Month: September 2023

Rwanda Global Top Model: Abakobwa 20 bazavamo 3 bazahagararira u Rwanda bamenyekanye

Share this:

Akanama Nkemurampaka k’irushanwa Rwanda Global Top Model 2023 kamaze gutangaza abakobwa 20 bazavamo 3 bazaserukira u Rwanda mu marushanwa atandukanye y’imideli azabera mu bihugu bitandukanye byo ku Isi. Kuri uyu wa Gatandatu tariki 2 Nzeri 2023, nibwo batangaje aba bakobwa…

Share this:

Kwirinda biruta kwivuza: Dore ibiribwa byakurinda kurwara Kanseri y’umwijima

Share this:

Umwijima ni rumwe mu ngingo 5 z’ingenzi ku buzima bwacu bwa buri munsi (izindi zisigaye 4 ni; ubwonko, impyiko, umutima n’ibihaha). Ntibivuze ko izindi nta cyo zimaze guza izi nizo imikorere yazo iyobora indi mikorere y’izisigaye. Muri rusange kanseri ni…

Share this:

Dore ibimenyetso byakwereka ubwirinzi(Ubudahangarwa) bw’umubiri wawe bwacitse intege n’icyo wakora

Share this:

Ubudahangarwa bw’umubiri ni bwo bwirinzi bwawo. Ni bwo umubiri wifashisha mu guhangana n’indwara ziterwa na mikorobi zaba bagiteri, imiyege na virusi. Si ibyo gusa kuko ubudahangarwa bw’umubiri ni bwo bugira uruhare mu gusukura umubiri busohoramo ibyawutera kanseri. Nyamara kandi bitewe…

Share this:

Perezida Museveni yasezereye mu gisirikare abajenerari 11

Share this:

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare 110 barimo ba Ofisiye Jenerali na ba Ofisiye bakuru mu Ngabo za Uganda, UPDF, barimo Gen Kale Kayihura wigeze kuyobora Polisi y’icyo gihugu. Urutonde rw’aba basirikare bagiye mu kiruhuko rugaragaraho…

Share this:
Uncategorized

Ibintu 5 bidasanzwe byaranze igitaramo cyo kwita izina abana b’ingagi ku ncuro ya 19

Share this:

Kwita izina abana b’ingagi ni igikorwa ngarukamwaka aho abana b’ingagi bavutse muri uwo mwaka no mu mwaka uba watambutse bahabwa amazina (kwitwa amazina) ndetse bakitwa n’abantu batandukanye batoranyijwe higanjemo ibyamamare n’abanyacyubahiro baturutse mu mpande z’isi. Nk’uko bisanzwe muri uwo muhango…

Share this:

Machester City yatsinze imvura y’ibitego naho Chelsea yongera gukubitwa yicaye

Share this:

Ikipe ya Manchester City ibifashijwemo na Erling Haaland yanyagiye Fulham naho ikipe ya Chelsea idashimwa kabiri biricurika itsindwa na Nottingham Forest muri Premier League. Iyi mikino yo ku munsi wa 4 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza yabaye kuri…

Share this:
Uncategorized

Bitunguranye Rihanna yapfushije mubyara we wari ufite imyaka 28 gusa y’amavuko

Share this:

Amakuru dukesha Loop Barbados avuga ko mubyara wa Rihanna Tanella Alleyne yitabye Imana mu buryo butunguranye afite imyaka 28 aguye i Barbados. Urupfu rwa Tanella Alleyne ruje nyuma y’imyaka itandatu gusa musaza we Tavon arashwe agahita apfa. Tanella yasezeweho bwa…

Share this:

Udushya twaranze ubukwe bwa Prince Kid na Miss Elsa

Share this:

Ku mugoroba wo ku wa 1 Nzeri 2023 mu Intare Arena habereye ibirori by’ubukwe bwa Ishimwe Dieudonné na Iradukunda Elsa, bwaranzwe n’udushya dutandukanye turimo kuba igifunguzo cyasigiwe Iradukunda Liliane ari naho byamenyekanye ko Miss Elsa ariwe wafasdhe iyambere mugusaba urukundo…

Share this:

Si ngombwa kuryamana na we! Dore ibimenyetso byoroshye byakwereka ko umukobwa afite amavangingo menshi

Share this:

Mu kabario, usibye no kuba kunyara k’umugore bituma iryoha kurushaho kandi ikagenda neza, ni n’uburyo bwo kwirinda gukomeretsanya ku mpande zombi mu gihe muri mu gikorwa. Ubushakashatsi bugaragaza ko mu gutera akabariro, umugore uzana amavangingo ari ingenzi cyane, kuko utayazana…

Share this:

Abakobwa: Dore uburyo bworoshye bwagufasha kugira amaguru y’ibitesi

Share this:

Muriki gihe buri mukobwa wese aharanira kugira ngo agire amaguru meza cyangwa amatako meza kuko bimwngerera igikundiro ku basore bose bamureba,dore bimwe mu bintu byagufasha kugira amaguru meza wishimiye cyane. Kuri uyu munsi twabakusanyirije muri bimwe mu bintu umukobwa yakora…

Share this: