Ibyo Abafana Bakoreye umuherwe wa Chelsea Nyuma Yo Gutsindwa Na Aston Villa Biteye Agahinda- IFOTO
Ku mbuga nkoranyambaga na mpuzabantu nta kindi kigezweho uretse agafoto k’abaherwe ba Chelsea biruka kibuno mpa amaguru nyuma yo kuvudukanwa n’abafana b’iyi kipe ubwo bari bamaze gucishwa bugufi n’ikipe ya Aston Villa. Ku munsi w’ejo ikipe ya Chelsea izwi nka…
Bugesera: UmunyaKenya ni we wegukanye Rwanda Mountain Gorilla Rally 2023 (AMAFOTO)
Nyuma y’iminsi itatu mu Rwanda hari kubera irushanwa ry’Isiganwa ry’amamodoka “Rwanda Mountain Gorilla Rally 2023”, kuri iki cyumweru tariki ya 24 Nzeri 2023, umunya-Kenya Karan Patel yaciye impaka aba ari we uryegukana ubugira kabiri kikurikiranya. Nyuma y’uko ku munsi wo…
Rwanda: Humvikanye Umutingito wo ku gipimo cyo hejuru unagiza byinshi
Kuri uyu wa 24 Nzeri 2023, mu bice bitandukanye by’igihugu cy’u Rwanda humvianye umutingito wo ku gipimo cya 5.1 ndetse no mu Karere k’Ibiyaga bigari. Uyu mutingito wumvikanye ku isaha ya saa 16h21 ku isaha y’i Kigali mu bice bitandukanye…
Ifoto y’Umunsi: Shaddyboo yibasiye Meddy amwibutsa ko we ari umuhanzi atari umuSlay
Ngabo Medard, umuhanzi w’umunyarwanda uba muri Leta zunze ubumwe za Amerika wamenyakanye cyane ku izina rya Meddy, yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga, nyuma yo gushyiraho ifoto yatanzweho ibitecyerezo bitandukanye. Mu ifoto imugaragaza yambaye isengeri, afite igare rishaje rihetse umufuka urimo ibintu…
Benshi mu urujijo kuri Kazungu Denis wemeye ashize amanga ko yishe abantu akajya abataba mu nzu yabagamo
Abantu benshi bakomeje kugaragaza urujijo batewe na Kazungu Denis ku byaha yiyemerera ko yakoze byiganjemo ibyo kwica abantu bagera kuri 14 ku bushake biganjemo ab’igitsinagore, aho yabicaga yarangiza imirambo yabo akayijugunya mu cyoba yari yaracukuye mu gikoni cy’inyubako yari acumbitsemo….
Abagera kuri 35 bapfuye, ubwo habaga inkongi ikomeye cyane
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Nzeri 2023 i Cotonou, mu gihugu cya Benin, habaye insanganga ubwo inkongi yibasiraga ububiko bw’ibikomoka kuri Peteroli maze abagera kuri 35 bayiburiramo ubuzima. Amakuru aturuka mu bugenzacyaha bwo muri iki gihugu avuga ko…
Dore amagambo meza y’imitoma ukwiye kubwira umukunzi wawe uyu munsi mbere yo kuryama
Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko kubwira amagambo meza umukunzi wawe agiye kuryama ari ingirakamaro, arara atekereza amagambo meza wamubwiye, akamufasha kudatekereza cyane mubyo aba yiriwemo mu buzima busanzwe bwo gushakisha ,akaruhuka neza kugira ngo mu gitondo abyuke ameze neza. Aya…
Rusizi: Umusore wigenderaga yishwe n’ipoto y’amashanyarazi
Umusore witwa Hakizimana Gad uri mu kigero cy’imyaka 35 wo mu Karere ka Rusizi witambukiraga mu muhanda yagwiriwe n’ipoto y’amashanyarazi arapfa. Iyi mpanuka yabaye saa mbiri z’igitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 23 Nzeri 2023 mu Marembo ya…
Al Hilal Benghazi yongeye gusaba ikintu gikomeye ku mukino wayo na Rayon Sports nyuma yo kwanga abafana kuri sitade
Ubuyobozi bwa Al Hilal Benghazi bwemeye ko umukino wayo na Rayon Sports uzaca kuri Televiziyo ariko ukarebwa n’abantu bari imbere mu Rwanda gusa, kuko iwabo bakiri mu kiriyo. Iyi kipe yabyemeye bigoranye kuko yari yabanje kuvuga ko uyu mukino utemerewe…
Miss Muheto yakoze impanuka y’imodoka ikomeye
Muheto Nshuti Divine wabaye Miss Rwanda 2022 yakoze impanuka ikomeye, imodoka irangirika, nawe akomereka byoroheje. Amakuru dukesha IGIHE aravuga ko Muheto yakoze impanuka kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Nzeri 2023. Yayikoreye Kimironko mu Mujyi wa Kigali. Iyi mpanuka yamuteye…