Month: March 2023

Dore amafunguro ugomba kwirinda gufata nijoro kuko agira ingaruka mbi ku mubiri

Share this:

Buri gihe ni byiza kurya ifunguro ry’umugoroba, kandi ukirinda ibintu by’amavuta, ibikungahaye ku ntungamubiri zitera imbaraga mu gihe uri kurya kugira ngo ugire ijoro ryiza. Imibiri wacu yitwara mu buryo butandukanye mu gutunganya ibiryo twariye mu ijoro kandi ibi bishobora…

Share this:
Posted on

Ibyo wakorera umukunzi wawe agahora akwishimiye

Share this:

Dore ibintu ushobora gukorera umukunzi wawe kugira ngo ubagarire urukundo rwanyu kandi unamushimishe bityo utavaho witesha amahirwe yo gukunda no gukundwa mu buzima bwawe. 1. Mu gihe uri kumwe n’uwo ukunda, jya ugerageza kumubwira mu ijwi ryoroheje ndetse akenshi nujya…

Share this:
Posted on

Nyabugogo: Umugabo wikoreraga imizigo yapfuye amarabira

Share this:

Umugabo rawi usanzwe akora akazi ko kwikorera imiziho muri Nyabugogo, yasanzwe yapfiriye ahazwi nko kwa Mutangana mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali. Umurambo w’uyu mugabo uzwi nka Nshimiye uri mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko,…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore amakosa akomeye ugomba kwirinda igihe utereta umukobwa ukoresheje ubutumwa bugufi

Share this:

Mu bintu bibabaza, ni ukugira amahirwe yo kubona numero y’ umukobwa/umudamu   mwahuye bwa mbere akagukunda ariko gahoro gahoro ukajya ubona agenda akureka ukurikije agaciro aha message zawe. Mu gihe ibi bikubayeho, reka kurenganya umukobwa ngo arakwanga, ahubwo emera ko utazi…

Share this:
Posted on

Umugabo wanjye yagiye ku kazi kure maze yohereza umusore mwiza ngo angerageze _ UBUHAMYA

Share this:

Nashakanye n’umugabo twakundanaga nyuma y’uko tumenyaniye muri Kaminuza. Icyo gihe narimfite imyaka 24 mu gihe we yarafite 26, twabayeho twishimye mu mugi wa Kigali. Nubwo byari bimeze bityo, twamaze imyaka 3 yose tutarabona umwana nubwo twahora tujya kwa muganga bakatubwira…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore ibintu wakora bigatuma umukobwa mukundana akwimariramo wese

Share this:

    1. Vuga make umwumve kurushaho Igihe muri kumwe gerageza kumutega amatwi kandi umwereke ko ushimishijwe cyane no kumva ibyo avuga. Injira mu kiganiro, umubaze ibibazo, kandi ujye umubwira amagambo amutera imbaraga. Ibi bizatuma agabanya kukwishisha, kuko umuntu wese…

Share this:
Posted on

Inama y’umunsi: Umunsi umwe uzakura…Gusa uzibuke ko naguhanuye

Share this:

Gukura ugatera imbere ni byiza gusa ntukwiye kwibagirwa uwo uri we. Ibi nibikubaho uzibuke ko naguhanuye: Uzibagirwa umukobwa wagukundiraga uko uri, umusimbuze uzagukundira icyo wabaye cyo! Uzibagirwa ya nshuti yawe mwakuranye mwasangiye akabisi n’agahiye, kubera ko gusa atagize amahirwe yo…

Share this:
Posted on

Abakobwa: Dore ibintu 3 bizagufasha kubaho wishimye mu rugo rwawe igihe uzaba warushinze

Share this:

Buri wese yubaka urugo yifuza umunezero usesuye n’uwo barwubakanye gusa bamwe birabana nira kubera impamvu zitandukanye gusa ahanini bigaterwa n’uko batamenye aya mabanga 3 tugiye kukugezaho. Uramutse wubahirije ibi bintu 3 nta kabuza wabaho wishimye mu rugo rwawe: {i} Rinda…

Share this:
Posted on

Abanyekongo bamaganye uruzinduko rwa Macron, perezida w’u Bufaransa kubera u Rwanda

Share this:

Bamwe mu banyekongo bagaragaye mu muhanda bamagana uruzinduko rwa Perezida Emmanuel Macron muri DRC bavuga ko nta mpamvu ihari yo kuba uyu muyobozi yabagenderera kuko igihugu cye gifitanye umubano n’u Rwanda bafata nk’umwanzi wabo. Biteganyijwe ko Perezida Emmanuel Macron w’u…

Share this:
Posted on

Uburyo bworoshye wakoresha ureshya umugore ukamugeza mu buriri bitakugoye

Share this:

Wasanga utazi uburyo wakoresha ukigarurira umutima w’uwo mwashakanye, ukaba wamugeza ku gitanda byoroshye. Bamwe bakoresha imbaraga zikanga gukora. Ni uwawe nta mpamvu yo gukoresha imbaraga, ahubwo iga kumureshya. Uburyo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru bufasha abagabo benshi kurema igikundiro gikurura…

Share this:
Posted on