Rwanda Global Top Model: Abakobwa 20 bazavamo 3 bazahagararira u Rwanda bamenyekanye
Akanama Nkemurampaka k’irushanwa Rwanda Global Top Model 2023 kamaze gutangaza abakobwa 20 bazavamo 3 bazaserukira u Rwanda mu marushanwa atandukanye y’imideli azabera mu bihugu bitandukanye byo ku Isi. Kuri uyu wa Gatandatu tariki 2 Nzeri 2023, nibwo batangaje aba bakobwa…
Kwirinda biruta kwivuza: Dore ibiribwa byakurinda kurwara Kanseri y’umwijima
Umwijima ni rumwe mu ngingo 5 z’ingenzi ku buzima bwacu bwa buri munsi (izindi zisigaye 4 ni; ubwonko, impyiko, umutima n’ibihaha). Ntibivuze ko izindi nta cyo zimaze guza izi nizo imikorere yazo iyobora indi mikorere y’izisigaye. Muri rusange kanseri ni…
Dore ibimenyetso byakwereka ubwirinzi(Ubudahangarwa) bw’umubiri wawe bwacitse intege n’icyo wakora
Ubudahangarwa bw’umubiri ni bwo bwirinzi bwawo. Ni bwo umubiri wifashisha mu guhangana n’indwara ziterwa na mikorobi zaba bagiteri, imiyege na virusi. Si ibyo gusa kuko ubudahangarwa bw’umubiri ni bwo bugira uruhare mu gusukura umubiri busohoramo ibyawutera kanseri. Nyamara kandi bitewe…
Perezida Museveni yasezereye mu gisirikare abajenerari 11
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare 110 barimo ba Ofisiye Jenerali na ba Ofisiye bakuru mu Ngabo za Uganda, UPDF, barimo Gen Kale Kayihura wigeze kuyobora Polisi y’icyo gihugu. Urutonde rw’aba basirikare bagiye mu kiruhuko rugaragaraho…
Ibintu 5 bidasanzwe byaranze igitaramo cyo kwita izina abana b’ingagi ku ncuro ya 19
Kwita izina abana b’ingagi ni igikorwa ngarukamwaka aho abana b’ingagi bavutse muri uwo mwaka no mu mwaka uba watambutse bahabwa amazina (kwitwa amazina) ndetse bakitwa n’abantu batandukanye batoranyijwe higanjemo ibyamamare n’abanyacyubahiro baturutse mu mpande z’isi. Nk’uko bisanzwe muri uwo muhango…
Machester City yatsinze imvura y’ibitego naho Chelsea yongera gukubitwa yicaye
Ikipe ya Manchester City ibifashijwemo na Erling Haaland yanyagiye Fulham naho ikipe ya Chelsea idashimwa kabiri biricurika itsindwa na Nottingham Forest muri Premier League. Iyi mikino yo ku munsi wa 4 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza yabaye kuri…
Bitunguranye Rihanna yapfushije mubyara we wari ufite imyaka 28 gusa y’amavuko
Amakuru dukesha Loop Barbados avuga ko mubyara wa Rihanna Tanella Alleyne yitabye Imana mu buryo butunguranye afite imyaka 28 aguye i Barbados. Urupfu rwa Tanella Alleyne ruje nyuma y’imyaka itandatu gusa musaza we Tavon arashwe agahita apfa. Tanella yasezeweho bwa…
Udushya twaranze ubukwe bwa Prince Kid na Miss Elsa
Ku mugoroba wo ku wa 1 Nzeri 2023 mu Intare Arena habereye ibirori by’ubukwe bwa Ishimwe Dieudonné na Iradukunda Elsa, bwaranzwe n’udushya dutandukanye turimo kuba igifunguzo cyasigiwe Iradukunda Liliane ari naho byamenyekanye ko Miss Elsa ariwe wafasdhe iyambere mugusaba urukundo…
Si ngombwa kuryamana na we! Dore ibimenyetso byoroshye byakwereka ko umukobwa afite amavangingo menshi
Mu kabario, usibye no kuba kunyara k’umugore bituma iryoha kurushaho kandi ikagenda neza, ni n’uburyo bwo kwirinda gukomeretsanya ku mpande zombi mu gihe muri mu gikorwa. Ubushakashatsi bugaragaza ko mu gutera akabariro, umugore uzana amavangingo ari ingenzi cyane, kuko utayazana…
Abakobwa: Dore uburyo bworoshye bwagufasha kugira amaguru y’ibitesi
Muriki gihe buri mukobwa wese aharanira kugira ngo agire amaguru meza cyangwa amatako meza kuko bimwngerera igikundiro ku basore bose bamureba,dore bimwe mu bintu byagufasha kugira amaguru meza wishimiye cyane. Kuri uyu munsi twabakusanyirije muri bimwe mu bintu umukobwa yakora…