Month: March 2023

Dore ibyagufasha kumenya niba umukobwa mukundana agukunda amafaranga yawe cyangwa agukunda by’ukuri

Share this:

Umuntu wese aba yifuza umuntu umukundira uwo ari we aho kumukundira ibyo atunze. Nawe ushobora kuba wibaza niba umukobwa mukundana agukundara amafaranga cyangwa agukunda by’ukuri. Hari ibimenyetso ushobora kureba ugahita ubimenya ari na byo tugiye kukugezaho. Ibi ni ibimenyetso 7…

Share this:
Posted on

Uganda: Abatinganyi bagiye kujya bafungwa abandi bakatirwe urwo gupfa

Share this:

Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda ku wa Kabiri, yemeje umushinga w’itegeko rihindura icyaha ibikorwa byo kuryamana kw’ababana bahuje ibitsina. Ni itegeko kuri ubu hagitegerejweho ko rihabwa umugisha na Perezida Yoweri Museveni ubwe wakunze kumvikana yamagana biriya bikorwa. Iri tegeko ryatowe…

Share this:
Posted on

U Rwanda rwangiwe kwakira umukino wo kwishyura wa Benin kubera amahoteri ari ku rwego rwo hasi

Share this:

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yamenyesheje Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ko u Rwanda rutemerewe kwakirira Bénin i Huye kubera ikibazo cy’amahoteli yaho ari hasi. Mu ibaruwa yandikiwe Umunyamabanga wa FERWAFA, Muhire Henry, ku mugoroba wo kuri uyu…

Share this:
Posted on

Ikiruhuko gihabwa umubyeyi wabyaye kigiye kongerwa

Share this:

Hari abaturage n’abadepite bahuriza ku cyifuzo cy’uko ikiruhuko gihabwa umugore wabyaye cyakongerwa kikava ku byumweru 12, ndetse n’igihabwa umugabo kikava ku minsi 4 kikaba cyagera ku kwezi. Ibi ngo ni mu rwego rwo kongera umwanya ababyeyi bamarana n’umwana hagamijwe kwita…

Share this:
Posted on

Gen. Muhoozi yatangaje ko yifuza gukorera 2Pac Umaze Igihe Apfuye ikintu gikomeye

Share this:

Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko yifuza kugira uruhare no gutanga umusanzu we mu kubaka ikibumbano cy’umuraperi Tupac Amaru Shakur wamenyekanye nka 2Pac umaze igihe yitabye Imana. Mu butumwa yashyize kuri Twitter yanditse agira ati “Niba abavandimwe na bashiki bacu dukunda…

Share this:
Posted on

Perezida Putin na mugenzi we w’Ubushinwa, Xi inping baganiriye uko intambara yo muri Ukraine yarangira

Share this:

Intambara yo muri Ukraine imaze umwaka urenga ikomeje guhangayikisha benshi. Perezida Putin na Xi Jinping baganiriye ku mugambi w’Ubushinwa ushobora kugarura amahoro muri iki gihugu. Gusa Putin yavuze ko uwo mugambi ushoboka ari uko gusa “Uburengerazuba na Kyiv biteguye”. Putin…

Share this:
Posted on

Ntazakubeshye: Niba umukobwa mukundana akora kimwe muri ibi bintu umenye ko atagukunda

Share this:

Ese birashoboka ko wamenye niba umukobwa mukundana agukunda by’ukuri? Niba uri hano ni uko wibaza icyo kibazo. Tugiye kukugezaho bimwe mu byo umukobwa ugukunda by’ukuri atigera agukorera bityo niba uwo mukundana atabikora aragukunda naho niba abikora umenye ko atagukunda na…

Share this:
Posted on

Biravugwa: Mama Nick ararembye nyuma yo gukora impanuka ikomeye

Share this:

Umukinnyi wa firime MuKamanzi Beatha uzwi nka Mama Nick muri firime y’uruhererekane ya City Maid ica kuri televiziyo y’U Rwanda biravugwa ko arembye cyane nyuma yo gukora impanuka ikomeye. Amakuru aturuka kumbuga nkoranyambaga aravuga ko Mama Nick yakoze impanuka ari…

Share this:
Posted on

Umugore yemeye kwicwa n’inzara kubera impamvu itangaje

Share this:

Umugore w’Umwongereza yatangaje ko yahisemo kwicwa n’inzara nk’ikiguzi cyo kugumana injangwe ze esheshatu. Madamu Yasemn Kaptan w’imyaka 46 yavuze ko arya ifunguro rimwe gusa mu cyumweru rigizwe n’imboga, igitunguru, urusenda na salade. Yasemn ukomoka ahitwa Tottenham mu majyaruguru ya London,…

Share this:
Posted on

Yari yakatiwe gufungwa imyaka 241 aza kurekurwa amazemo 27. Dore ibitangaje byamubayeho n’ibyamutunguye ageze hanze

Share this:

Ubwo Bobby Bostic yasohoka muri gereza mu Ugushyingo umwaka ushize, amaze imyaka 27 afunze kuri 241 yakatiwe, yasanze ibintu byinshi bidasanzwe. Kuva kuri ‘écouteurs’ zidafite imigozi (“kuki abantu bagenda bivugisha?”), kugera ku mashini umuntu yiherezaho icyo kunywa (“ucishaho ikiganza amazi…

Share this:
Posted on