Month: September 2023

Muhanga: Umukobwa yarikoroje nyuma y’uko ahaye umusore ngo amurongore akisubira

Share this:

Umukobwa w’imyaka 47 witwa Mukabagema Liberatha ukomoka mu karere ka Nyamasheke arashinja mwene wabo witwa Meshake kumurangira umusore w’imyaka 38 ngo bazabane undi akamurya ibihumbi 600FRW bakamarana ibyumweru 3 gusa. Mukabagema yabwiye TV1 dukesha iyi nkuru ko uyu mwene wabo…

Share this:

Dore umwanzi ukomeye w’intangangabo buri mugabo wese akwiye kwirinda

Share this:

Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza. Ibi bibazo bigenda biba imbogamizi, byatumye abashakashatsi bo muri kaminuza…

Share this:

Ibimaze kumenyekana ku musore wicaga abakobwa akabashyingura mu nzu yakodeshaga

Share this:

Mu karere ka Kicukiro,mu murenge wa Kanombe,mu Kagari ka Busanza,mu Mujyi wa Kigali hafatiwe umusore witwa Kazungu Denis, nyuma yo kwemerera Urwego rw’ubugenzacyaha RIB Ko yatahanaga abakobwa,yamara kubasambanya akabica. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB,narwo rwemeje ko rwafashe uyu Kazungu Denis, ukekwaho…

Share this:

MINEDUC yatangaje ingengabihe y’umwaka w’amashuri 2023-2024

Share this:

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) kuri uyu wa Kabiri yashyize hanze ingengabihe y’umwaka w’amashuri wa 2023/24. Iyi Minisiteri ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, yatangaje ko igihembwe cya mbere kizatangira ku wa 25 Nzeri. Iki gihembwe kirekire kurusha ibindi (kuko kizamara ibyumweru 13)…

Share this:

Kicukiro hafatiwe umugabo ukekwaho kwica abantu akabashyingura mu nzu yakodeshaga

Share this:

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi uwitwa Kazungu Dénis rukekaho kwica abantu akabashyingura mu nzu yakodeshaga. Uru rwego rwatangaje ko Kazungu rwamufashe rufatanyije n’izindi nzego. Inzu yashyinguragamo bariya bantu batatangajwe umubare iherereye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe,…

Share this:

Gen Brice Oligui wahiritse ubutegetsi muri Gabon yakoze ibishoboka byose ngo abe umutoni w’Ubufansa ahirikira amakosa yose kuri bongo

Share this:

Nyuma y’umunsi umwe Perezida mushya wa Gabon, Gen Brice Clotaire Oligui ahiritse ku butegetsi mubyara we Ali Bongo Ondimba, byabaye ngombwa ko asobanurira ubutegetsi bw’u Bufaransa gahunda afite. Ku wa Gatatu w’icyumweru gishize ni bwo uriya musirikare wahoze akuriye umutwe…

Share this:

Burundi:N’uburakari bwinshi Minisitiri w’intebe yirukanye umuyobozi mu nama nyuma yo kubura ibisobanuro ku kibazo yari amubajije

Share this:

Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Gervais Ndirakobuca, yasohoye mu nama Umuyobozi Mukuru w’uruganda rukora ifumbire (FOMI), Ntigacika Adrien, nyuma y’aho amuburiye igisubizo ku gihe ishwagara izatangira kugezwa mu bahinzi. Muri iyi nama yabaye kuri uyu wa 5 Nzeri 2023, Ndirakobuca yahagurukije…

Share this:

Général Jacques Nduru Chaligonza yagizwe guverineri w’agateganyo wa Kivu y’amajyaruguru

Share this:

Général Jacques Nduru Chaligonza yagizwe Guverineri w’agateganyo w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Uyu musirikare yasimbuye kuri izi nshingano Lt Gen Constant Ndima Kongba uheruka guhamagazwa i Kinshasa. Gen Ndima yahamagajwe nyuma y’ubwicanyi Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zakoreye abaturage…

Share this:

Winston Duke wamamaye muri cinema ku isi yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda

Share this:

Umukinnyi wa filime Winston Duke wamamaye cyane muri Black Panther akaba n’umwe mu bise amazina abana b’ingagi, yahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda. Winston Duke yahawe ubwenegihugu kuri uyu w mbere tariki ya 4 Nzeri 2023, nyuma yo kwita umwana w’Ingagi “Intarumikwa”…

Share this:

Kigali: Umusore yakubiswe n’abaturage bamushingaga ubujura bimuviramo gupfa

Share this:

Ku wa Gatanu tariki ya 01 Nzeri 2023, nibwo umusore witwa Mafuri yapfiriye imbere y’umuryango w’inzu yubatse mu mudugudu wa Nyabikoni akagari ka Nyabugogo mu murenge wa Kigali akarere ka Nyarugenge. Bamwe mu baturage bari aho uyu nyakwigendera wibaga yapfiriye,…

Share this: