Rayon Sports yabonye itike yo guhagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup ibifashijwemo na APR FC
Nyuma y’uko ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona cya 2022-2023 , byahaye amahirwe ikipe ya Rayon Sports kuzahagarira u Rwanda muri ya CAF Confederation Cup 2023-24. Bimenyerewe ko ikipe yegukanye igikombe cya shampiyona n’icy’Amahoro, ikipe yabaye iya kabiri…
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo kurahira kwa perezida mushya wa Nigeria
Perezida Kagame yageze muri Nigeria ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 28 Gicurasi mu gihe Perezida Tinubu azarahirira kuyobora Nigeria ku wa Mbere, tariki ya 29 Gicurasi 2023. Amatora ya Perezida wa Nigeria yabaye muri Gashyantare uyu mwaka,…
Umukecuru wujuje imyaka 102 yahishuye uburyo gutera akabariro neza ari byo byamufashije kuramba
Akabariro ku bashakanye ni ingenzi, ikaba ikorwa hagamijwe kororoka, kunezeza umubiri no kongera ubusabane n’urukundo hagati yabo. Nyamara ubushakashatsi bunyuranye bwerekana akandi kamaro k’Akabariro haba ku bagabo no ku bagore. Joyce Jackson ufite imyaka 102 yahishuye ibanga ryamufashije kuramba. Yasobanuye…
Umunyemari Mironko wari umaze amezi afunze yarekuwe
Mironko yakatiwe n’Urukiko rw’Ikirenga, igifungo cy’imyaka ibiri ariko umwaka umwe n’amezi icyenda birasubikwa, afungwa amezi atatu muri Gereza kuva ku wa 22 Gashyantare 2023. Ubuyobozi bwa RCS butangaza ko uyu mugabo yamaze gusohoka muri gereza, nyuma yo kurangiza igihano. Mironko…
Ukraine yagabweho igitero urangiza kuva yatangira intambara n’Uburusiya
Iki gitero cyagabwe mu gihe Kyiv yiteguraga kwizihiza isabukuru yayo kuri iki cyumweru. Umuyobozi w’umujyi wa Kyiv, Vitali Klitscho, yavuze ko icyo gitero cyahitanye umuntu umwe. Ingabo za Ukraine zirwanira mu kirere zatangaje ko zabashije guhanura indege zigera kuri 50…
Perezida Museveni Yavuze Ku Bitero Al Shabab Iherutse Kugaba Ku Ngabo Za Uganda Muri Somalia
Mu itangazo yashyize kuri Twitter, yanenze abasirikare ba Uganda bo mu kigo cy’i Bulo-Mareer, mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa Somalia, abashinja kunanirwa gukora neza uko byari byitezwe. Aya ni amagambo akarishye Perezida Museveni akoresheje ku myitwarire y’abasirikare b’igihugu cye, nyuma…
APR FC itwaye igikombe Kiyovu Sports ku iturufu y’ibitego
Instinzi y’ ibitego 2-1 APR FC itsinze Gorilla FC byatumye igira amanota 63 yanganyije na Kiyovu Sports ya kabiri.ariko kubera ikinyuranyo cy’ibitego biyihesha kwegukana shampiyona. Ni igikombe cya kane cyikurikiranya ku Ikipe y’Ingabo yaherukaga kubikora mu 2008/09- 2011/12. Rayon Sports…
Kugeza ku munsi wa nyuma wa shampiyona amakipe APR FC, Rayon Sports na Kiyovu aracyafite amahirwe yo gutwara igikombe
Abakunzi baruhago mu Rwanda bose bahanze amaso ku ikipe izegukana igikombe cya Shampiyona hagati ya Rayon Sports , APR Fc na Kiyovu Sports . Ni ibintu byasubiye i rudubi ubwo ikipe ya Kiyovu Sports yarataga umukino iheruka gukina na Sunrise,…
Ronaldinho yahishuye abakinnyi 3 beza kurusha Lionel Messi
Umunya-Brazil wabiciye bigacika muri ruhago, Ronaldinho yavuze ko atakwihandagaza ngo avuge ko Messi ari we mukinnyi mwiza w’ibihe byose kuko hari abamurusha. Abona ko hari abakinnyi nka batatu babayeho beza mu mateka ya ruhago barusha uyu rutahizamu ukomoka muri Argentine….
Al Shabab yishe abasirikare 137 ba Uganda
Abasirikare uyu mutwe wigambye kwica ni abari baroherejwe mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe bwo kugarura amahoro muri Somalia (ATMIS). Al Shabaab mu itangazo yasohoye yavuze ko yabiciye mu gitero yagabye ku birindiro byabo biri mu karere ka Bula…