Umunyezamu yapfuye mu masegonda make cyane amaze gukuramo penaliti
Umunyezamu w’imyaka 25 witwa Arne Espeel yapfuye nyuma y’amasegonda akuyemo penaliti mu mukino ikipe ye ya Winkel Sport B yari ihanganyemo na Westrozebeke zo mu Bubiligi. Ikipe y’uyu munyezamu yari iyoboye n’ibitego 2-1 ubwo abo bari bahanganye bahabwaga penaliti mu…
Musanze: Pasitoro yahuye n’uruva gusenya ubwo yagubwaga gitumo muri Lodge ari kumwe n’umugore w’abandi
Pasiteri ubarizwa mu itorero rya ADEPR utuye mu mudugudu wa Karinzi, akagari ka Kabeza, umurenge wa Cyuve mu karere ka Musanze, Habiyambere yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa muri Lodge iherereye mu murenge wa Nyange ari kumwe n’umugore witwa Uwamariya….
Umuyobozi wa FDLR yagaragaye ayoboye urugamba FARDC yarwanye na M23
Nyuma y’agahenge k’igihe gito, imirwano yongeye kubura hagati ya FARDC ifatanyije na FDLR, bagabye igitero gikomeye ku birindiro bya M23 biri ahirwa Kingi ni mu birometero 3 ujya mu mujyi wa Sake. Rwandatribune dukesha iyi nkuru iravuga ko abaturage b’ahitwa…
Umugore wa Pasiteri yiyemeje kumuca inyuma kubera impamvu itangaje
Umugore bivugwa ko yitwa Karen Wangechi ari kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga aho akomeje gushyira hanze amafoto yambaye ubusa kugira ngo akurure abagabo. Uyu ngo yafashe icyemezo cyo koherereza abagabo batandukanye amafoto yambaye ubusa kugira ngo baze bamupfubure kuko umugabo we…
Meya wa Toronto yahuye n’akaga nyuma yo guca inyuma umugore we
Mayor w’umujyi wa Toronto muri Canada yeguye mu buryo butunguranye nyuma yo kwemera ko yagize umubano w’ibanga n’umwe mu bahoze ari abakozi mu biro by’umujyi. John Tory yatangaje ubwegure bwe nyuma gato y’uko ikinyamakuru Toronto Star gitangaje inkuru y’icukumbura y’uburyo…
Umugabo yishe umuturanyi we amuziza gucuranga imiziki cyane akamubuza kwikinira amakarita ibyakurikiyeho biratangaje
Umugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa yafunzwe azira kwica umuturanyi we amuteye icyuma,amushinja gucuranga imiziki cyane bikamubangamira ntabone uko akina umukino kuri mudasobwa. ’Benjamin C’ w’imyaka 41 ashinjwa kwica uwitwa umukobwa witwa Romane w’imyaka 21,umunyeshuri wariutuye munsi y’iwe. Uyu munyeshuri ngo…
Umukobwa uheruka gusezera mu gipolisi akomeje guca ibintu kubera ibyo arimo gukora
Umupolisikazi wari uzwi cyane muri Kenya, Linda Okello,kubera kwambara imyenda imufashe ari mu kazi mu muhango wari witabiriwe n’uwari Perezida Uhuru Kenyatta,yashyize hanze video ari kuzunguza ikibuno bidasanzwe. Uyu mukobwa uherutse kuva mu gipolisi akigira muri Amerika,yashyize kuri Titktok amafoto…
Ngoma: Umugabo yasanze umugore we mu kabari abagabo bamukikiye ari nako bamusoma. Irebere ibyakurikiyeho
Umugabo utuye mu murenge wa Kazo, yasanze umugore we mu kabari ateruwe n’abagabo bari bamukikiye bivugwa ko barimo no kumusoma ararira cyane kubera agahinda. Uyu mugabo uri mu kigero cy’imyaka 35 kuwa Mbere tariki ya 6 Gashyantare 2023 yahawe amakuru…
RDC: Abaturage 3 baguye mu gitero cyo gutwika imodoka za MONUSCO
Abaturage batatu bapfuye mu gitero cyibasiye uruhererekane rw’imodoka z’ingabo za ONU kuwa kabiri nimugoroba ahitwa Munigi muri 7Km mu majyaruguru uvuye i Goma. Ingabo za MONUSCO zatangaje ko aba baturage bateze uruhererekane rw’imodoka za MONUSCO zari zivuye i Kiwanja “bashyize…
Kigali: Umubyeyi n’abana be 2 bapfuye mu cyumweru kimwe. Harakekwa amarozi
Mu Karere ka Gasabo mu Kagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera, haravugwa impfu z’abantu batatu bo mu muryango umwe barimo umugabo n’abana be babiri bitabye Imana mu gihe cy’iminsi ine gusa, kandi bose bapfa urupfu rw’amayobera none byateye ihungabana…