Umugabo n’umugore bapfiriye rimwe nyuma y’icyumweru bakoze ubukwe
Abageni bapfuye baguye mu mpanuka y’imodoka nyuma y’icyumweru kimwe bakoze ubukwe, ubwo bari bavuye gushyingura se w’umugabo, bikaba byarabereye ahitwa Chongwe muri Zambia. Ni umugabo witwa Blessings Maxwell Michael Banda n’umugore we, bapfuye baguye mu mpanuka y’imodoka ubwo bari bageze…
Kajala yahishuye uko we n’umukobwa we baryamanye n’umugabo umwe agaragaza kwicuza gukomeye
Umwe mu bagore batigisa imyidagaduro, Frida Kajala yemeye ko yagiye afata imyanzuro imwe n’imwe ahubutse mu buzima bwe. Frida Kajala wamamaye mu gukina filime yemeye ko yicuza gukundana n’umugabo umwe n’umukobwa we Paula Kajala. Ibi yabivugiye mu gice cya mbere…
Vinicius yananiwe kwihangana nyuma yo gukorerwa irondaruhu
Umukinnyi wa Real Madrid, Vinicius Junior yazize uko yavutse ahohoterwa akorerwa irondaruhu mu mukino batsinzwemo na Valencia igitego 1-0 muri shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Espagne (La Liga). Ku munsi w’ejo, kuri sitade ya Valencia ariyo Estadio Mestalla, iyi kipe…
Nurangara aragusiga: Niba na we utita kuri ibi bimenyetso umukunzi wawe aragusaga aho bukera
Ni byo rwose abantu bakundana bahura n’ibibazo bitandukanye ku buryo umwe muri bo ashobora kwisanga ari wenyine kandi nyamara kuva mu masaha ya mu gitondo bari babanye neza. Ese ni gute wabimenya?. Abahanga mu rukundo no kwigisha byinshi ku bakundana,…
Abagabo: Uko wakoresha igitunguru gitukura ugaca ukubiri no kurangiza mu isegonda rimwe igihe utera akabariro
Nk’uko ikinyamakuru Healthline kibitangaza, igitunguru gitukura gikungahaye ku binyabutabire byongera ubushake bwo gutera akabariro, ibifasha mu ‘ikorwa ry’umusemburo wa kigabo(testosterone) ndetse n’imikorere myiza y’imyanya y’ibanga y’umugabo. Abagabo bagirwa inama yo kongera iki gitunguru ku mafunguro yabo. Dore bimwe mu byo…
Muganga Maniriho yagizwe umwere n’urukiko nyuma yo kujurira amaze gukatirwa gufungwa imyaka 25 azira gusambanya umwana nyuma akaza kwicwa
Uyu mwanzuro wafashwe nyuma y’ubujurire ku rubanza rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze ku wa 28 Nyakanga, 2022, aho rwari rwakatiye Maniriho Jean de Dieu igifungo cy’imyaka 25 ahamijwe icyaha cyo gusambanya umwana, naho ku cyaha cyo gukuriramo undi inda no…
Nkore iki? Umusore nakundanye na we mbere yanteye inda kandi mfite umugabo
Ndi umugore, ndubatse ariko urushako rwange rurimo ikibazo gikomeye. Mbere yo gushaka umugabo tubana, nabanje gukundana n’umusore, rwose birakomera ndetse twajyaga turyamana ariko ananirwa ubufata icyemezo, jyewe nza gushaka umugabo. Umugabo wange tubana rwose numvaga ko nta we namubangikanya, tubyarana…
Ruhango: Yagiye gucyura umugore we yitwaje essance ashoye imirwano Sebukwe amutema umutwe
Ruhango: Umugabo wo mu Murenge wa Mwendo, mu gucyura umugore we, yagiye yitwaje inyundo n’akajerekani ka essence, ahageze ashaka kurwana, Sebukwe amutema mu mutwe. Nteziryayo Callixte atuye mu Mudugudu wa Butare II, Akagari ka Nyamagana Umurenge wa Ruhango, yagiye gucyura…
UR: Abakabakaba ibihumbi 40 by’abanyeshuri ntibazabona inguzanyo ya Buruse uyu mwaka
Nkuko bigaragazwa na minisiteri y’uburezi ivuga ko yakwishyurira nibura 15% by’abanyeshuri bashaka kwinjira muri Kaminuza bitewe n’ingengo y’imari nke . Abanyeshuri 7000 nibo bazahabwa Buruse na leta mu bihumbi 46 byujuje ibisabwa byo kuzihabwa. Umuyobozi Mukuru w’Inama Nkuru y’Amashuri Makuru…
Dore ibibazo 10 ukwiye kubaza umukunzi wawe mbere y’uko mushyingiranwa kugirango umenye neza niba ruzaramba
Akenshi uzasanga abenda gusezerana babazanya ibibazo bitandukanye harimo ibijyanye n’imyenda bazambara mu bukwe bwabo ndetse bumva bafitiye amatsiko umunsi w’ubukwe bwabo. Ni ngombwa ko mbere y’uko uhitamo umuntu muzabana akaramata ugomba kwitonda kuko ushobora kuzisanga ubaho utishimye mu rugo rwawe…