Perezida Joe Biden wa Amerika yavuze amambo akomeye ku ifungurwa rya Paul Rusesabagina
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Amerika, White House, byashyize hanze itangazo rito rigaragaza ibyishimo Perezida Joe Biden yatewe n’umwanzuro wa Perezida Kagame wo gufungura Rusesabagina. Kuri uyu wa Gatanu nibwo Paul Rusesabagina wahamwe n’ibyaha birimo iby’iterabwoba yarekuwe ku mbabazi za Perezida…
Akamaro k’inanasi inafasha abagabo gutera akabariro neza
Inanasi urubuto ruryoherera cyane ndetse rugakundwa n’ingeri z’abantu batandukanye, rukungahaye ku ntungamubiri nyinshi zigira uruhare mu ku bungabunga ubuzima bw’igitsinagabo cyane cyane mu gufasha abagabo bagiye mu gikorwa cyo gutera akabariro. Uru rubuto rw’inanasi uretse kuba rwakoreshwa n’abagabo, abandi bose…
Batorotse gereza bakoresheje uburoso bwoza amenyo baza gufatirwa ahantu hatangaje
Abagabo babiri batorotse gereza bari bafungiyemo bakoresheje uburoso bogesha amenyo nyuma baza gufatirwa muri Resitora. Abo bagabo Johnny Garza ufite imyaka 37 na Arley Nemo ufite imyaka 43, bari bafungiye muri gereza iri muri Leta ya Virginia, muri Leta Zunze…
Umwana w’imyaka 8 yemeje abayobozi ba Kaminuza bituma ahabwa miliyoni zisaga 10RWF
Umwana w’imyaka 8 y’amavuko yatsindiye ibihumbi 10 by’amadorali y’Amerika, azamufasha mu kwiga muri Kaminuza ya Texas, aba uwa mbere ukiri muto ugeze kuri iyi ntego. Jordin Phipps, umwana utangaje mu nzira zose, yaciye agahigo akora amateka muri iki kigo cyo…
Perezida wa FC Barcelone yiyemeje kugarura Messi batandukanyijwe n’ubukene
Perezida wa FC Barcelona, Joan Laporta, yavuze ko umuryango uhora ufunguye kuri Lionel Messi ngo abe yagaruka mu rugo ndetse yemeje ko agiye kurwana intambara akamugarura. Ibi bije nyuma y’aho Sergio Aguero inshuti magara ya Messi ivuze ko hari amahirwe…
Alexis Sanchez yavuze ikintu gitangaje Jose Mourinho yamuhaye kigatuma yerekeza muri Manchester United agatera umugongo Manchester City
Umunya Chile, Alexis Sanchez yahishuye ko umutoza Jose Mourinho yashoboye kumuhindura ibitekerezo akanga kwerekeza muri Manchester City agahitamo Manchester United nyuma yo kumusezeranya ko azamuha nimero 7 yambawe n’ibyamamare muri iyi kipe. Sanchez yerekeje kuri Old Trafford avuye muri Arsenal…
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken yavuze ku irekurwa rya Paul Rusesabagina
Mu butumwa bwo kuri Twitter, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken yagize ati: “Nishimiye irekurwa uyu munsi rya Paul Rusesabagina. Nishimiye kumenya ko Paul azongera kubonana n’umuryango we vuba.” “Ndashimira Leta y’u Rwanda kuba yatumye uku kongera guhura gushoboka. Ndanashima…
Habaye impinduka mu itaha ry’abanyeshuri bajya mu biruhuko
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), cyasohoye itangazo rimenyesha abanyeshuri, ababyeyi, abarimu, abayobozi b’amashuri ndetse n’abafatanyabikorwa, ko hari impinduka zabayeho muri gahunda y’ingendo zo gutaha kw’abanyeshuri. Iryo tangazo rivuga ko rwego rwo korohereza abanyeshuri bahagurukira i Kigali n’ahandi banyura…
Hashyizweho Minisitiri mushywa w’urubyiruko
Perezida Kagame yashyize mu myanya abayobozi bashya aho Minisiteri y’Urubyiruko yahawe Dr Abdallah Utumatwishima mu gihe Busabizwa Parfait yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Urubyiruko. Dr Utumatwishima yasimbuye Rosemary Mbabazi wari Minisitiri w’Urubyiruko guhera mu 2017. Uyu mugabo wamukoreye mu ngata,…
Hamenyekanye aho Rusesabagina yajyanwe nyuma yo gufungurwa
Abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika, batangaje ko Paul Rusesabagina yavuye muri Gereza ya Nyarugenge aho yari afungiwe, akajyanwa mu rugo rwa Ambasaderi wa Qatar i Kigali. Ahagana Saa Yine z’ijoro nibwo Paul Rusesabagina yavanywe muri Gereza hubahirizwa umwanzuro…