Perezida Joe Biden yituye hasi mu ruhame
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yabaye iciro ry’imigani mu bakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma y’uko hakwirakwiye amashusho amugaragaza yitura hasi. Aya mashusho agaragaza Perezida Biden agwa ni ayafashwe ku wa Kane tariki 1 Kamena, ubwo uyu Mukuru…
M23 izajyanwa Rumangabo aho kujya muri Sabyinyo
Inama y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) yemeje ko manda y’Ingabo zawo ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongerwaho amezi atandatu, hagamijwe kubungabunga intambwe imaze guterwa. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama ya…
Leta y’U Rwanda yatangaje akayabo itanga buri munsi mu kwita ku bibasiwe n’ibiza
Minisitiri Ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Kayisire Marie Solange, yatangaje ko kwita ku bagizweho ingaruka n’ibiza bihenze ku buryo bitwara nibura miliyoni zisaga 100 Frw ku munsi, ariko ko leta izakomeza gushaka ubushobozi bwo kwita ku baturage bayo. Imibare igaragaza ko nyuma…
Akayabo kakoreshejwe ku ndirimbo Fou de toi ikomeje guca ibintu i Kigali
Iminsi ibiri irashize hasohotse indirimbo izacurangwa ahantu hose hacurangirwa muzika nyarwanda nibura muri iyi mpeshyi yose. Ni indirimbo irimo babiri bahetse muzika nyarwanda n’undi ukiri mu rugadanda rucura ibyamamare. Iminsi ibiri irashize hasohotse indirimbo izacurangwa ahantu hose havugirizwa umuziki nyarwanda…
Zioni Ntarama igiye gukora igitaramo cy’imbaturamugabo
Zion Temple Ntarama, rimwe mu matorero ya Zion Temple Celebration Center ku Isi, yishimiye gutangaza itangizwa ry’igiterane ngarukamwaka cyiswe MU BUTURO BWE, giteganijwe kuva ku itariki ya 15 kugeza ku ya 18 Kamena 2023. Iki giterane cyiswe “Mu Buturo Bwe”…
Ntibisanzwe: Abantu 13 bishwe n’igikoma
Inkuru ikomeje gucicikana hirya no hino ku isi ni iy’bantu 13 bo mu muryango umwe bafashwe n’inzara birara ku gikoma birangira kibivuganye nubwo bivugwa ko n’ubundi batari kumara kabiri inzara itabivuganye. Yaba ibinyamakuru byandikira muri Namibia, ibyo hanze y’igihugu na…
Uko narongowe n’umumotari ampaye lifuti
Ubwo nari mu nzira nerekeza kuri gare ya Kabuga ngomba gutaha mu Gatsata, nibwo haguye imvura nyinshi. Imvura yaguye mu masaha mabi y’umugoroba kandi amafaranga nari mfite rwose yari make, narugamye ariko ku rubaraza nari nugamyeho hari umumotari na we…
Dore ibice 3 biba byuzuye uburyohe kurusha ibindi igiihe cyo gutera akabariro
Umubiri w’umuntu wubakanye ibice bitandukanye byuzuye uburyohe no kongera ubushake bw’imibonano mpuzabitsina mu gihe hagize ubikoraho. Ibi bice biri ugutatu : 1. Ibice biza ku mwanya wa mbere ni « Igitsina gabo ku bagabo n’igitsina gore ku bagore ». Gusa…
Miss Mwiseneza yongeye kuzamura amarangamutima ya benshi[AMAFOTO]
Miss Mwseneza Josiane wamenyekanye cyane mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Rwanda 2019 yongeye guzamura amarangamutima y’abafana be ku mbugankoranyamabaga. Miss Mwiseneza Josiane yumvikanye cyane mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019, ryegukanwe na Miss Nimwiza Meghan, mu gihe we yabashije kwegukana…
Sudan: Igice kimwe mu bihanganye kikuye mu biganiro bitera ubwo bukomeye
Ibiganiro hagati y’ingabo za leta na Rapid Suppory Forces, byatangiye muri Arabie Saoudite mu ntangiriro za Gicurasi byemeza amasezerano yo kurinda abasivile ariko ntiyigeze yubahirizwa inshuro ebyiri. Ingabo za leta na RSF bari bemeye kongera amasezerano yo guhagarika intambara mu…