ni we uhise yambara umwenda w’umuhondo kuko amaze…
Uburusiya bwavuye mu masezerano y’intwaro kirimbuzi bwari bufitanye na USA
Prezida w’Uburusiya, Vladimir Poutine kuri uyu wa kabiri yahagaritse amasezerano yari yarumviknye n’ Amerika ajyanye n’ikoreshwa ry’ibisasu bya kirimbuzi. Ibi byatumye Perezida wa Amerika Joe Biden ahita atangaza ko Uburusiya butazigera butsinda muri Ukraine. Mu ijambo yabwiye abene gihugu be,…
Kigali: Umugore wataye umwana abereye mukase mu cyobo cya m15 yavuze icyatumye abikora abantu barumirwa
Umugore wo mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, ukurikiranyweho guta mu musarani umwana abereye mukase, yemera icyaha akavuga ko yashakaga kubabaza umugabo we [Se w’uwo mwana] kugira ngo amwihimureho kuko yamutaye. Uyu mugore uri gukurikiranwa n’Ubushinjacyaha ku Rwego…
RDC igiye kugura drone kabuhariwe 9 mu Bushinwa kugirango yivune M23
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC ,kigiye kugura Drones zigera ku icyenda mu Bushinwa kugira ngo kibashe guhangana n’umutwe wa M23 ,ukomeje kwigarurira uduce twinshi muri Kivu y’Amajyaruguru. Ikinyamakuru Africa Intelligence kiravuga ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwamaze kwemeza…
Dore igitera gutwitira inyuma y’umura, n’ibimenyetso byabyo n’icyo wakora ngo ubyirinde cyangwa igihe bikubayeho
Nyuma yo gutera akabariro iyo umugore yari mu gihe cy’uburumbuke habaho gutwita. Uku gutwita ubusanzwe kubera mu miyoborantanga n’uko urusoro rugafata inzira irumanura rukajya gufata ku mura aho ingobyi ifata n’uko umwana akaba ariho akurira. Nyamara hari gihe Atari ko…
Gusura igihe utera akabariro ni iki kandi biterwa n’iki? Ese ushobora kubyirinda? Sobanukirwa
Mu buzima bw’abashakanye habamo igikorwa cy’akabario kikaba igikorwa cyubahwa ndetse kinashimisha dore ko mu Kinyarwanda cyiyubashye babyita gutera akabariro cyangwa kubaka urugo. Wibereye mu gikorwa cy’akabariro nuko wajya kumva ukumva ugize utya urasuze! Isoni zikakwica ukabura aho ureba ndetse rimwe…