Leta ya Congo yatangaje ko itazigera iganira na M23 itemeye ikintu gikomeye iyisaba
Umuvugizi wa Leta ya DR Congo yatangaje ko batazaganira kandi “ntiduteganya kuganira n’umutwe wa M23” niba idakurikije ibyo yasabwe n’amasezerano ya Luanda. Patrick Muyaya yabwiye kandi abanyamakuru ko mu nama ya Bujumbura yabaye muri Weekend ishize “nta nyandiko iyo ariyo…
Ibibazo 93 wabaza umukobwa ukunda ukamenya niba agukunda by’ukuri cyangwa niba akuryarya
Ibibazo by’urukundo wabaza Umukunzi wawe ugamije kumenya niba agukunda cyangwa atagukunda Ibi bibazo by’urukundo ubaza umukobwa ukunda kugirango umenye niba agukunda by’ukuri, bishobora gutuma ubona ibisubizo ukeneye igihe ubibajije neza kandi mu gihe cya nyacyo. 1. Wakwemera ko tubana ndamutse…
Amerika yarashe igipirizo cy’Ubushinwa cyari kimaze iminsi gikora ubutasi ku butaka bwayo
Leta zunze ubumwe za Amerika zarashe igipurizo cy’Ubushinwa zivuga ko kimaze iminsi gikora ubutasi ku bigo bya gisirikare ahatandukanye muri Amerika. Minisiteri y’ingabo yemeje ko indege z‘intambara zayo zarashe iki gipurizo kiri hejuru y’amazi ya Amerika. Nyuma, minisiteri y’ububanyi n’amahanga…
Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we Evariste Ndayishimiye W’Uburundi
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we Evariste Ndayishimiye bahuriye mu Burundi kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 04 Gashyantare 2023. Ibiganiro byabaye nyuma y’inama yahuje abakuru b’ibihugu byo mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba yigaga ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba ba…
Kigali: umugabo wicaga abantu bunyamanswa yafashwe amaze kwivugana 4
Polisi y’u Rwanda imaze kwerekana umugabo w’imyaka 34 ukekwaho ibyaha by’ubwicanyi bukabije, aho akekwaho kwica abaturage 4 abatemye imitwe abandi 2 arabakomeretsa, umwe amukuramo ijisho undi amuca ukuboko, byakozwe kuva tariki ya 27/12/2022. Hafashimana Usto alias Yussuf ukekwaho gukora ubu…
Arsenal iri mu bihe byiza muri shampiyona yo mu Bwongereza itsinzwe n’ikipe yari yasuzuguye
Arsenal iyoboye urutonde rwa shampiyona mu gihugu cy’Ubwongereza ntiyahiriwe n’umunsi wa 22 kuko itinzwe na Everton benshi batahaga amahirwe. Arsenal yari yasuye Everton yatsinzwe igitego 1-0.
Perezida Kagame yagiye i Bujumbura mu nama ya EAC igiye kwiga ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa Congo
Perezida Kagame yamaze kugera mu Burundi aho yitabiriye inama y’Abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Africa y’iburasirazuba (EAC) biga uko ibintu byifashe mu burasirazuba bwa DR Congo. Harabura Perezida Felix Tshisekedi na Salva Kiir,mu bayobozi b’ibihugu bya Africa y’Iburasirazuba bagomba kwiga…