Umunyamakuru Scovia aratabariza umugore wari ugiye kugongwa n’umugabo we ku bushake agakizwa n’umuzamu – VIDEO
I Kigali, Mutesi Scovia yakanzwe n’umugabo wasazwe n’umujinya agashaka kugonga umugore ku bushake Imana igakinga ukuboko akagonga igipangu. Mu kiganiro Ingingo y’umunsi gitambuka kuri shene ya Mutesi Scovia TV, uyu munyamakuru yakanzwe n’umugabo wasazwe n’umujinya agashaka kugonga umugore we. Muri…
Kuki umugi wa Kigali waruciye ukarumira nyuma y’uko Rayon Sports isuzuguye icyemezo cyawo?
Rayon Sports irakira Al-Hilal mu mukino wo kwishyura wa CAF Confederation Cup kuri uyu wa Gatandatu, tariki 30 Nzeri, saa Kumi n’Ebyiri. Mu mukino ubanza amakipe yombi yanganyije igitego 1-1 tariki 24 Nzeri 2023. Nyuma y’iminsi mike Rayon Sports itangaje…
Rayon Sports yashyize hanze amakuru mashya mbere gato yo gucakirana na Al Hilal Benghazi
Ayo makuru aje yiyongera ku yatangajwe ejo ko amatike y’ahasigaye hose na VVIP nayo yashize. Ubu amatike asigaye ni aya VIP, ubu ari kugura 30.000 Frw. Ibi bisobanuye ko Murera muri sitade iraba igaragiwe n’ibihumbi by’abafana bayo nk’uko bisanzwe kandi…
Umukwe yahawe impano y’umwana yabyaye mu gasozi bitungura abantu
Inkuru ikomeje guhanahanwa ku mbuga nkoranyambaga ni iy’umukwe wahawe impano y’uruhinja n’umukobwa bigeze gukundana agahita yigendera akamumusigira. Mu gihugu cya Tanzaniya mu karere ka Kyela, hasakaye inkuru yatangaje abantu y’umukobwa wazaniye umukwe impano y’uruhinja babyaranye ubwo bakundanaga. Amakuru avuga ko…
Abakobwa: Dore uko watandukanya byoroshye umusore ugukunda by’ukuri n’ukubeshya kugirango mwiryamanire gusa
Abasore bamwe na bamwe bigaragaza nk’abafite urukundo kandi bashaka imibonano mpuzabitsina kuri wowe. Ni gute wamenya umusore ugukunda by’ukuri ukamutandukanya n’ukubeshya ko agukunda ariko agamije ko musambana. 1. Ntakubwira imishinga ye y’ahazaza Umusore ugufiteho gahunda yo kugushyira mu rugo akuganiriza…
Abasore: Dore ibintu 3 by’ingenzi ugomba kumenya ku mukobwa mbere yo gutangira kumutereta
Gutereta umukobwa ni kimwe no kugumana nawe ni ikindi. Niba ushaka kubaka, mbere yo kureshya umukobwa runaka banza umenye ibi bintu bikurikira. 1. Menya intekerezo ze: Menya uko umukobwa ushaka gutereta atekereza mbere yo kumuvugisha. Ibi nubigenzura bizatuma umenya niba…
Abasore: Nubona ibi bimenyetso ku mukobwa uzamwirinde unirinde umubiri we kuko si uwawe
Umukobwa ufite ibi bimenyetso ujye umwirinda wirinde n’umubiri we muri rusange kuko si uwawe. Guteretana ni igikorwa gisaba imbaraga ariko gihurirwaho n’impande zombi (Umukobwa n’umuhungu), buri wese akakigiramo uruhare. Ni ibintu byizana aho umusore abonera kure umukobwa agata ubwenge, ibyo…
Imbwa irashinjwa kubuza Umunya-Kenya kuba uwa mbere muri marathon
Umusenateri wo muri kenya yanenze cyane inzego zishinzwe imikino ko ntacyo zakoze ngo zegezeyo imbwa yirukaga inyuma y’umukinnyi ubwo yirukaga mu isiganwa ryabereye muri Argentine. Iri saganwa (marathon) ry’ibirometero 42 ryabaye mu cyumweru gishize aho imbwa yirutse inyuma y’umukinnyi w’umunya-Kenya…
Rwamagana: Umusore utabona akomeje gutanaza benshi kubera uko akora imirimo inyuranye
Ntiyifuza abamugirira impuhwe ahubwo asaba ko abantu bamufasha guhangana n’ubuzima. Elia Maniraguha, w’imyaka 34, ni umugabo ubana n’ubumuga bwo kutabona, yagize ubwo yari afite imyaka 20. “Kuva mu kwezi kwa kane k’umwaka wa 2014 kumanura narabonaga, nikorera nta kibazo mfite.”…
Bruce Melody yasubije abamugereranya na The Ben wakiriwe nk’umwami i Burundi
Munyakazi Bruce Melodie yasubije abari kumuhanganisha na mukuru we The Ben ,avuga ko buri wese afite ubwoko bw’umuziki akora, kandi amufata nka Mukuru we, bityo ibikorwa yakoze cyangwa se akomeza gukora abantu bakwiye kubimwubakira no kumushyigikira. Ibi yabitangaje nyuma y’intambara…