Month: May 2023

I Nyanza haravugwa urupfu rw’umusore wapfaye icupa ry’inzoga mu ntoki

Share this:

Nyakwigendera yitwa Nsengumuremyi Athanase yari ingaragu ,akaba yaracumbitse mu mudugudu wa Karehe ho mu murenge wa Cyabakamyi ari naho avuka. Aganira n’Umuseke,Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyabakamyi, Burezi Eugene yatangaje ko nyakwigendera byagaragaraga ko yari yanyoye. Ati“Umurambo we twasanze afite ivide…

Share this:
Posted on

Ibitangaje ku musore uri mu munyenga w’urukundo n’abakobwa 3 bavukana

Share this:

Uyu uzwi nka “Big Guy Stevo”ubana n’abakobwa 3 b’impanga bavukana,yatangaje ko akunda abagore benshi kandi ko urukundo rwe rutagarukira ku mudamu umwe gusa. Aba bakobwa batatu b’impanga, Cate, Eva, na Mary na bo bakomoka muri Kenya, bagaragaje ko bakundana n’umugabo…

Share this:
Posted on

Miss Bahati Grace yatomoye umugabo we ku isabukuru y’amavuko[AMAFOTO]

Share this:

Miss Bahati Grace wegukanye ikamba rya nyampinga w’u Rwanda wa mbere mu mwaka 2009 yatomoye umukunzi we ku isabukuru y’amavuko. Ku wa 31 Gicurasi 2023 nibwo Murekezi Pacifique yizihiza umunsi mukuru we w’amavuko, kuri iyi nshuro ari kuwizihizanya n’umuryango we…

Share this:
Posted on

Koreya ya Ruguru yohereje icyogajuru mu kirere gihita gishwanyuka

Share this:

Leta ya Koreya ya Ruguru yatangaje ko mu minsi ya vuba izongera kugerageza icyo cyogajuru cyiswe Chollima-1. Icyogajuru cyashwanyutse kikimara guhaguruka kubera ibibazo bya moteri yatumye igice cyo hasi n’icyo hejuru by’icyogajuru bidatandukana uko bikwiriye. Bivugwa kandi ko ikoranabuhanga rya…

Share this:
Posted on

Dore pozisiyo 5 zoroshye zo gutera akabariro neza

Share this:

Igikorwa cyo gutera akabariro ni igikorwa gukorana ubwitonzi kuko iyo ugikoze nabi uba witesheje amahirwe yo kuzongera guhabwa andi mahitwe uba wahawe. Abahanga mubijyanye ni miterere y’umubiri wa muntu bagaragaza ko abantu benshi mu gitondo abantu benshi baba bafite ubushake…

Share this:
Posted on

Reba igitsina cy’umugabo abagore bakunda uko kiba kireshya

Share this:

Waba ubeshye uvuze ko uri umugabo utaragira ikibazo wibaza ku gitsina cyawe, hari bamwe bagira ibitsina bigufi ndetse bikabatera n’ipfunwe batekereza ko batazashimisha abagore babo uko bikwiye , hari n’abandi baba bafite ibitsina birebire cyane nabo bikababera umutwaro bavuga ko…

Share this:
Posted on

Umwana yishe nyina bapfuye icyayi

Share this:

Amakuru dutesha Radio Emuria FM, avuga ko uwo nyakwigendera witwa Robin Barasa w’imyaka 53, yishwe n’umuhungu we nyuma y’amakimbirane bagiranye. Uwo musore ngo yasabye nyina icyayi hanyuma nyina amubwira ko ari bukimuhe avuye guhinga mu murima w’ibigori. Uyu musore ngo…

Share this:
Posted on

Yamaze imyaka 54 mu ishuri arangiza kaminuza afite imyaka 71

Share this:

Muri Kaminuza ya British Columbia (UBC), haravugwa umugabo witwa Arthur Ross urangije muri iryo shuri nyuma yo kumara imyaka 54 mu masomo. Uyu mugabo bivugwa ko ariwe umaze igihe kinini yiga. Ross, w’imyaka 71, y’amavuko avuga ko yagiye kwiga ibijyanye…

Share this:
Posted on

Abakobwa: Dore ubutumwa udakwiye kwibeshya ngo woherereze umusore mukundana

Share this:

Mukobwa , birakwiriye ko wamenya icyo ukwiye kuvuga n’igihe cyo kukivugira mu gihe wandikiye umukunzi wawe ubutumwa kuri telefone no kumbuga nkoranyambaga kuko hari icyo ushobora kubwira umukunzi wawe ugasanga ubaye ubwa cya gisiga cy’urwara rurerure, ndetse ukaba washyira iherezo…

Share this:
Posted on

Ntibasanzwe: Umwana w’imyaka 2 yakatiwe gufungwa burundu azira Bibiriya

Share this:

Umwana wari igitambambuga cy’imyaka ibiri y’amavuko mu 2009, muri Koreya ya Ruguru, yakatiwe gufungwa burundu, ababyeyi be bakatirwa urwo gupfa, nyuma yo gusanganwa Bibiliya kandi bitemewe muri iki gihugu. Aya makuru agaragazwa na raporo nshya y’Ikigo Mpuzamahanga cy’Abanyamerika cy’Ubwisanzure mu…

Share this:
Posted on