Perezida wa Rayon Sports yavuze ku bagambanyi bashaka ko Rayon Sports itsindwa na Al Hilal Benghazi
Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele yavuze ko hari abantu benshi batifuza ko yateze imbere iyi kipe ndetse ko yabonye ibyavuzwe ko hari abashakaga guha ruswa abakinnyi ngo bitsindishe umukino wa Al Hilal Benghazi. Mu kiganiro yagiranye na Radio…
Abasore: Dore ibintu 8 byagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa uwo ari we wese
Hari igihe usanga umusore akunda umukobwa ndetse yifuza ko bagirana umubano udasanzwe ariko ugasanga yaraniwe kwinjira mu mutima we ngo awigarurire. Nyamara kubigeraho ntibigoye biragusaba kumenya no gukora ibi bintu bike gusa. 1. Tangira uterete kandi ushyiremo imbaraga umunsi ku…
CG Emmanuel Gasana, umwe mubapolisi 99 Perezida Paul Kagame yashyize mu kiruhuko
Binyuze mu itangazo ryashyizwe hanze na Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Nzeri 2023, uru rwego rwatangaje ko Perezida Paul Kagame yemeje ishyirwa mu kiruhuko ku Bapolisi 99 barimo abakuru. Muri aba bapolisi 99, Perezida wa Repubulika,…
Kayonza: Batunguwe n’umukobwa w’imyaka 17 wibyaje akajugunya uruhinja mu gihuru
Mu karere ka Kayonza mu Murenge wa Murundi, hari kuvugwa inkuru yatumye abatari bake bacika ururondogoro, y’umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko watawe muri yombi nyuma yo kubyara umwana akamujugunya mu gihuru agapfirayo. Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Nzeri 2023,…
Umukwe n’umugeni bapfiriyemo – Abasaga 113 bapfiriye mu nkongi ikaze, 150 barakomereka
Umukwe n’umugeni bapfiriye mu nkongi y’umuriro yahitanye abantu basaga 113 abandi 150 barakomereka, ubwo bari bari mu ibirori by’Ubukwe mu ntara ya Nineveh yo mu Majyaruguru ya Iraq. Mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki 26 Nzeri 2023 ahagana saa…
INES Ruhengeri: Babiri bafashwe bakekwaho kwiba ibikoresho by’abanyeshuri
Mu ijoro rishyira itariki ya 26 Nzeri 2023, mu Kagari ka Ruhengeri, Umurenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze; abajura binjiye mu nzu icumbikamo abanyeshuri babiri biga muri INES-Ruhengeri, biba ibikoresho byabo bitandukanye birimo imashini ya Laptop, imyambaro n’amavarisi. Abo banyeshuri babiri…
Amavubi y’abagore yasezerewe na Ghana atinzwe ibitego 12-0
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abagore yasezerewe na Ghana mu mikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika 2024 iyitsinze 12-0 mu mikino ibiri nyuma y’uwo kwishyura wabaye kuri uyu wa Kabiri yatsinzwemo 5-0. Mu mukino wo kwishyura wabereye mu gihugu cya…
Nyabihu: Umuforomo yapfiriye mu mpanuka ya ambulance ubwo bajyaga ku bitaro
Mu karere ka Nyabihu, haravugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 48 witwa Habimana Appolinaire wari umuforomo ku Kigo Nderabuzima cya Birembo muri ako Karere wishwe n’impanuka y’imbangukiragutabara yari arimo aherekeje umugore wari ujyanywe kubyarira ku Bitaro bya Kabaya. Ibi byabaye ahagana saa…
Bashenguwe No Kumubona Aseka – Urukiko rwakatiye rwakatiye Kazungu Denis gufungwa
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha 10 byo kwica abantu 14 urw’agashinyaguro afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Umucamanza yavuze ko Urukiko rwafashe uyu mwanzuro nyuma yo gusanga hari impamvu zikomeye zituma Kazungu akekwaho ibyaha 10 birimo kwica…
Induru zavuze hagaragajwe abakobwa barebare kuruta abandi bose mu Rwanda – AMAFOTO
Ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda ndetse no ku isi yose hiriwe hasakazwa amafoto y’abakobwa babiri b’Abanyarwandakazi bivugwa ko aribo barebare mu Rwanda- Ibintu byateje rwasereri n’umwiryane muri bamwe mu bakoresha izi mbuga. Bijya gutangira umutweep cyangwa se ukoresha urubuga rwa…