USA: Habonetse ikimenyetso gikomeye gishinja Donald Trump
Ubushinjacyaha bwa Amerika bwabonye amajwi ya Donald Trump wahoze ari Perezida wa Amerika, yemera ko hari inyandiko ziriho amabanga ya Leta yasigaranye ubwo yavaga ku butegetsi nubwo bitemewe. Trump ari gukorwaho iperereza ku nyandiko zagaragaye umwaka ushize mu nyubako ye…
Musanze: Mu cyumweru 1 hamaze gupfa abana 3. Imfu z’inkurikirane z’abana biga mu bigo bitandukanye zikomeje kwibazwaho
Muri Saint Vincent, ishuri riri muri Muhoza, bivugwa ko kuwa mbere w’iki cyumweru umwana w’umukobwa wigaga mu wa 5 w’amashuri yisumbuye (S5) yafashwe aruka amaraso , Bamujyana mu bitaro bya Ruhengeri biranga, bamujyana CHUK ariko naho biranga arapfa! Ni mu…
Dore ibintu 6 umugore aba yifuza ku mugabo we mbere na nyuma y’uko babana
N’ubwo buri muntu muri rusange aba ateye ukwe noneho by’umwihariko abagore n’abakobwa nabo bakaba baba batandukanye mu mico, imyitwarire, mu byo bakunda n’ibindi nk’ibyo, byanze bikunze hari bimwe mu byo abagore bose bifuza ku bagabo babo mbere na nyuma y’uko…
Uganda: Umunyamategeko yarasiwe iwe mu rugo arapfa
Igipolisi cyabwiye itangazamakuri ko uwarashwe ari Ronald Mukisa w’imyaka 45, wishwe kuri uyu wa kabiri mu ijoro ryo kuwa 30 Gicuransi 2023 ubwo yari ageze iwe mu rugo. Umuvugizi wungirije wa polisi ya Kampala, Luke Owoyesigyire, yatangaje ko abaturanyi ba…