Amabanga y’abashakanye: Ibintu by’ingenzi umugabo asabwa gukora mbere ho gato y’uko atera akabariro
Hari ibintu abagabo benshi birengagiza kandi ari byo bibumbatiye umuryango wabo, rimwe na rimwe bakanga kubitekereza cyane, ejo bikaba ikibazo ku bo bashakanye. Iyo bigeze ku kwitwara neza mu gitanda hari byinshi biba imbogamizi cyane bikaba byatuma umugabo agorwa n’igikorwa….
Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa agukunda by’ukuri
Ku basore/bagabo nta byiyumvo byiza bibarutira gukundwa n’abagore babo uko bari kose. Nta mugabo wifuza kugira umugore udaha agaciro urukundo, cyangwa ufite ibyihariye amukundira burya. Iyo umugore cyangwa umukobwa akunda umugabo we by’ukuri rero, hari ibimenyetso agaragaza kuko abagabo benshi…
Yafungiwe mu cyumba imyaka 25! Byinshi ku mukobwa wahowe urukundo agashyingurwa ari muzima
Ubusanzwe urukundo ruravuna kandi ruragora cyane, mu gihe ururimo atari yamenya ingorane zarwo ngo abe yaraziteguye mbere hose. Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku mukobwa wahowe urukundo, agafungirwa mu cyumba imyaka igera kuri 25. Imyaka 25 yose, umukobwa w’Umufaransa…
Abagabo: Uburyo wakoresha ureshya umugore kugirango umwerekeze mu buriri
Wasanga utazi uburyo wakoresha ukigarurira umutima w’uwo mwashakanye, ukaba wamugeza ku gitanda byoroshye. Bamwe bakoresha imbaraga zikanga gukora. Ni uwawe nta mpamvu yo gukoresha imbaraga, ahubwo iga kumureshya. Uburyo tugiye kugarukaho muri iyi nkuru bufasha abagabo benshi kurema igikundiro gikurura…
Incuro imwe ninjiye muri ghetto ye yangije ubuzima bwanjye
Si rimwe si kabiri ndetse ni kenshi uzumva inkuru zidasanzwe aho abakobwa batagira ingano bataka batakishwa no kuba baratawe n’abasore babasezeranyije urukundo, nyuma bakaba nk’uko umuntu anaga ingata amaze gutura umutwaro yari yikoreye. Ibi byabereye umukobwa umwe watanze ubuhamya, ihurizo…
Ibimenyetso byakwereka ko uwo ukunda ukaba waramwihebeye atari uwawe
Gukunda ni kimwe mu bintu bifata umwanya utari muto mu buzima bw’abantu, niyo mpamvu iyo bitagenze neza bishobora kwica ubuzima bw’umuntu mu buryo butaziguye. Ikibabaza kurusha ibindi ni ukuba mu rukundo ariko umuntu ukunda atari uwawe, cyangwa atagukunda nk’uko bikwiye….
Ibimenyetso 10 byakwereka ko umukunzi wawe yamaze kukwanga
Ibikorwa umukunzi wawe akwereka nibyo biguhishurira byukuri uko akwiyumvamo, niba agukunda cyangwa yarakubenze mu ibanga ntabikubwire. Menya ibyo bikorwa ibyo aribyo. Mu gihe ubona urukundo rwawe n’uwo wihebeye rutakigenda neza cyangwa se ubona atacyikwitayeho nka mbere, birashoboka ko yaba yarakubenze…
Lupita Nyongo yavuze ku mugore bivugwa ko batingana
Lupita Amondi Nyong’o yigaramye umuririmbyi akaba n’umukinnyikazi wa Filme Janelle Monáe, nyuma y’uko bivuzwe ko bari mu rukundo ibi bizwi nk’abaryamana bahuje ibitsi1na. Bigarutsweho ariko mu gihe Nyong’o kandi byari bizwi ko ari mu rukundo n’umunyamakuru Selema Masekela usanzwe ukora…
Dore umwitozo woroshye cyane wagufasha kutarangiza vuba igihe utera akabariro
Kimwe mu bintu bitandukanye abahanga bagaragaza gifasha abashakanye, kuryoherwa no kugeza ibyishimo ku ndunduro, harimo kuba umugabo akura igitsi1na cye mu cy’umugore mu gihe umwe agiye kurangiza. N’ubwo hari ibindi byinshi abatera akabariro bashobora gukora ngo ntibarangize vuba, iki cyo…
Perezida Museveni na Samia Suhulu bafunguye igikorwa gikomeye Uganda na Tanzania bubakiye hamwe
Uru rugomero rukoresha amazi y’umugezi w’Akagera rwamuritswe kuri uyu wa 25 Gicurasi 2023, ahitwa Isingiro muri Uganda. Uru rugomero rwa Kikagati-Murongo Hydropower Plant ruzatanga kilowate 14 z’umuriro. Uyu ni umwe mu mushinga migari ya EAC izafasha abatuye ibihugu biri muri…