Ngororero: Umwarimu yahannye umwana kuko yakererewe. Ibyo yamukoreye ni agahomamunwa
Ubuyobozi bw’umurenge wa Kabaya mu karere ka Ngororero, buvuga ko umunyeshuri watemye umwarimu akoresheje umuhoro yatawe muri yombi, akaba ari mu maboko ya RIB. Uwo munyeshuri wiga mu mwaka wa kabiri mu mashuri yisumbuye mu kigo cy’ishuri cya G.S Kageshi…
Dore uko watuma umukobwa mukundana yiyumva nk’umwamikazi kugirango nawe agufate nk’umwami w’umutima we
Gutuma umukobwa mukundana yiyumva nk’umwamikazi ni bumwe mu buryo bwiza bwagufasha kugira urukundo ruhamye no kurambana na we igihe kirekire. Tuzi ko nta muntu ushobora kuzuza ibisabwa byose ariko ushobora kongera imbaraga byaba ngombwa ukazikuba kabiri kugirango ushimishe umukunzi wawe…
Umujyi wa Los Angeles wishyuye umugore wa Kobe Bryant indishyi isaga miliyari 30RWF
Umujyi wa Los Angeles wemeye guha umugore wa Kobe Bryant, miliyoni 29$ z’indishyi z’akababaro, ku mpamvu z’amafoto y’indege polisi yashyize hanze agaragaza impanuka ya Kobe n’umukobwa we nta burenganzira babiherewe n’umuryango. Iyi ndege yaguye tariki 26 Mutarama 2020, mu Mujyi…
Prince Kid yasezeranye mu mategeko na Miss Iradukunda Elsa – AMAFOTO
Mu mafoto reba ibyaranze umuhango wo gusezerana imbere y’amategeko kwa Ishimwe Dieudonne wamenyekanye nka Prince Kid mu myidagaduro ndetse na Iradukunda Elsa wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017. Ni umuhango wabaye k’umunsi w’ejo taliki 2 Werurwe 2023 ubera mu…
Umugore yashinje Cristiano Ronaldo kumusambanya ubwo Portugal yari mu mwiherero
Rutahizamu CRistiano Ronaldo yahakanye n’uburakari bwinshi amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Portugal iwabo ko yasambanye n’ icyamamare cyo muri Venezuela muri Hoteli yari icumbitsemo ikipe. Icyamamare mu itangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga cyo muri Venezuela kizwi nka “Georgilaya” yashinje uyu…
Ruhango: Umugabo yataye umugore we anamusigira ibaruwa itangaje
Mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Kabagari haravugwa inkuru y’umugabo wafashe icyemezo cyo gusiga umugore we, amusigira ibaruwa y’ibirego bitandukanye byatumye afata iki cyemezo birimo kuba atakimusasira ntanamuraze ndetse ngo ntanamuvugishe. Muri iyi baruwa itangira uyu mugabo avuga ko…
Luvumbu yatabaye Rayon Sports yari igiye kunigwa n’intare FC
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Intare FC ibitego 2-1 mu mukino ubanza wa 1/8 cy’igikombe cy’Amahoro wabereye Kuri Ikirenga stadium. Rayon Sports yari yazanye mu kibuga ikipe y’abakinnyi badakunze gukina, ni yo yabanje gufungura amazamu ku munota wa 45 kuri…