Perezida Kagame yashyizeho Guverineri mushya w’intara y’iburengerazuba n’abayobozi b’ibigo bikomeye mu Rwada
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Lambert Dushimimana Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba asimbuye Francis Habitegeko uherutse guhagarikwa, na ho Armand Zingiro agirwa Umuyobozi Mukuru w’Ikigo Gishinzwe Ingufu (REG) asimbuye Ron Weiss. Hon Lambert Dushimimana wagizwe Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, yari…
Neymar yahishuye ubuzima bubi cyane we na Messi babagamo ubwo bari muri PSG
Umunya Brazil, Neymar Jr yavuze ko we na Messi ubwo bakinaga muri Paris Saint-Germain bari bameze nk’abari mu kuzimu kandi yarabahembaga akayabo. Aba bakinnyi bombi bavuye muri iyi kipe muri iyi mpeshyi nyuma yo kudashimwa n’iyi kipe yo muri Ligue…
Ubufaransa bwavuniye ibiti mu matwi ku gukura ingabo zabwo muri Niger
Minisitiri w’ububanyi n’amahang w’Ubufaransa yashimangiye ko igihugu cye gikomeje umugambi wo kugumisha ingabo muri Niger ndetse na Ambasaderi wabo wirukanywe akahaguma. Ni mugihe ubutegetsi bwa Gisirikare i Niamey bwari bwavuze ko bwirukanye Abafaransa n’ibyabo byose mu cyumweru gishize Catherine Colonna…
RCS yavuze ku makuru aherutse gusakara avuga ko Bamporiki ari umugororwa utinyitse
Urwego rw’igihugu rushinzwe igorora, RCS, rwatangaje ko Bamporiki Edouard wabaye Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’urubyiruko n’umuco atarutekerereza ku buryo yagira uruhare mu byemezo rufata. Ni nyuma y’aho Mutimura Abed wamamaye nka AB Godwin, uherutse gufungurwa, atangaje ko Bamporiki ufungiwe…
Umubyeyi akurikaranwe na RIB akekwaho kwihekura kugirango ahishe umugabo we ko ajya amuca inyuma
Umugore wo mu Karere ka Karongi, arakekwaho icyaha cyo kubyara umwana akamwica ndetse akamushyingura mu gikari cye ngo umugabo we atazamenya ko yamuciye inyuma. Byabereye mu Mudugudu wa Rwimpongo, Akagari ka Ruragwe, Umurenge wa Rubengera. Bikekwa ko iki cyaha yagikoze…
Perezida Tshisekedi yatanze itegeko ryo guta muri yombi Abasirikare 2 bakuru
Abasirikare babiri bakomeye bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batawe muri yombi ku itegeko rya Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Abatawe muri yombi harimo Colonel Mike Mikombe usanzwe ari umwe mu bayobozi bakuru ba Brigade y’Ingabo zirinda Umukuru…
I Nairobi hagiye kubera inama izaha ibihugu bizayitabira akayabo k’amafaranga
I Nairobi muri Kenya, kuri uyu wa 4 Nzeri 2023 harabera inama nyafurika yo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe, izwi nka ‘ACS’ (Africa Climate Summit). Iyi nama iraba ku bufatanye bwa guverinoma ya Kenya n’umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) biteganyijwe ko…
Alain-Andre Landeut wahoze atoza Kiyovu Sports yannyeze Juvenal anatega iminsi iyi kipe ikomeje gukubitwa umusubirizo
Alain-Andre Landeut wahoze ari umutoza wa Kiyovu Sports umwaka ushize w’imikino yabwiye umutoza uriho kuri ubu ko nagumisha ikipe mu cyiciro cya mbere azaba akoze ibitangaza. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 2 Nzeri, nibwo Kiyovu Sports yamanutse…
Rayon Sports yatsindiye Al-Merrikh yo muri Sudan ku ivuko i Nyanza – AMAFOTO
Ikipe ya Rayon Sports yasubiye ku Ivuko Inyanza ihatsindira El-Merekh yo muri Sudani mu mukino wa gicuti. Buri mwaka ikipe ya Rayon Sports igira gahunda ya Gikundiro ku Ivuko isubira mu Karere ka Nyanza aho yashingiwe mu 1964 igakora ibikorwa…
Abarimo Mbonyi na Gahongayire bagiye guhabwa ibihembo bari barategereje amaso agahera mu kirere
Kuri ubu amakuru meza ahari ku bakurikirana umuziki wo kuramya no guhinbaza Imana , ni uko hagiye gutangwa amafaranga ku batsinze muri Rwanda Gospel Stars Live. Arstide Gahunzire, umuyobozi wa Rwanda Gospel Stars Live yasobanuye imiterere y’uko ibi bihembo bizatangwa….