Month: September 2023

Niger: Habaye Igitero gikaze gihitana abasirikari 12

Share this:

Mu gace ka Tillaberi, gahuza igihugu cya Niger, Burkina Faso na Mali, hagabwe igitero gikaze gihitana abasirikari 12. Aka gace kihishemo Abajihadiste benshi cyane, bateza umutekano muke muri ibyo bihugu, bikaba binakekwa ko baba ari bo bagabye iki gitero. Minisitiri…

Share this:

Mukobwa, Dore impamvu zishobora gutuma ugumirwa kabone n’ubwo waba uri ikizungerezi

Share this:

Mu buzima tubamo bwa buri munsi turangwa na byinshi bituma dushobora gutandukana cyangwa se kugereranywa hagati yacu bitewe n’imyitwarire ituranga. Uko waba uri kose rero buri muntu yaba umugabo yaba umugore agira intego mu buzima cyangwase umurongo w’ubuzima agomba gukurikiza….

Share this:
Uncategorized

“Kwigera ipantalo ya so ntibikugira umugabo wa nyoko” KNC akojeje agati mu ntozi

Share this:

Mu kiganiro kuri Radio1 cya mugitondo, habura umunsi umwe gusa ngo rwambikane hagati y’ikipe ya Gasogi United FC n’ikipe ya Bugesera FC, Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles, KNC, yaburiye ikipe ya bugesera mu magambo yakoresheje asubiza abafana ba…

Share this:

Hashyizweho umuyobozi mushya w’umutwe wa Wagner ahabwa ikaze na Putin ushinjwa kwivugana uwamubanjirije

Share this:

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yaraye aganiriye kuri uyu wa Kane na Andrei Troshev usigaye ayobora umutwe w’abacanshuro wa Wagner umaze igihe ufasha u Burusiya mu ntambara burimo muri Ukraine. Aba bayobozi bombi baganiriye ku ngingo zitandukanye zirimo uburyo bwiza…

Share this:

Hafi 50% by’abana batoranijwe kujya mu irerero rya Bayern Munich babeshye imyaka. Ese byagenze gute?

Share this:

Hafi 20% y’abana batoranyijwe ngo bajye mu irerero rya Bayern Munich basanze barabeshyewe imyaka n’ababyeyi babo ndetse n’abatoza babatozaga. Mu kiganiro Minisiteri ya siporo n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, bagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Kane, irerero rya Bayern Munich…

Share this:

FC Barcelone ishobora kwirukanwa muri UEFA Champions League kubera uburiganya

Share this:

Ikipe ya FC Barcelona ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Espagne, ishobora gukurwa mu mikino ya UEFA Champions League nyuma yuko umunyamategeko atangaje ko iyi ikipe yahamwe n’icyaha cyo gutanga ruswa. Mu ntangiriro z’uyu mwaka ni bwo hagiye hanze amakuru…

Share this:

RWANDA: Abagera kuri 20 bamaze kwicwa n’imvura y’umuhindo

Share this:

Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi, yatangaje ko kuva imvura y’umuhindo yatangira kugwa, ibiza bimaze kwica abantu 20 ndetse abagera kuri 58 bakomeretse. Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), yatangaje ko bimwe mu byangijwe n’iyi mvura, inatanga inama zifasha abantu kwirinda kugira ngo ubuzima bwabo…

Share this:

Nyuma yo kwibikaho ibihangange muri ruhago, Shampiyona ya Arabie Saoudite igiye kugura abasifuzi

Share this:

Nyuma y’uko shampiyona ya Arabia Saudite ibonye abakinnyi bakomeye barimo Cristiano Ronaldo n’abandi, igiye no kugura abasifuzi bakomeye bo ku Mugabane w’u Burayi. Mu mpeshyi y’uyu mwaka ubwo isoko ry’igura n’igurisha ku bakinnyi ryari rifunguye amakipe yo mu gihugu cya…

Share this:
Uncategorized

Nyuma ya video yabiciye kakahava, Ikizungerezi Umuhoza Laika, gitumye Harmonizer ava ku izima

Share this:

Ibyatangiye ari ugukorana indirimbo hagati y’umuhanzi Harmonize n’Umunyarwandakazi, Umuhoza Laika, bishobora kuba bigeze kure cyane ko bombi bakomeje kugirana ibihe byiza. Harmonize yakiriye mu rugo iwe Laika, abifashijwemo n’inshuti ze zo muri Uganda babasha kugirana ibihe byiza. Harmonize na Laika…

Share this:

Congo: Bitunguranye muri stade, igisasu cyahitanye umuntu 1, abandi barakomereka

Share this:

Kuri uyu wa Kane tariki 28 Nzeri 2023, umuntu umwe yishwe n’igisasu ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zivuga ko cyarashwe mu buryo bw’impanuka, muri Stade ya Unity Stadium iri i Goma. Amakuru avugako uretse uwapfuye hari abandi 11…

Share this: