Ibihugu bikize ku isi bigiye kongerera Uburusiya ibihano
Impamvu aba bayobozi b’ibi bihugu bahuriraho yo gushyiraho ibihano bishya byiyongera ku byari bisanzwe ni ukugirango intambara yo muri Ukraine ihagarare. Kugeza ubu Uburusiya ni bwo buza ku isonga mu bihugu byahawe ibihano bikarishye kurusha ibindi bihugu byose byo ku…
Uko wakwivura ikirungurira cyangwa wakirwanya mbere yo kukirwara
Niba warigeze kugiraho ikirungurira uzi ukuntu uba ubangamiwe, cyane cyane iyo wumva ibintu byotsa bizamuka mu muhogo. Kuri bamwe, ikirungurira gishobora guterwa n’ibiryo bimwe na bimwe cg se imyitwarire; nko kunywa itabi, kubyibuha cyane cg ibindi. Ku bandi gishobora guterwa…
Umuntu wari umaze imyaka 7 afunzwe na Al-Qaeda yarekuwe
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Australia yavuze ko Dr Kenneth Elliott, w’imyaka 88, ubu ameze neza kandi ko yongeye guhura n’umuryango we. We n’umugore we bari bafashwe mu 2016 hafi y’umupaka wa Mali na Burkina Faso, aho bari bamaze imyaka irenga…
Kenya: imirambo 235 ni yo imaze kuvumburwa bivugwa ko ari abantu biyicishije inzara kugirango bajye mu ijuru
Aba bakirisitu bapfuye bivugwa ko bari abayoboke b’itorero Good News International Church rya Paul Mackenzie. Imibiri yabo yatangiye kuboneka mu kwezi gushize mu ishyamba rya Shakahola riri mu karere ka Kilifi, aho bivugwa ko Pasiteri Paul Mackenzie yoherezaga abayoboke be…