I Nyanza haravugwa urupfu rw’umusore wapfaye icupa ry’inzoga mu ntoki
Nyakwigendera yitwa Nsengumuremyi Athanase yari ingaragu ,akaba yaracumbitse mu mudugudu wa Karehe ho mu murenge wa Cyabakamyi ari naho avuka. Aganira n’Umuseke,Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyabakamyi, Burezi Eugene yatangaje ko nyakwigendera byagaragaraga ko yari yanyoye. Ati“Umurambo we twasanze afite ivide…
Ibitangaje ku musore uri mu munyenga w’urukundo n’abakobwa 3 bavukana
Uyu uzwi nka “Big Guy Stevo”ubana n’abakobwa 3 b’impanga bavukana,yatangaje ko akunda abagore benshi kandi ko urukundo rwe rutagarukira ku mudamu umwe gusa. Aba bakobwa batatu b’impanga, Cate, Eva, na Mary na bo bakomoka muri Kenya, bagaragaje ko bakundana n’umugabo…
Miss Bahati Grace yatomoye umugabo we ku isabukuru y’amavuko[AMAFOTO]
Miss Bahati Grace wegukanye ikamba rya nyampinga w’u Rwanda wa mbere mu mwaka 2009 yatomoye umukunzi we ku isabukuru y’amavuko. Ku wa 31 Gicurasi 2023 nibwo Murekezi Pacifique yizihiza umunsi mukuru we w’amavuko, kuri iyi nshuro ari kuwizihizanya n’umuryango we…
Koreya ya Ruguru yohereje icyogajuru mu kirere gihita gishwanyuka
Leta ya Koreya ya Ruguru yatangaje ko mu minsi ya vuba izongera kugerageza icyo cyogajuru cyiswe Chollima-1. Icyogajuru cyashwanyutse kikimara guhaguruka kubera ibibazo bya moteri yatumye igice cyo hasi n’icyo hejuru by’icyogajuru bidatandukana uko bikwiriye. Bivugwa kandi ko ikoranabuhanga rya…
Dore pozisiyo 5 zoroshye zo gutera akabariro neza
Igikorwa cyo gutera akabariro ni igikorwa gukorana ubwitonzi kuko iyo ugikoze nabi uba witesheje amahirwe yo kuzongera guhabwa andi mahitwe uba wahawe. Abahanga mubijyanye ni miterere y’umubiri wa muntu bagaragaza ko abantu benshi mu gitondo abantu benshi baba bafite ubushake…
Reba igitsina cy’umugabo abagore bakunda uko kiba kireshya
Waba ubeshye uvuze ko uri umugabo utaragira ikibazo wibaza ku gitsina cyawe, hari bamwe bagira ibitsina bigufi ndetse bikabatera n’ipfunwe batekereza ko batazashimisha abagore babo uko bikwiye , hari n’abandi baba bafite ibitsina birebire cyane nabo bikababera umutwaro bavuga ko…
Umwana yishe nyina bapfuye icyayi
Amakuru dutesha Radio Emuria FM, avuga ko uwo nyakwigendera witwa Robin Barasa w’imyaka 53, yishwe n’umuhungu we nyuma y’amakimbirane bagiranye. Uwo musore ngo yasabye nyina icyayi hanyuma nyina amubwira ko ari bukimuhe avuye guhinga mu murima w’ibigori. Uyu musore ngo…
Yamaze imyaka 54 mu ishuri arangiza kaminuza afite imyaka 71
Muri Kaminuza ya British Columbia (UBC), haravugwa umugabo witwa Arthur Ross urangije muri iryo shuri nyuma yo kumara imyaka 54 mu masomo. Uyu mugabo bivugwa ko ariwe umaze igihe kinini yiga. Ross, w’imyaka 71, y’amavuko avuga ko yagiye kwiga ibijyanye…
Abakobwa: Dore ubutumwa udakwiye kwibeshya ngo woherereze umusore mukundana
Mukobwa , birakwiriye ko wamenya icyo ukwiye kuvuga n’igihe cyo kukivugira mu gihe wandikiye umukunzi wawe ubutumwa kuri telefone no kumbuga nkoranyambaga kuko hari icyo ushobora kubwira umukunzi wawe ugasanga ubaye ubwa cya gisiga cy’urwara rurerure, ndetse ukaba washyira iherezo…
Ntibasanzwe: Umwana w’imyaka 2 yakatiwe gufungwa burundu azira Bibiriya
Umwana wari igitambambuga cy’imyaka ibiri y’amavuko mu 2009, muri Koreya ya Ruguru, yakatiwe gufungwa burundu, ababyeyi be bakatirwa urwo gupfa, nyuma yo gusanganwa Bibiliya kandi bitemewe muri iki gihugu. Aya makuru agaragazwa na raporo nshya y’Ikigo Mpuzamahanga cy’Abanyamerika cy’Ubwisanzure mu…