Month: June 2023

Abasore: Dore amayeri 10 abakobwa bakoresha iyo bashaka kubenga umusore. Ntuzatungurwe

Share this:

Abakobwa burya bagira uburyo bwabo bavugamo ibintu, cyane ko ubusanzwe bazwiho amasoni no kudapfa kwerura buri kintu bashaka kuvuga. Ubu rero ni bumwe mu buryo bwinshi abakobwa bakoresha bashaka kubenga abasore. 1. Ndatekereza ko uri nka musaza wanjye. Mu gihe…

Share this:
Posted on

Pastor Théogène Niyonshuti wakundaga kwigisha atebya cyane yatabarutse

Share this:

Mu rukerera rwo kuri uyu wa 23 Kamena 2023 Abanyarwanda babyukiye ku nkuru mbi y’urupfu rwa Pasiteri Théogène Niyonshuti wamenyekanye ku izina ry’Inzahuke’ witabye Imana azize impanuka y’imodoka ava i Kampala muri Uganda. Murumuna we Uwarugira Emmanuel yabihamije avuga ko…

Share this:
Posted on

Kamonyi: Hafashwe abasore 3 bibaga abaturage batoboye inzu

Share this:

Mu masaha y’igitondo cyo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 20 Kamena, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze mu Karere ka Kamonyi yafashe itsinda ry’abantu batatu bakekwaho ubujura bwa televiziyo n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga. Abafashwe ni abasore babiri bafite imyaka…

Share this:
Posted on

Mutoni Assia wamamaye muri Cinema nyarwanda yibarutse

Share this:

Umukinnyi wa filime nyarwanda Mutoni Assia , yibarutse umwana w’imfura, yabyaranye n’umugabo we Uwizeye Mohammed babana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Kuri uyu wa mbere tariki ya 19 Kamena 2023, nibwo hamenyekanye amakuru avuga ko yibarutse umwana w’umuhungu ….

Share this:
Posted on

Uganda: Ubuhamya bw’abana barokotse mu buryo butangaje igitero cy’inyeshyamba za ADF

Share this:

Ari ku bitaro bya Bwera mu karere ka Kasese, yagize ati: “Nisize amaraso ya bagenzi banjye bapfuye, mu kanwa, mu matwi no ku mutwe wanjye kugira ngo abateye bagire ngo napfuye”. Abantu bagera kuri 40 – barimo abanyeshuri 37 –…

Share this:
Posted on

Karasira Aimable yarezwe ibindi byaha by’inyongera

Share this:

Ubushinjacyaha ntibwahawe umwanya ngo busobanure imikorere y’ibi byaha kuko Karasira yanze kwitabira iburanisha. Umucamanza yatanze umwanya ku ruhande rwiregura ngo ruzabone umwanya wo kwisobanura kuri ibi byaha bishya. Ubushinjacyaha bwamuregaga ibyaha bine byo guhakana no guha ishingiro jenoside yakorewe abatutsi,…

Share this:
Posted on

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Amerika, Blinken, yakoreye urugendo rw’amateka mu Bushinwa

Share this:

Blinken wageze mu Bushinwa kuri iki Cyumweru tariki 18 Kamena 2023, yahuye na Minisitri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bushinwa, Qin Gang, n’umudiplomate wo ku rwego rukuru muri icyo gihugu, Wang Yi. Antony Blinken kandi kuri uyu wa Mbere tariki 19 Kamena…

Share this:
Posted on

Abakobwa: Dore ibintu ugomba kugira ibanga mu rukundo rwawe

Share this:

Mu buzima bw’urukundo biba byiza cyane iyo abakundana badaterwa ipfunwe no kuba bari mu rukundo ndetse inshuti z’umukobwa zikamenya umuhugu bakundana ndetse n’iz’umuhungu bikaba bityo. Bikunze kuvugwa ko ushaka ko inkuru igera kure ayibwira umugore cyangwa umukobwa kuko abakobwa bazwi…

Share this:
Posted on

Menya uko wakwitwara mu gihe uri gusomana n’umukunzi wawe ku buryo yumva atakurekura

Share this:

Ku muntu utarasomanaho na rimwe yumva gusomana bigoye, Ariko kandi ni byo. Gusoma umugore, umukobwa, umuhungu cyangwa umugabo bwa mbere ntibyoroshe. Kubibona mu mashusho biroroshye ariko kubishyira mu bikorwa ni ikindi kibazo. Aha twaguhitiyemo uburyo wakwitwara mu buryo bwo gusomana….

Share this:
Posted on

Abasore: Reka kuruhira ubusa niba ubona ibi bimenyetso ku mukobwa ntagukunda na mba

Share this:

Umukobwa musanzwe mukundana iyo atakikwiyumvamo cyangwa atakigushaka hari ibimenyetso simusiga yerekana iyo utakimugera ku nzoka ndetse akaba atifuza umubano w’urukundo nawe. Bimwe muri ibyo bimenyetso dukesha urubuga El Crema ni ibi bikurikira: 1. NTA CYO UBA UVUZE KURI WE Iyo…

Share this:
Posted on