Amagambo ya Juvenal kimwe mu byatumye Kiyovu Sports itsindwa na Sunrise
Perezida wa Musanze FC, Tuyishimire Placide ’Trump’, yigambye ko ari we wavukije Kiyovu Sports igikombe cya shampiyona; nyuma y’uko iyi kipe itsinzwe na Sunrise FC kuri iki cyumweru. Kiyovu Sports yari yasuye Sunrise mu mukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona…
Kiyovu Sports yongeye kujugunyira APR FC igikombe nk’uko byagenze umwaka ushize
Ikipe ya Kiyovu Sports yatakaje amahirwe y’igikombe cya shampiyona yasaga n’ifite mu biganza, nyuma yo gutsindwa na Sunrise FC igitego 1-0. Iyi kipe yo ku Mumena yari yasuye Sunrise kuri Stade ya Nyagatare izwi nka Golgotha, mu mukino w’umunsi wa…
RDC: Ikirunga cya Nyamurangira cyongeye kuruka abaturage b’i Goma bahabwa ubutumwa
Ikigo cy’i Goma gishinzwe gukurikirana ibirunga cyagiriye inama abatuye muri uyu mujyi mu gihe Nyamulagira ikomeje kuruka guhera ku mugoroba w’uyu wa 20 Gicurasi 2023. Umuyobozi w’iki kigo kizwi nka OVG, Dr Muhindo Adalbert, yamenyesheje abatuye i Goma ko kuva…
Umugore yakatiwe igifungo cy’iminsi 90 nyuma yo gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 13 bakanabyarana umwana
Andrea Serrano w’imyaka 31 uba muri Leta ya Colorado muri Leta zunze ubumwe za Amerika yakatiwe igifungo cy’iminsi 90 nyuma yo guhamywa icyaha cyo gusambanya umuhungu w’imyaka 13, bakabyarana. Serrano yatawe muri yombi muri Nyakanga 2022, muri Gashyantare 2023 akatirwa…
Manchester City yahawe impano idasanzwe na Arsenal
Ikipe ya Manchester City yari yizeye gutwara igikombe cya Premier League uyu munsi batsinda Chelsea ariko Arsenal ibakurikiye ku rutonde rwa shampiyona yabahaye impano y’akataraboneka iraborohereza ibura amanota 3 ku munsi w’ejo bituma Manchester City ihita yegukana igikombe cya 3…
Amafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga iki cyumweru
Hano twabakusanyirije amwe mu mafoto y’ibyamamarekazi nyarwanda bitandukanye yabiciye bigacika kuri instagram muri iyi minsi y’icyumweru turangije,aho uri busange higanjemo amafoto ya bakobwa bazwi nk’aba Miss. 1. Miss Mutesi Jolly 2. Miss Uwase Vanessa 3. Yolo The Queen…
Abagabo: Wari uzi ko ushobora kunanirwa gutera akabariro ndetse bikaba amateka kuri wowe niba ukora ibi bintu?
Burya abagabo turakora cyane ,tukabyuka mu gitondo cya kare ,tugakora imirimo ivunanye nibindi byose bigoranye ngo tubashe kubona ibyo tugaburira imiryango ariko iyi mibereho idushyira mu kaga gakomeye ko kwibasirwa n’indwara zitandukanye ,ahanini zikomoka ku budahangarwa bw’umubiri bwagabanutse kubera stress…
Ikipe yari ihagarariye u Rwanda mu mikino ya BAL yasezerewe
Ni umukino waranzwe n’imbaraga nyinshi ku mpande zombi, Agace ka Mbere karangiye Al Ahly iyoboye n’amanota 23 kuri 18 ya REG BBC. Mu bashyitsi bakuru, Perezida Kagame aherekejwe na Madamu ndetse na Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa n’Umuyobozi wa…
Uganda: Umupolisi yarashe umusirikare
Umupolisi witwa PC Opio Charles ufite nomero y’akazi, NO.50158 akaba akorera i Mbarara, yarashe umusirikare witwa CPL Yeremiah Paper, wo mu gisirikare cya Uganda, UPDF. Uyu musirikare yakoreraga mu ishami rya Polisi (Ruhengyere Engineering Brigade) riri hafi ya Banki ikorera…
Umushinjacyaha w’Umwongereza wasohoye impapuro zo guta muri yombi Putin arahigishwa uruhindu
Muri Werurwe uyu mwaka ni bwo uyu Karim Khan yasohoye impapuro zo guta muri yombi Putin ashinja gukorera ibyaha by’intambara muri Ukraine. Ibiro Ntaramakuru by’Abarusiya (TASS) byatangaje ko uyu Mwongereza yamaze gushyirwa ku rutonde rw’abanyabyaha bashakishwa na Minisiteri y’Umutekano w’Imbere…