Mbappe ashobora gutuma Griezmann asezera mu ikipe y’Ubufaransa imburagihe
Umunyamakuru wibanza ku mupira w’amaguru w’Umufaransa, Julien Laurens yavuze ko Antoine Griezmann ashaka gusezera mu ikipe y’igihugu kubera uburakari yatewe no kwimwa igitambaro cy’ubukapiteni kigahabwa mugenzi we Kylian Mbappe. Umutoza Didier Deschamps yavuze ko yarebye ku bakinnyi bose afite birangira…
Mama Nick agiye kubagwa kubera impanuka aheruka gukora
Umukinnyi wa firime MuKamanzi Beatha uzwi nka Mama Nick muri firime y’uruhererekane ya City Maid ica kuri televiziyo y’U Rwanda nyuma yo gukora impanuka akagongwa n’igare agiye gukorerwa operasiyo. Mu kiganiro yagiranye na MIE EMPIRE dukesha aya aya makuru ,…
Gatsibo: Abavandimwe bishe mubyara wabo bamuziza gukundwa kubarusha
Abavandimwe babiri bo mu Murenge wa Kageyo mu Karere ka Gatsibo baravugwaho kwica mubyara wabo bamutemye bikekwa ko bamuhoye ko ababyeyi babo bamukundaga cyane. Aba basore b’abavandimwe bitana bamwana ku kwica mubyara wabo babanaga mu rugo iwabo mu Mudugudu wa…
Bakoze ubukwe nyuma y’imyaka 60 busubitswe n’ababyeyi babo
Abantu babiri bakundanye bakiri mu bugimbi bakoze ubukwe, nyuma y’imyaka mirongo itandatu ababyeyi babo bahagaritse gusezerana kwabo. N’ubwo banyuze mu rugendo rutoroshye mbere yo gushyingirwa, Len Allbrighton w’imyaka 79 na Jeanette Steer w’imyaka 78, bavuga ko ubu bishimye kuruta uko…
Imitoma yuzuye uburyohe woherereza umukunzi akava mu bye ako kanya
Urukundo ni nk’ifunguro cyangwa igihingwa. Rukuryohera kurushaho iyo rubonetsemo amagambo(imitoma) ava ku mutima agakora ku wundi, kimwe n’uko ibiryo biryoshywa n’indyoshyandyo, igihingwa kigatoheshwa n’ifumbire. Niba ujya wibaza amagambo yuzuye urukundo wakoherereza umukunzi wawe mu butumwa bugufi, umwereke ko urwo umukunda…
Ibibi bya stroke, ibimenyetso byayo n’uko wayirinda
Stroke ni imwe mu ndwara zikomeye, zibasira kandi zigahitana benshi, niyo mpamvu ugomba kwita cyane ku bimenyetso byayo hakiri kare, ukaba wakwihutira kwa muganga bitarakomera. Ushobora kwibaza ngo ese strock n’iki cyangwa se iterwa n’iki? Ibaho iyo amaraso ajya mu…
Real Madrid ikomeje gushakisha umusimbura wa Karim Benzema
Erling Haaland ashobora kwerekeza muri Real Madrid muri 2024 n’umusimbura wa Karim Benzema. Uyu rutahizamu ukomoka muri Norway ukinira Manchester City ashobora noneho kwinjira muri La Liga bitewe n’ingingo yo kumurekura iri mu masezerano ye, kuyemeza bikaba bishobora gutuma aba…
U Rwanda Rwaje Ku Mwanya Wa Mbere Mu Kugira Abakobwa beza Muri Afurika – AMAFOTO
Ku mugabane wa Afurika hari ibihugu bizwiho kuba bifite abakobwa beza kurusha abandi, gusa ikiza ku mwanya wa mbere mu bihugu 10 biyoboye ibindi kiraza kugutungura kuko utakekaga ko cyaza kuri uwo mwanya. Dore uko ikinyamakuru cyitwa howafrica cyakoze urutonde…
Icyorezo cyadutse muri Tanzania kimaze guhitana 5 mu bacyanduye
Inzego z’ubuzima muri Tanzania zatangaje ko icyorezo cyadutse kidasanzwe kandi kimaze guhitana abarwayi bagera kuri 5. Ni icyorezo cyahawe izina rya Marburg haemorrhagic fever, uwacyanduye aba agaragaza ibimenyetso birimo kugira umuriro mwinshi cyane ukurikirwa no kuva amaraso no gucika intege….
RIB yafunze uwiyitaga ‘Ntama w’imana 2’ ku rubuga rwa Twitter kubera ubutumwa yanyujijeho
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye yombi umwe mu bakoresha uruba rwa Twitter witwa Tuyisenge Evariste uzwi cyane ku Izina rya Ntama w’Imana 2 kuri uru rubuga , nyuma y’ubutumwa yatanze bushishikariza abantu gukora icyha cyo gusambanya abana….