Sobanukirwa uko umukobwa / umugore yitwara mu buriri bitewe n’imiterere y’amaguru ye
Buri mukinnyi afite uko yitegura umukino n’uko awukina bigendanye n’aho yitoroje cyangwa n’uwamutoje, gusa burya uko uhagarara n’umwanya usiga hagati y’amaguru yawe bifite igisobanuro gikomeye mu buryo witwara mu gitanda cyangwa uko ushobora kuzitwara niba utarageza igihe ngo ubyemererwe n’amategeko….
Abagabo: Dore ibimenyetso byakwereka ko umugore wawe asigaye akwanga n’ubwo ubona agusekera
Bigendanye n’ubuzima mubanyemo , umugore wishakiye ashobora kukwanga nyamara ntamakuru ubifiteho kubera ko atakwisanzuyeho muri wo mwanya ukaba utabimenya. Muri iyi nkuru turibanda ku bimenyetso bizakwerekako umugore wawe asigaye akwanga. Amaze igihe yitwara mu buryo budasanzwe wavuga akagutarukana , akakwereka…
Abashakanye: Dore ibintu by’ingenzi musabwa gukorera hamwe nyuma yo gutera akabariro
Hari byinshi abakundana baba bagomba gukora nyuma yo gutera akabariro kugira ngo bakomeze gusa neza hagati yabo nk’uko tugiye kubigarukaho muri iyi nkuru. Mu rugo rwanyu muri umwami n’umwamikazi bivuze ko ibyo mwifuza aribyo biba kandi bikabera igihe ubyifuriza.Ntagitangaje kuba…
Arsenal yibitseho umukinnyi wifuzwaga na benshi imutanzeho akayabo k’amapawundi
Arsenal yamaze kurangiza gahunda ya Rutahizamu ukomoka mu Budage, Kai Havertez w’imyaka 24 y’amavuko. Kai Havertez yasinye amasezerano y’imyaka itanu azamugeza muri 2028. Havertez yaguzwe Miliyoni 65€. Kai Havertez amaze imyaka itatu kuri Stanford Bridge. Yageze muri Chelsea avuye muri…
Uganda: Umugabo yatunguwe no gusanga mu bana 6 bose yitaga abe abamenyera buri kimwe nta numwe we urimo
Umugabo ukomoka muri Uganda, usanzwe akora i Burayi, yaguye mu kantu nyuma yo gusanga abana batandatu yahahiraga akanabishyurira amashuri mu bigo mpuzamahanga atari abe. Iki kibazo cyagaragajwe n’Umuvugizi wa Minisiteri y’Umutekano w’imbere mu gihugu, Simon Peter Mundeyi, mu kiganiro yagiranye…
Byari amarira n’agahinda ubwo Pastor Theogene Niyonshuti yasezerwaho bwa nyuma – AMAFOTO
Mu minsi ishize, Pasiteri Niyonshuti Theogene bitaga ’Inzahuke’, yabwiye abantu ko azapfa, abivuga aseka bamwe babifataga nk’urwenya, abandi bamaganira kure ayo magambo ’batifuzaga kumva mu matwi yabo’ kubera urukundo bamukundaga rwatumaga batifuza kumva icyamutwara. Uyu mugabo ibyo yavugaga byarabaye mu…
Dore amayeri wakoresha ukaka nimero umukobwa muhuye bwa mbere ukumva uramukunze
N’ubwo abahungu usanga kwaka nimero za telefone abakobwa bibagora rimwe na rimwe bagacika intege zo kubikora nyamara burya ntabwo bigoranye. Dore uburyo 5 bwabigufashamo: 1. NTUZIGERE “usaba” umukobwa nimero ye ya telefone Mu gitabo cyitwa How to Quit Being a…
Dore ibimenyetso bizakwereka ko umusore mukundana atakubangikanya n’abandi bakobwa
Buri mukobwa wese uri mu rukundo aba akeneye kwizera ko umuhungu bakundana atamubeshya cyangwa ngo amubangikanye n’abandi. Inkuru dukesha urubuga elcrema, ivuga ko muhungu utabeshya umukobwa akora uko ashoboye kose ngo yerekane ko nta wundi mukobwa akubangikanya na we. Umusore…
U Rwanda na Seychell byasinyanye amasezerano
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Seychelles byasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’imikoranire mu nzego zirimo umutekano, ubuhinzi n’ubukerarugendo. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa 28 Kamena 2023, ku munsi wa mbere w’uruzinduko Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bagiriye muri Seychelles. Perezida Kagame…
Biravugwa: Inkoramutima za Kabira wahoze ari Perezida wa RDC ziri mu mazi abira
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Urwego rushinzwe ubutasi muri iki gihugu rwaba hari abanyapolitiki ruteganya guta muri yombi. Abashobora gutabwa muri yombi harimo Azarias Ruberwa wahoze ari Minisitiri ushinzwe kwegereza ubutegetsi rubanda. Abandi barimo Lamazani…