Month: June 2023

Musanze: Abantu 3 barimo n’umugore barakekwaho kwica umusaza w’imyaka 64 bamuciye umutwe

Share this:

Ubushinjacyaha ku Rwego rwisumbuye rwa Musanze bwashyikirijwe dosiye y’abantu batatu, harimo abagabo babiri n’umugore umwe bakurikirinyweho icyaha cyo kwica umusaza w’imyaka 64 bakamukata umutwe . Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko iki cyaha cyakorewe mu Mudugudu wa Kinonko, Akagari…

Share this:
Posted on

Beyonce yatabawe n’umubyinnyi we ubwo yari agiye guta ibaba ku rubyiniro kubera ibere rye

Share this:

Beyonce wari umaze iminsi mu bitaramo bizenguraka isi yise “Renaissance Tour”, we n’abafana be barashima Imana nyuma yuko habuze gato ngo ate isaro ku rubyiniro, Imana agakinga akaboko. Beyonce arimo kuvugwa ku isi yose hamwe na “Renaissance World Tour”, ubu…

Share this:
Posted on

Umuhungu wa Lungu Edgar wahoze ari perezida wa Zambia yafashwe arafungwa

Share this:

Polisi ya Zambia kuri uyu wa Mbere, itariki 26 Kamena 2023, yataye muri yombi umuhungu w’uwahoze ari Perezida, Edgar Lungu, imushinja gutunga umutungo ukekwaho kuba waravuye mu byaha . Daliso Lungu w’imyaka 36, ​​umucuruzi, yashinjwaga hamwe n’umugore we Matildah Milinga,…

Share this:
Posted on

Umugore n’umugabo babuze aho baterera akabariro. Reba ikintu gitangaje bakoze

Share this:

Umugabo n’umugore bo mu gihugu cya Kenya bahisemo kuva mu mujyi bisubirira mu cyaro kubera ko babuze amikoro atuma bakodesha ahantu hatuma bisanzura mu gikorwa cyo gutera akabariro. Bwana Boaz wakoraga akazi ko gucunga umutekano mu mujyi umwe wo muri…

Share this:
Posted on

FERWAFA yabonye ubuyobozi bushya nyuma y’ukwezi kw’inzibacyuho

Share this:

Ni amatora yabereye mu Nteko rusange isanzwe yabaye kuri uyu wa Gatandatu, maze asiga Munyantwali Alphonse wari Perezida w’ikipe ya Police FC ari na yo yiyamamaje aturukamo, ari we atorewe kuba Perezida wa FERWAFA, atowe ku majwi 51 mu gihe…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore ibimenyetso biranga umukobwa ugukunda by’ukuri

Share this:

Nubwo atari bose ariko hari abasore batazi kubasha kumenya niba umukobwa yabakunze cyangwa abafitiye amarangamutima. K’utabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nk’umusore ngo usabe urukundo. Mu gushaka gufasha abasore bafite iki kibazo twifashishije…

Share this:
Posted on

Umugabo yakatiwe gufungwa imyaka 15 azira ikibuno cy’umugore

Share this:

Umugabo witwa Mathotho w’imyaka 55 y’amavuko yakatiwe gufungwa imyaka 15 azira gukorakora umugore utari uwe nyuma yo guhengera ko umugabo we adahari. Amakuru avuga ko uyu mugabo yahengereye igicuku kinishye ajya mu rugo rw’umuturanyi we ariko akaba yari yacunze ko…

Share this:
Posted on

Umubyeyi wa Perezida Ruto yishimiwe na benshi kubera ibyo yakoreye umukobwa wafotoraga yambaye impenure

Share this:

Umubyeyi wa Perezida William Ruto uyobora Kenya, Sarah Samoei Cherono, yatangaje ko yatwikirije umwenda we Gafotozi w’umukobwa wari wambaye impenure (akenda kagufi bikabije). Ibi byabaye kuri uyu wa 21 Kamena 2023 ubwo Sarah yasuraga Guverineri w’intara ya Uasin Gishu, Jonathan…

Share this:
Posted on

Umugabo ukekwaho kwica umugore we n’abana 3 agatoroka yafashwe

Share this:

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Musonere Théogène wo mu karere ka Kayonza rwari rumaze igihe rushakisha kubera uruhare akekwaho kugira mu iyicwa ry’umugore we ndetse n’abana batatu. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yatangaje ko uriya mugabo yatawe…

Share this:
Posted on

Ubwoba ni bwose i Moscou: Abarwanyi ba Wagner barahiriye kwihimura ku bayobozi bakuru b’igisirikare cy’Uburusiya

Share this:

Umuyobozi w’umutwe w’abacanshuro wa Wagner, Yevgeny Prigozhin, yatangaje ko azakora ibishoboka byose agasenya ubuyobozi bukuru by’igisirikare cy’u Burusiya. Uyu mugabo yatangaje ibi nyuma y’amasaha make Klemlin [Perezidansi y’u Burusiya] imushinje “kwigumura akoresheje intwaro.” Umutwe w’abacanshuro wa Wagner umaze igihe ufasha…

Share this:
Posted on