Month: September 2023

UGANDA: Insoresore zahohoteye umuyapani, hiyongereyeho n’icyaha cy’ubwicanyi

Share this:

Mu gihugu cya Uganda haravugwa inkuru ya Ito Okira, umuyapani wakoraga muri iki gihugu mu bijyanye n’ibikorwa remezo, wapfuye nyuma yo guhohoterwa n’insoresore zamugabyeyo igitero mu muvundo w’imodoka akajya muri Koma. Kuri uyu wa kane tariki ya 28 Nzeri 2023,…

Share this:

KARONGI: Abasore 2 basanzwe mu nzu bapfuye

Share this:

Saa Moya n’Igice z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 28 Nzeri 2023, Mu karere ka Karongi hari kuvugwa inkuru y’abasore babiri basanzwe mu nzu babagamo bapfuye, hakaba hari gukekwa ko baba barishwe no kubura umwuka bahumeka nyuma yo…

Share this:

Dore ibibazo ukwiye kubaza umukunzi wawe mbere y’uko mukora ubukwe

Share this:

Abantu benshi usanga bakundana urukundo rukaryoha kugera ubwo bafata umwanzuro wo kubana ariko nyamara bataziranye bitewe nuko hari ibibazo batagiye babazanya ngo barusheho kumenyana bikaba biri no mu bishobora gutuma hari abagera mu rugo bakabaho batishimye cyangwa se bakanatandukana. Bimwe…

Share this:

Judith wari umugore wa Safi Madiba yibarutse imfura

Share this:

Niyonizeye Judith wahoze ari umugore wa Safi Madiba n’umukunzi we uheruka kumwambika impeta amusaba ko yazamubera umugore , bari mu byishimo byo kwibaruka imfura yabo. Judith abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yasangije abamukurikirana amashusho ari kumwe n’umukunzi we, ubwo yari…

Share this:

Bourkina Faso: Habuze gato ngo Kapiteni Ibrahim Traoré agererwe mu kebo yagereyemo mugenzi we yahiritse ku butegetsi

Share this:

Hashize hafi umwaka umwe Kapiteni Ibrahim Traoré, Perezida w’inzibacyuho muri iki gihe, na we ubwe afashe ubutegetsi ahiritse ubwari buriho. Mu itangazo ryasomwe kuri televiziyo, agatsiko ka gisirikare kari ku butegetsi kavuze ko abasirikare katatangaje amazina hamwe n’abandi bantu bari…

Share this:

Perezida Kagame yakoze Impinduka muri Guverinoma – Rtd. Gen James Kabarebe mu nshingano nshya

Share this:

Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yakoze impinduka mu buyobozi bw’inzego zimwe na zimwe z’Igihugu. Muri izo mpinduka harimo kuba Gen (Rtd) James Kabarebe yagizwe Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri…

Share this:

Munganyinka wabyaye akiri isugi atabonanye n’umugabo akomeje kugereranywa na nyina wa yezu

Share this:

Mu bitangazamakuru byinshi byo mu Rwanda inkuru iri guca ibintu ni iy’umukobwa wagereranyijwe na nyina wa Yezu nyuma yo gusama akabyara akiri isugi atararyamanye n’umugabo. Munganyinka Denise wo mu ntara y’Iburasirazuba aravuga ko ubwo yari afite imyaka 13 y’amavuko yatwise,…

Share this:
Uncategorized

Dore indyo nziza iharawe yagufasha kubyibuha n’iyagufasha kunanuka mu kanya nk’ako guhumbya-AMAFOTO

Share this:

Muri iyi minsi inkundura y’abifuza kubyibuha cyangwa kunanuka irarimbanyije cyane aho usanga hari ubyibuha bikamubangamira mu gihe hari unanutse usanga yifuza kubyibuha. Hari uwavuze ngo turi ibyo turya. Menya amafunguro yagufasha mu byo wifuza.   “Ariko urananutse cyane kuburyo ushobora…

Share this:

Ruhango: Umugore yishwe atemaguwe nyuma yo kwishinganisha no muri RIB

Share this:

Mu karere ka Ruhango hakomeje kuvugwa inkuru y’incamugongo y’umugore wishwe atemaguwe mu buryo bukomeye nyuma y’uko yari amaze iminsi yishinganisha mu nzego zitandukanye. Mu cyumweru gishize ni bwo uyu mugore wishwe yari yabwiye umunyamakuru wa BTN dukesha aya makuru ko…

Share this:

The Ben n’umugore we Pamela berekeje i Burundi mu bitaramo afiteyo (AMAFOTO)

Share this:

The Ben ari kumwe n’umugore we, Uwicyeza Pamela bahagurutse i Kigali kuri uyu wa 27 Nzeri 2023 berekeza i Bujumbura aho bitabiriye ibitaramo uyu muhanzi afite i Burundi. Big Fizzo na Sat B bongewe mu gitaramo cya The Ben bazafatanya…

Share this: