Umuntu wa 3 yakize agakoko gatera SIDA anakira Cancer yo mu maraso
Umugabo wahawe izina rya Duesseldorf yabaye umuntu wa gatatu byemejwe ko atagifite mu maraso ye ubwandu bw’Agakoko gatera Sida, nyuma y’uko ahinduriwe amaraso ku buryo yanavuwe indwara ya cancer ifata mu misokoro izwi nka leukemia. Abandi bantu babiri bakize agakoko…
Aricuza cyane nyuma yo kwibagisha amabere n’ibindi bice by’umubiri we. Reba ibintu bibabaje birimo kumubaho
Umunyamideli Mary Magdalene uherutse guturika ibere aricuza amahitamo mabi yagize yo kwibagisha bimwe mu bice bye by’umubiri kugira ngo agaragare nk’umugore udasanzwe ariko bikaba biri kumugiraho ingaruka. Mu butumwa yasangije ku rubuga rwa Instagram, umunyamideli Mary Magdalene ukoresha amazina ya…
Nyanza: Umugabo yasanzwe mu kiziriko cy’ihene yimanitse
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 20 Gashyantare 2023 umushumba yasanzwe mu kiziriko yapfuye. Nyakwigendera yarasanzwe aba mu mudugudu wa Nkinda mu kagari ka Mpanga mu murenge wa Mukingo mu karere ka Nyanza ari naho yarasanzwe akora…
M23 yavuze ko yiteguye gushyira mu bikorwa ibyananiye Leta ya DRC
Umutwe w’inyeshamba za M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo uvuga ko wo witeguye gushyigikira umugambi w’amahoro ariko ko uruhande rwa leta ari rwo rutabikozwa. Ibi bivuzwe nyuma y’aho abakuru b’ibihugu by’umuryango wa Afrika y’Uburasirazuba mu nama yabo…
Umugabo yishe umukunzi we amushyira mu gikapu. Ibyamubayeho ni akumiro
Umugabo yafashwe agiye guta kure umurambo w’umukunzi we nyuma yo kumwicira iwe mu rugo ahitwa Barberton mu ntara ya Mpumalanga muri Afurika y’Epfo. Uyu mugabo w’imyaka 38 yafashwe nyuma yo kugaragara ari gusunika iki gikapu cyarimo umurambo w’uyu mugore w’imyaka…
Real Madrid mu bibazo by’ingutu mbere yo guhura na Liverpool
Ikipe ya Real Madrid imerewe nabi n’imvune kuko abakinnyi igenderaho bakiri mu mvune ndetse bananiwe kwitozanya n’abandi kuri iki cyumweru. Real Madrid igomba gukina umukino ubanza wa 1/16 cya UEFA Champions League na Liverpool kuri uyu wa Kabiri ariko ntabwo…
Dore ibyago biterwa no kuvanga Coca-cola n’inzoga. Niba wabikoraga ubihagarike
Usanga abantu bamwe iyo bari kunywa ibisembuye cyane cyane byo mu bwoko bwa liquor (Bond7, Konyagi, J&B, V&A, …) cyangwa se bakaba ari abiga kunywa inzoga bakunze kuvangamo ikinyobwa kiryohera Coca-Cola. Ibi bituma ubukare bw’inzoga butumvikana ndetse hakaniyongeramo uburyohe. Nyamara…
Akamaro ko kurya Watermelon ku mubiri w’umuntu
Usanga abantu benshi iyo bagiye kurya Watermelon bakuramo imbuto bakazijugunya gusa siko byagakwiye kugenda kuko imbuto za Watermelon zifite umumaro mwinshi ku buzima bwa muntu. 1. Kongera imikorere myiza y’umutima Kubera manyesiyumu iboneka muri izi mbuto za watermelon, ifasha umutima…
Nyanza: Umugeni yaguye igihumure anazana urufuzi ubwo yarimo gusezerana abari mu bukwe barumirwa
Abageni bari mu Kiliziya Padiri ari kubasezeranya, ubukwe bwabo bwahagaze akanya bitunguranye biturutse kuri umwe wikubise hasi ari imbere ya Altar. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 18 Gashyantare, 2023 nibwo ibi byabaye. Imiryango y’abageni bombi (umuhungu n’umukobwa) bari muri Kiliziya…
Diamond ntagikundana na Zuchu
Umuhanzi umaze kwigarurira imitima ya benshi muri Africa ndetse no hanze muri rusange Diamond Platnumuz yahamije ko atagikundana na Zuchu asanzwe anabereye umuyobozi mu muziki. Diamond ubwo yatangazaga ko yatandukanye na Zuchu, yavuze ko ubu afata Zuchu nka mushiki we…