Month: September 2023

Abasore: Dore ibimenyetso 5 simusiga byakwereka umukobwa ugukunda by’ukuri

Share this:

Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo bagaragazamo amarangamutima. 1. Aragukebura Mu Kinyarwanda baca umugani ngo ntawigira kandi ngo ntamugabo umwe. Abasore bagira ingeso zimwe…

Share this:

Dore uko wamenya niba umukobwa muzarambana nimuramuka mubanye cyangwa niba mutazamarana kabiri

Share this:

Ibihe bitatu by’ingenzi mu buzima bwa muntu ni ukuvuka,Gushyingirwa no gupfa. Gushyingirwa no kugira umuryango ni ikintu cy’ingenzi mu buzima. Umusore ugiye guhitamo umugore areba niba umukobwa bakundana afite ibimenyetso bigaragara ko azavamo umugore mwiza. 1. Umukobwa uzi gukunda Umukobwa…

Share this:

Abasore: Dore amagambo 6 ugomba kwirinda kubwira umukobwa mukundana

Share this:

Mu rwego rwo kurinda no gusigasira umubano w’urukundo rwanyu ni byiza ko umusore yirinda amagambo n’ibibazo abaza umukunzi we kuko bishobora kurwangiza mu gihe we yibwiraga ko ari kurukomeza. 1. Wakundanye n’ abagabo bangahe ? Iki kibazo si ngombwa kukibaza…

Share this:
Uncategorized

Mu gisa nk’ubutasi hahishuwe umutoza wo mu Bwongereza uzasimbura Ancelotti wa Real Madrid

Share this:

Mu ibanga rikomeye cyane hahishuwe inyandiko y’ikipe ya Real Madrid iriho umutoza utoza muri premier league mu Bwongereza wifuzwa cyane ku mwanya wa mbere n’ikipe ya Real Madrid. Bivugwa ko Carlo Ancelotti yamaze kumenyesha ubuyobozi bw’ikipe ya Real Madrid ko…

Share this:

Bibaye impamo, Kazungu Denis yagaruka mu muryango nyarwanda, kandi uwamutunga urutoki byamukoraho

Share this:

Mu gihe abantu benshi bakomeje kuvuga no kwibaza byinshi ku cyaba cyarateye umwicanyi ubyiyemerera Kazungu Denis, n’uburyo yagiye abikora kuri ubu akaba ari mu igororero rya Nyarugenge i Mageragere aho aherutse gusabyirwa igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo kubera uburemere bw’ibyaha akuriranyweho…

Share this:

Abakobwa: Niba umusore mukundana agukorera kimwe muri ibi bintu menya ko atagukunda by’ukuri

Share this:

Hari ibintu byinshi byiza umugabo ukunda umugore we by’ukuri amukorera ariko hari n’ibintu umugabo yagukorera ukamenya ko atagukunda by’ukuri.   Hari ibintu byinshi byiza umugabo ukunda umugore we by’ukuri amukorera ariko hari n’ibintu umugabo yagukorera ukamenya ko atagukunda by’ukuri.  …

Share this:

Mu Rukiko, Prof. Harerimana yireguye ahakana ibyo aregwa byose, asabirwa gufungwa by’agateganyo

Share this:

Mu rukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge, ubushinjacyaha bwasabye ko abarimo Prof Jean Bosco Harerimana wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Amakoperative, RCA; Hakizimana Clever Ushinzwe Amasoko muri iki kigo na Gahongayire Liliane wari ushinzwe Ububiko, bafungwa iminsi 30 mu gihe…

Share this:
Uncategorized

Tito Rutaremara areruye avuga abantu batifuza ko perezida kagame akomeza kuyobora

Share this:

Kuri uyu wa kane Tito Rutaremara uzwi cyane muri politiki y’u Rwanda yahishuye nta guca ku ruhande abantu batifuza ko perezida Paul Kagame akomeza kuyobora ndetse avuga n’uko bangana. Mu butumwa burebure uyu musaza uri mu bagishwa inama yatambukije ku…

Share this:

Mu rukiko, uwavugwagaho gusambanywa na Dr. Kayumba, yabiteye utwatsi

Share this:

Umukobwa wazanywe n’ubushinjacyaha busaba urukiko ko rwakuraho,  icyemezo cy’uko Dr. Kayumba aba umwere, yageze mu rubanza imvugo arivuguruza, avuga ko ntabyabaye. Dr. Kayumba wahoze ari umwarimu muri kaminuza y’u Rwanda we avuga ko urubanza rwe ari urwa Politiki azira kuba…

Share this:

Umuhanzikazi Mbabazi mu mazi abira nyuma yo kumara amezi 18 atishyura ubukode bw’inzu

Share this:

Umuhanzikazi Lilian Mbabazi wamenyekaniye mu Itsinda ry’Abaririmbyi rya Blu3 yashyikirijwe Polisi na nyiri nzu abamo nyuma yo kumara amezi 18 atamwishyura ubukode bwayo. Amakuru avuga neza ko iyi nzu Lilian Mbabazi yatangiye kubamo kuva tariki 21 Gashyantare 2018 yemeranya na…

Share this: