Perezida Kagame yavuze ku masezerano y’abimukira hagati y’u Rwanda n’Ubwongereza akomeje kuvugisha benshi
Perezida Kagame yashimangiye ko amasezerano y’ubufatanye y’u Rwanda n’u Bwongereza adashingiye ku kuba rwarasabye kwakira abimukira, ahubwo ari uburyo bwo gushaka ibisubizo by’ikibazo gihari. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu nama yiga ku bukungu iri kubera i Doha muri Qatar yitabiriye. Yabajijwe…
Ubu wahindura cyangwa ugakosora ubutumwa wohereje kuri WhatsApp
Kompanyi ya Meta ifite uru rubuga – ari nayo nyiri Facebook na Instagram –yatangaje ko ubutumwa buzajya bushobora gukosorwa mu minota 15 nyuma y’uko bwoherejwe. Mu byumweru biri imbere nibwo ubu buryo buzatangira gukora ku bakoresha WhatsApp ku isi bagera…
Inama ku bagabo bashaka kunyaza bikanga n’uburyo wanyaza neza
Iyi ni inkuru idasanzwe dukoze twifashishije abantu b’ingeri zitandukanye tubitewe n’abantu benshi bamaze igihe kinini batwandikira bamwe batubaza niba koko kunya_za cyangwa kunyara bibaho,n’ uburyo abagabo bashobora kubikora nabi bikaba ari bimwe mu bituma abagore babo batanyara. Bamwe bati: ”…
Mwarimu byamurenze ashyira hanze urwandiko yandikiwe n’umunyeshuri yigisha rwari rwuzuye imitoma
Urwandiko rwandikiwe umwarimu wo mu gihugu cya Ghana rwavugishije benshi bemeza ko habayemo kutubahana ngo umwana amenye neza urugero mwarimu we ariho abandi bakavuga ko uyu mwana atabuzwa amarangamutima ye. Muri iyi minsi by’umwihariko, henshi ku isi hari kujya havugwa…
Umukobwa yahishuye uko yakundanye na se kugeza amuteye inda
Ibisigaye bibera mu isi birenze kuba ari amasomo ahubwo bisigaye bikabije. Umukobwa yagishije inama nyuma yo kumenya ko atwite inda ya se nyuma yo kumara igihe amushaka yamubona akamukunda. Umukobwa w’imyaka 26 y’amavuko yateje rwaserera mu mitwe y’abantu nyuma yo…
Menya ibintu 11 bitangaje n’akamaro k’inyanya ku ruhu, ku ntanga ngabo, ku musatsi no ku buzima bwawe
Abanatu bakunda gukoresha inyanya cyane ko zibahereza ubushobozi bwo kuba bakwirinda indwara zitandukanye zirimo indwara ya Kanseri, Diyabate ndetse n’indwara y’umutima. Ubushakashatsi bwiswe ‘Solanom lycopersicum’ bwasanze inyanya iyo zihinzwe ahantu runaka zizana ikirere cyiza, ndetse zigafasha n’abahaturiye kutagira ibiro byinshi…
Umugabo yaragonzwe arapfa ubwo yageragezaga kwambutsa imbata
Casey Rivara, yari afite imyaka 41, yasize imodoka ye mbere yuko agongwa n’umushoferi utarageza imyaka 20 y’amavuko. Byabereye mu mujyi wa Rocklin, uri ku ntera ya kilometero hafi 40 mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’umujyi wa Sacramento, umurwa mukuru wa leta…
RDC: Igisirikare cyamaze kwakira Drone z’intambara zaguzwe mu Bushinwa zigiye gukoreshwa mu gukubita incuro M23
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyakiriye Drones z’intambara ziri mu zo cyatumije mu Bushinwa ngo zigifashe guhangana n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23. Africa Intelligence yatangaje ko mu cyumweru gishize ari bwo Congo Kinshasa yashyikirijwe drones eshatu…
Abana 20 bahitanwe n’inkongi y’umuriro
Abanyeshuri biganjemo ab’abakobwa bahiriye muri mu icumbi bashiramo umwuka. Byabereye mu gihugu cya Guyana muri Amerika y’Epfo mu rukerera rwo kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023. Iyi nkongi y’umuriro yabereye mu macumbi y’abanyeshuri bo mu ishuri ryisumbuye rya Mahdia, abantu…
Ariel Wayz mu munyenga w’urukundo n’umusore yasimbuje Juno Kizigenza – AMAFOTO
Umuhanzikazi nyarwanda ufite ijwi ryiza rikunzwe n’abatari bacye hano mu Rwanda Ariel Wayz amaze iminsi umubano udasanzwe n’umusore bicyekwa ko yasimbuje Juno Kizingenza . Iby’urukundo rwa Ariel Wayz n’uyu musore witwa Manzi Felix Sebihogo rwatangiye kugaragazwa ubwo uyu mukobwa yasohoraga…