Dore ibyagufasha kumenya niba umukobwa mukundana agukunda amafaranga yawe cyangwa agukunda by’ukuri
Umuntu wese aba yifuza umuntu umukundira uwo ari we aho kumukundira ibyo atunze. Nawe ushobora kuba wibaza niba umukobwa mukundana agukundara amafaranga cyangwa agukunda by’ukuri. Hari ibimenyetso ushobora kureba ugahita ubimenya ari na byo tugiye kukugezaho. Ibi ni ibimenyetso 7…
Uganda: Abatinganyi bagiye kujya bafungwa abandi bakatirwe urwo gupfa
Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda ku wa Kabiri, yemeje umushinga w’itegeko rihindura icyaha ibikorwa byo kuryamana kw’ababana bahuje ibitsina. Ni itegeko kuri ubu hagitegerejweho ko rihabwa umugisha na Perezida Yoweri Museveni ubwe wakunze kumvikana yamagana biriya bikorwa. Iri tegeko ryatowe…
U Rwanda rwangiwe kwakira umukino wo kwishyura wa Benin kubera amahoteri ari ku rwego rwo hasi
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yamenyesheje Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ko u Rwanda rutemerewe kwakirira Bénin i Huye kubera ikibazo cy’amahoteli yaho ari hasi. Mu ibaruwa yandikiwe Umunyamabanga wa FERWAFA, Muhire Henry, ku mugoroba wo kuri uyu…
Ikiruhuko gihabwa umubyeyi wabyaye kigiye kongerwa
Hari abaturage n’abadepite bahuriza ku cyifuzo cy’uko ikiruhuko gihabwa umugore wabyaye cyakongerwa kikava ku byumweru 12, ndetse n’igihabwa umugabo kikava ku minsi 4 kikaba cyagera ku kwezi. Ibi ngo ni mu rwego rwo kongera umwanya ababyeyi bamarana n’umwana hagamijwe kwita…
Gen. Muhoozi yatangaje ko yifuza gukorera 2Pac Umaze Igihe Apfuye ikintu gikomeye
Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko yifuza kugira uruhare no gutanga umusanzu we mu kubaka ikibumbano cy’umuraperi Tupac Amaru Shakur wamenyekanye nka 2Pac umaze igihe yitabye Imana. Mu butumwa yashyize kuri Twitter yanditse agira ati “Niba abavandimwe na bashiki bacu dukunda…
Perezida Putin na mugenzi we w’Ubushinwa, Xi inping baganiriye uko intambara yo muri Ukraine yarangira
Intambara yo muri Ukraine imaze umwaka urenga ikomeje guhangayikisha benshi. Perezida Putin na Xi Jinping baganiriye ku mugambi w’Ubushinwa ushobora kugarura amahoro muri iki gihugu. Gusa Putin yavuze ko uwo mugambi ushoboka ari uko gusa “Uburengerazuba na Kyiv biteguye”. Putin…
Ntazakubeshye: Niba umukobwa mukundana akora kimwe muri ibi bintu umenye ko atagukunda
Ese birashoboka ko wamenye niba umukobwa mukundana agukunda by’ukuri? Niba uri hano ni uko wibaza icyo kibazo. Tugiye kukugezaho bimwe mu byo umukobwa ugukunda by’ukuri atigera agukorera bityo niba uwo mukundana atabikora aragukunda naho niba abikora umenye ko atagukunda na…
Biravugwa: Mama Nick ararembye nyuma yo gukora impanuka ikomeye
Umukinnyi wa firime MuKamanzi Beatha uzwi nka Mama Nick muri firime y’uruhererekane ya City Maid ica kuri televiziyo y’U Rwanda biravugwa ko arembye cyane nyuma yo gukora impanuka ikomeye. Amakuru aturuka kumbuga nkoranyambaga aravuga ko Mama Nick yakoze impanuka ari…
Umugore yemeye kwicwa n’inzara kubera impamvu itangaje
Umugore w’Umwongereza yatangaje ko yahisemo kwicwa n’inzara nk’ikiguzi cyo kugumana injangwe ze esheshatu. Madamu Yasemn Kaptan w’imyaka 46 yavuze ko arya ifunguro rimwe gusa mu cyumweru rigizwe n’imboga, igitunguru, urusenda na salade. Yasemn ukomoka ahitwa Tottenham mu majyaruguru ya London,…
Yari yakatiwe gufungwa imyaka 241 aza kurekurwa amazemo 27. Dore ibitangaje byamubayeho n’ibyamutunguye ageze hanze
Ubwo Bobby Bostic yasohoka muri gereza mu Ugushyingo umwaka ushize, amaze imyaka 27 afunze kuri 241 yakatiwe, yasanze ibintu byinshi bidasanzwe. Kuva kuri ‘écouteurs’ zidafite imigozi (“kuki abantu bagenda bivugisha?”), kugera ku mashini umuntu yiherezaho icyo kunywa (“ucishaho ikiganza amazi…