Dore umwami wishwe nabi kurusha abandi bose ku isi n’uko byagenze
Licinius Valeriean, Umwami w’Abami wa Roma, ni we mwami wishwe nabi mu mateka y’Isi nyuma y’uko afatiwe ku rugamba n’Abaperisi bakamusuka umushongi wa zahabu mu kanwa. Mu kinyejana cya gatatu nyuma y’ivuka rya Yezu, ubwo Ubwami bwa Roma bwari mu…
Dore bimwe mu bibazo ubaza umukobwa cyangwa umugore akaba yahita akwanga
Niba hari ikintu kimwe abagabo benshi bakwiye kwiga mu buzima, ni uko rimwe na rimwe ari byiza kutabaza umugore cyangwa umukobwa ibibazo byose bibajemo. Hari ibibazo ubaza umukobwa agahita akwanga Kugira ngo byumvikane neza, ntabwo tukubwira ngo uceceke buri gihe,…
Yatewe inda n’umugabo wa mukuru we afite imyaka 12 gusa – UBUHAMYA
Umwangavu watewe inda afite imyaka 12 akabyara afite imyaka 13, bikozwe n’umugabo wa mukuru we, yagaragaje ingorane yahuye nazo amaze kubyara. Uwo mwana wiga mu mashuri abanza mu Karere ka Rwamagana, yatangiye ubuhamya bwe mu nama yateguwe n’umuryango utegamiye kuri…
Dore ibimenyetso byakwereka ko utwite cyangwa wasamye mbere y’uko ujya kwa Muganga
Ushobora kuba umaze igihe wifuza kubyara cg se ukaba utwite utabiteganyije, kubimenya hakiri kare bikunze kugorana cg bikabera urujijo bamwe. Gusa hari bimwe mu bimenyetso byakwereka ko utwite na mbere y’uko ukoresha uburyo bwo kwa muganga wipima cyangwa wipimisha. Ese…
Dore ibibi byo gutendeka mu rukundo
Hari abantu bajya mu rukundo ugasanga afite abakunzi batandukanye (atendeka). N’ubwo bikorwa na benshi, ibibi byo gutendeka ni byinshi cyane ku buryo byaba byiza ubyirinze. Muri iyi nkuru twaguteguriye zimwe mu ngaruka cyangwa se ibintu bibi ushobora guterwa no gukundana…
Ibyiza n’akamaro ko kurya Beterave ku mubiri w’umuntu nko kurinda ubuhumyi, isusumira no kugira amaraso ahagije
Beterave ni igihingwa gikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye, zifashishwa mu kurinda ubuhumyi, isusumira, ndetse no gufasha mu kugira amaraso ahagije. Beterave ni izina ry’igifaransa ariko mu cyongereza iki gihingwa cyitwa “Beets” cyangwa “Beetsroots”. Beterave ikunda gukoreshwa n’igitsinagore, ariko igenewe buri wese…
Rusizi: Amazi yasanze abaturage mu mazu imiryango isaga 100 ijya gucumbika
Bamwe mu baturage bo mu Mirenge ya Muganza na Bugarama mu Karere ka Rusizi, bavuga ko amazi menshi yabasanze mu mazu yabo avuye mu migezi ya Cyagara na Katabuvuga yuzuye nyuma y’imvura idasanzwe yaguye, igasiga imiryango 130 ijya gucumbika mu…
Afurika y’Epfo: Uwari ushinzwe kugenzura ruswa mu butegetsi yishwe arashwe
Umucungamutungo ukomeye muri Afurika y’Epfo wari unashinzwe kugenzura ruswa iremereye yavugwaga mu bategetsi bakomeye yarashwe arapfa we n’umuhungu we. Bwana Cloete Murray w’imyaka 50, ushinzwe kugenzura kompanyi n’ibigo bitandukanye wagenzuraga Bosasa,kompanyi izwi cyane mu bijyanye no guha serivisi amagereza aho…
Abadepite benshi b’Ubufaransa bategujwe ko bazacibwa imitwe
Abadepite benshi b’Ubufaransa bakiriye ubutumwa bwinshi bubabwira ko baracibwa imitwe nibaramuka bashyigikiye gahunda ya Perezida Emmanuel Macron yo kuzamura imyaka yo gutanga ikiruhuko cy’izabukuru. Polisi yavuze ko ubutumwa bw’iterabwoba amagana bwohererejwe abadepite bitegura gutora mu Nteko ishinga amategeko i Paris….
Dore ibyago bikomeye bishobora kuzakubaho niba ukoresha telefoni cyangwa urebera TV mu mwijima n’uko wabyirinda
Ubushakashatsi bwerekanye ko urumuri rw’ubururu ruturuka mu kirahuri cya telefone zigendanwa, tableti na televiziyo mu mwijima bishobora kurema imiti y’ubumara mu mboni z’amaso, bigatuma ashobora kwibasirwa n’indwara nyinshi. Umuhanga mu by’ikoranabuhanga, Amritanshu Mukherjee, avuga ko imirasire itanga urumuri rw’ubururu igira…