Padiri uherutse gusezera ashinja kiriziya uburyarya n’ubwirasi agiye gukorera ubukwe muri ADEPR
Uwari Umusaseridoti muri Diyoseze ya Rugengeri, uherutse gusezera uyu muhamagaro, byamenyekanye ko agiye gusezerana n’umugore yihebeye kandi bakazasezeranira mu itorero rya ADEPR. Niwemushumba Phocas yari yasezeye umuhamagaro w’Ubupadiri mu kwezi k’Ukuboza 2022 ubwo yandikiraga ibaruwa Musenyeri wa Diyoseze ya Ruhengeri…
Akamaro k’umusemburo wa Testosterone n’uko wawongera
Umusemburo wa Testosterone ni umusemburo w’ingenzi cyane cyane ku bagabo; kuko ufasha byinshi harimo kugira ubushake bwo gukora imibonano, kongera uburemere bw’amagufa n’imikaya. Muri make niwo musemburo ugaragaza imiterere ya kigabo. Uyu musemburo ukorwa cyane ku bwinshi mu gihe cy’ubugimbi,…
Uko wapima BMI yawe ukamenya niba ufite umubyibuho ukabije cyangwa ntawo
Gusigasira ibiro byawe biri mu byagufasha Kugira ubuzima buzira umuze. Igihe ibiro byawe bibaye byinshi cyangwa bike cyane bishobora kugutera ibibazo bitandukanye by’ubuzima. Hari uburyo butandukanye wakoresha kugira ngo umenye niba umubyibuho ufite ujyanye n’uburebure bwawe. Uburyo bukunzwe gukoreshwa ni…
“Ni wowe si yanjye narintegereje, imbaraga zinsunika zinjyana aho…” – Bwira umukunzi wawe rimwe muri aya magambo wirebere impinduka zitangaje zibabaho
Koherereza amagambo meza umukunzi wawe ukoresheje ubutumwa bugufi ni ikintu cy’ingenzi cyane ku buryo utazatekereza no kwicuza mu buzima bwawe. Dore imitoma irenze 12 ubwira umukunzi wawe agahita agurumana umuriro w’urukundo: 1. Ndi kumwe nawe sinzigera nicuza mu buzima bwanjye,…
Urukundo rwanjye roho yanjye – Umutoma watera umukunzi wawe uyu munsi
Kubwira umukunzi wawe amagambo meza y’urukundo ni ikintu cyiza nawe ubwe aba ategereje kuri wowe. Iyo atakibonye niho uzasanga avuga ngo nta mukunzi agira cyangwa bikamugora kubaho. Ukwiriye gutuma uwo mukundana abaho yishimye birenze ibikenewe kandi biturutse kuri wowe. Ariko…
Nyagatare: Ikamyo itwara gaz yakoze impanuka ihitana 3 abandi barakomereka
Imodoka itwara gaz yakoze impanuka ihitana ubuzima bw’abantu batatu, abandi batanu barakomereka. Ikamyo itwara gaz niyo yakoze iyo mpanuka yabereye mu murenge wa Rwimiyaga, mu masaha ya saa moya z’umugoroba wo kuwa mbere tariki ya 6 Gashyantare 2023. Iyo mpanuka…
Abantu 17 bari bagiye gushyingura bahitanwe n’impanuka barimo 14 bo mu muryango umwe
Abaturage 14 bo mu muryango umwe, bapfiriye mu mpanuka yahitanye ubuzima bw’abantu 17 abandi 12 barakomereka. Imodoka yo mu bwoko bwa Coaster yavaga Dar es salaam yerekeza Kilimandjaro, yakoze yakoze impanuka ubwo yagonganaga na Mitsubishi/Fuso. Iyi mpanuka yapfiriyemo abantu 17…
Umusore yatereye ivi umukobwa bakunda bari mu rusengero, ibyo yamukoreye ni agahomamunwa – AMAFOTO
Uyu mukobwa mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga mu gihugu cya Nigeria , yumvikana asaba umusore guhaguruka amubwira ko arikumusebya nyamara yari yaramubujije ku muterera ivi mu ruhame. Uyu mukobwa agaragara kandi umujinya umwishe agahita akubita urushyi rwo mu gatuza…
Rayon Sports yongeye kuregwa muri FIFA n’abahoze ari abakozi bayo bayishyuza
Abatoza bahoze batoza Rayon Sports barimo Jorge Paixiao na Masudi Djuma biravugwa ko bamaze kugeza ibirego muri FIFA bayishyuze akayabo nyuma yo kubirukana. Amakuru aravuga ko aba bagabo babiri bamaze kugeze ibirego byabo muri FIFA aho umwe ashaka miliyoni 32…
Umugabo yafatiwe mu nzira yerekeza i Kigali nyuma yo kwiba moto ku rusengero ubundi akayiha ikiboko
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Gicumbi, yagaruje moto yari yibwe nyuma y’isaha imwe gusa iburiwe irengero, igafatanwa umugabo w’imyaka 46 y’amavuko ubwo yerekezaga mu Mujyi wa Kigali. Kalisa Fred yafatiwe mu Mudugudu wa Rusumo, Akagari ka Nyarubuye mu Murenge…