Month: June 2023

Uncategorized

Alliah Cool agiye gushyira hanze Film nshya ikomeje kuvugisha abatari bake – VIDEO

Share this:

Umukobwa ugezweho muri Cinema mu Rwanda Isimbi Alliance uzwi ku izina rya Alliah Cool yateguje filime nshya yise ‘Good Book Bad Cover’ izagaragaramo ibyamamare bitandukanye. Iyi filime yatangiye gusakazwa henshi kumbugankoranga mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya…

Share this:
Posted on

Urubanza rwa Fulgence Kayishema rwasubitswe

Share this:

Abashinjacyaha babwiye urukiko ko bakeneye igihe cyo gutegura ibindi birego byiyongera kubyo bamurega. Kuwa gatanu ushize ubwo yagezwaga mu rukiko bwa mbere, yarezwe ibyaha bitanu bishingiye ku kwica amategeko y’abinjira n’abasohoka, umwirondoro muhimbano, no kuba muri icyo gihugu binyuranyije n’amategeko….

Share this:
Posted on

Dr. Sabin yagizwe umuyobozi w’ikigega gikomeye ku isi

Share this:

Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda Dr Sabin Nsanzimana yatorewe kuba umuyobozi wungirije w’ikigega gishinzwe gukumira, kurinda, kurwanya no guhangana n’indwara z’ibyorezo (The Pandemic Fund). The Pandemic Fund ni ikigega gishinzwe gukumira, kurinda no guhangana n’indwara z’ibyorezo kuva ku gihugu cyagaragayemo icyorezo…

Share this:
Posted on

Dore uko wakwivura kurangiza vuba udakoresheje imiti

Share this:

Bivugwa ko ubuzima bw’urugo hagati y’abashakanye bukomera iyo mu buriri bigenda neza. Niba umugore atari igihaa ndetse n’umugabo akaba azi kurya amavuta akayamaramo akamenya kwinikiza akabishimirwa, nta kabuza n’ikosa yakoze araribabarirwa. Nyamara kandi biba ikibazo gikomeye iyo mu buriri amera…

Share this:
Posted on

RDC: Mu mashuri batangiye kwigishwa ko u Rwanda ari we mwanzi wabo wa mbere

Share this:

Ni gahunda yatangiye muri Congo nyuma y’uko Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo atangaje ku mugaragaro ko umwanzi w’igihugu cye ari “u Rwanda ruyobowe na Paul Kagame.” Tshisekedi n’ibyegera bye bashinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23, ku mpamvu bavuga…

Share this:
Posted on

Cristiano Ronaldo yavuze uko byagenda Lionel Messi nawe yerekeje mu barabu

Share this:

Kapiteni wa Al Nassr, Cristiano Ronaldo yagarutse ku hazaza he muri iyi kipe anatangaza icyaba kuri shampiyona ya Saudi Arabia mu gihe Lionel Messi na Karim Benzema bajya kuyikinamo. Umwaka wa mbere w’imikino wa Cristiano Ronaldo muri Al Nassr yo…

Share this:
Posted on

Neymar yavuze ikipe ashaka kujyamo

Share this:

Rutahizamu w’umunya-Brazil ukinira Paris Saint Germain mu Bufaransa, Neymar Jr yavuze ko atazava muri iyi kipe kereka yerekeje muri Manchester United. Uyu rutahizamu w’imyaka 31 yamenye ko nyuma ya Lionel Messi uzagenda, ubuyobozi bw’iyi kipe na we burimo gushaka uko…

Share this:
Posted on

Uko wanyaza umugore wawe muri pozisiyo yo kwicara

Share this:

Nk’uko tumaze kubona uburyo bubori bwa Pozisiyo wanyarizamo umugore neza akanyurwa, ubwa gatatu ni ukuba muri pozisiyo yo kwicara. Nk uko twari twabisobanuye, benshi uko babivuga cyangwa baba bashaka kubikora siko bibahira, ariko mu by ukuri Ubundi kunyara mu gihe…

Share this:
Posted on

Abakinnyi ba Rayon Sport barwaniye mu nzira berekeza i Huye guhangana na APR FC

Share this:

Abakinnyi ba Rayon Sports barimo Raphael Osaluwe na Paul Were bashyamiranye kugeza bafatanye mu mashati ubwo bari bageze mu Karere ka Nyanza mu rugendo rwerekeza i Huye aho bazakinira umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro. Rayon Sports yerekeje i Huye kuri…

Share this:
Posted on

Perezida Museveni yahishuye ko yiteguye intambara

Share this:

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yihanangirije amahanga akomeje kwamagana itegeko rihana abahuza ibitsina b’igitsina kimwe bazwi nk’abatinganyi yashyizeho umukono muri iki cyumweru. Museveni yashimangiye ko gushyira umukono kuri iryo tegeko ari ikintu cyamaze kurangira, atera utwatsi abakomeje kumwotsa igitutu…

Share this:
Posted on