Dore amafunguro ugomba kwirinda gufata nijoro kuko agira ingaruka mbi ku mubiri
Buri gihe ni byiza kurya ifunguro ry’umugoroba, kandi ukirinda ibintu by’amavuta, ibikungahaye ku ntungamubiri zitera imbaraga mu gihe uri kurya kugira ngo ugire ijoro ryiza. Imibiri wacu yitwara mu buryo butandukanye mu gutunganya ibiryo twariye mu ijoro kandi ibi bishobora…
Ibyo wakorera umukunzi wawe agahora akwishimiye
Dore ibintu ushobora gukorera umukunzi wawe kugira ngo ubagarire urukundo rwanyu kandi unamushimishe bityo utavaho witesha amahirwe yo gukunda no gukundwa mu buzima bwawe. 1. Mu gihe uri kumwe n’uwo ukunda, jya ugerageza kumubwira mu ijwi ryoroheje ndetse akenshi nujya…
Nyabugogo: Umugabo wikoreraga imizigo yapfuye amarabira
Umugabo rawi usanzwe akora akazi ko kwikorera imiziho muri Nyabugogo, yasanzwe yapfiriye ahazwi nko kwa Mutangana mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali. Umurambo w’uyu mugabo uzwi nka Nshimiye uri mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko,…
Abasore: Dore amakosa akomeye ugomba kwirinda igihe utereta umukobwa ukoresheje ubutumwa bugufi
Mu bintu bibabaza, ni ukugira amahirwe yo kubona numero y’ umukobwa/umudamu mwahuye bwa mbere akagukunda ariko gahoro gahoro ukajya ubona agenda akureka ukurikije agaciro aha message zawe. Mu gihe ibi bikubayeho, reka kurenganya umukobwa ngo arakwanga, ahubwo emera ko utazi…
Umugabo wanjye yagiye ku kazi kure maze yohereza umusore mwiza ngo angerageze _ UBUHAMYA
Nashakanye n’umugabo twakundanaga nyuma y’uko tumenyaniye muri Kaminuza. Icyo gihe narimfite imyaka 24 mu gihe we yarafite 26, twabayeho twishimye mu mugi wa Kigali. Nubwo byari bimeze bityo, twamaze imyaka 3 yose tutarabona umwana nubwo twahora tujya kwa muganga bakatubwira…
Abasore: Dore ibintu wakora bigatuma umukobwa mukundana akwimariramo wese
1. Vuga make umwumve kurushaho Igihe muri kumwe gerageza kumutega amatwi kandi umwereke ko ushimishijwe cyane no kumva ibyo avuga. Injira mu kiganiro, umubaze ibibazo, kandi ujye umubwira amagambo amutera imbaraga. Ibi bizatuma agabanya kukwishisha, kuko umuntu wese…
Inama y’umunsi: Umunsi umwe uzakura…Gusa uzibuke ko naguhanuye
Gukura ugatera imbere ni byiza gusa ntukwiye kwibagirwa uwo uri we. Ibi nibikubaho uzibuke ko naguhanuye: Uzibagirwa umukobwa wagukundiraga uko uri, umusimbuze uzagukundira icyo wabaye cyo! Uzibagirwa ya nshuti yawe mwakuranye mwasangiye akabisi n’agahiye, kubera ko gusa atagize amahirwe yo…
Abakobwa: Dore ibintu 3 bizagufasha kubaho wishimye mu rugo rwawe igihe uzaba warushinze
Buri wese yubaka urugo yifuza umunezero usesuye n’uwo barwubakanye gusa bamwe birabana nira kubera impamvu zitandukanye gusa ahanini bigaterwa n’uko batamenye aya mabanga 3 tugiye kukugezaho. Uramutse wubahirije ibi bintu 3 nta kabuza wabaho wishimye mu rugo rwawe: {i} Rinda…
Abanyekongo bamaganye uruzinduko rwa Macron, perezida w’u Bufaransa kubera u Rwanda
Bamwe mu banyekongo bagaragaye mu muhanda bamagana uruzinduko rwa Perezida Emmanuel Macron muri DRC bavuga ko nta mpamvu ihari yo kuba uyu muyobozi yabagenderera kuko igihugu cye gifitanye umubano n’u Rwanda bafata nk’umwanzi wabo. Biteganyijwe ko Perezida Emmanuel Macron w’u…
Uburyo bworoshye wakoresha ureshya umugore ukamugeza mu buriri bitakugoye
Wasanga utazi uburyo wakoresha ukigarurira umutima w’uwo mwashakanye, ukaba wamugeza ku gitanda byoroshye. Bamwe bakoresha imbaraga zikanga gukora. Ni uwawe nta mpamvu yo gukoresha imbaraga, ahubwo iga kumureshya. Uburyo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru bufasha abagabo benshi kurema igikundiro gikurura…