Hamenyekanye uko Kayishema yabashije kwihisha imyaka isaga 20 ashakishwa n’ubutabera ariko butamuca iryera
Inkuru y’itabwa muri yombi rya Kayishema Fulgence wafatwaga nka nimero ya mbere mu bashakishwa ku bw’uruhare rwabo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ni imwe mu ziri kuvugwa cyane ku Isi. Gusa icyibazwa na benshi ni uburyo uyu mugabo yamaze imyaka irenga…
Umugabo yabengeye umugore mu rusengero nyuma yo guhishurira abatashye ubukwe ikintu gitangaje umugeni yakoze
Umugabo yabengeye umukunzi we mu bukwe bwabo ubwo biteguraga kubana nyuma y’uko amaze gushyira hanze amashusho ari kumuca inyuma n’inshuti ye ‘Best man’, niko guhita amuta mu bukwe n’umuryango we barigendera. Inkuru yashyizwe hanze na ‘Mirror’, yatangaje ko aba bombi…
Urukundo: Dore impamvu uwagutaye ejo yifuza kugaruka
Benshi batekereza ko urukundo ari ibara ry’umweru gusa, ariko hari abo ruhindukana rukaba umukara, gusa bakagira ipfunwe ryo kwambara uwo mwambaro wirabura kubera ko rwizerwa na benshi. Uwahuye narwo rwirabura yaragize ati: “Iteka nari nzi ko urukundo rubaho iteka ryose…
Umuryango w’ibihugu bikize cyane ku isi G7 wiyunze kuri Leta ya Kinsasa usaba M23 kurambika intwaro hasi
Mu nama y’abagize ihuriro ry’ubukungu ku isi G7 batangaje ko bamaganye inyeshyamba za M23, nyuma yo kugezwaho ko izi nyeshyamba zitigeze zisubira inyuma, nk’uko byari byasabwe mu myanzuro ya Luanda, birengagiza ko M23 yakoze ibyo yasabwaga nyamara Leta ikica amatwi….
RDC yareze u Rwanda mu rukiko mpanabyaha ICC
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yareze u Rwanda mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), ishinja Ingabo zarwo guhohotera abaturage bayo ndetse no gusahura amabuye y’agaciro ya RDC. Ku ya 23 Gicurasi 2023, ni bwo Congo Kinshasa yatanze icyo kirego…
Uretse kuvura inkorora, dore izindi ndwara zivurwa n’umuravumba
Umuravumba benshi bawukoresha batawuzi neza ariko nyamara iyo ugiye mu bushakashatsi ku ndwara uvura usanga zirenga 10 nyamara abenshi bakunze kuwukoresha bivura ibicurane n’inkorora gusa. Iki kimera gikunze kuboneka ku mugabane w’afurika, usanga bawukoresha cyane mu buvuzi gakondo ariko kandi…
Abasore: Dore ibintu 12 ukorera umukobwa ukunda agahita akwimariramo wese
Ku isi nta muntu n’umwe utagira urukundo kandi burya umuntu wese aba yifuza ko umukunzi we hari ibyo yamukorera kugira ngo yumve aryohewe n’urukundo. Burya abakobwa bose aho bava bakagera bakunda umuhungu ubitaho ndetse ibi akenshi usanga bikunda gutsinda abahungu…
Uburusiya bwagabweho igitero giturutse muri Ukraine bivugwa ko hakoreshejwe intwaro zikorerwa muri Amerika
Amerika yitandukanyije n’igitero mu Burusiya – Uburusiya buvuga ko cyarangiye butsinze abacengezi bitwaje intwaro binjiye bavuye muri Ukraine. Ibice bimwe by’akarere ka Belgorod ko mu Burusiya kari ku mupaka byagabweho igitero ku wa mbere, muri kimwe mu bitero bikomeye cyane…
Agakiriro ka Gisozi kongeye gufatwa n’inkongi y’umuriro
Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Gicurasi 2023, ni bwo Inkongi yibasiye igice kimwe cy’agakiriro ka Gisozi ahakorera amabarizo, ku buryo umuriro watangiye kototera inzu z’abaturage ziherereye inyuma y’inyubaho izwi nka Umukindo Center. Polisi y’u…
Ubwato bwari butwaye abantu n’ibintu bwarohamye mu Kivu
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Gicurasi 2023 , nibwo ubwato butwaye imizigo buva mu Rwanda bujya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bwakoreye impanuka mu Kiyaga cya Kivu ku ruhande rw’u Rwanda, umwe aburirwa…