Month: October 2023

Agiye kumara imyaka irenga itatu muri gereza azira kutishyura indaya

Share this:

Umugabo wo muri Singapore yakatiwe igifungo cy’imyaka itatu n’iminsi 71 ku bwo kwanga kwishyura indaya baryamanye. Uwo mugabo witwa Abdul Rahman A Karim yari yemeranyije n’umugore wicuruza ukomoka muri Australia, kumwishyura Amadolari 700 bakamara isaha bakora imibonano mpuzabitsina. Ikinyamakuru CNA…

Share this:

I Rulindo, Gitifu w’umurenge yafunzwe azira gusambanya umwana w’imyaka 15

Share this:

Ku wa Mbere tariki 30 Ukwakira 2023, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo mu Karere ka Rulindo, yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 15 y’amavuko. Amakuru akomeza avuga ko Gitifu Ndagijimana Frodouard, yatawe muri yombi tariki 30…

Share this:

Ruhango: Umugabo yasanze umukobwa we ari gusambana, akora ikintu cyatumye benshi bamwibazaho bikomeye

Share this:

Mu karere ka Ruhango hakomeje kuvugwa inkuru y’umugabo witwa Bimenyimana uri mu kigero cy’imyaka 46 y’amavuko, urembeye kwa muganga nyuma yo gusanga umukobwa we asambana agafata umwanzuro wo kwiyambura ubuzima; igikorwa cyanenzwe n’abatari bake ari nako bibaza icyateye mu bantu…

Share this:

Ibyo Rashford yakoze bishobora gutuma ashwana n’umutoza Ten Hag

Share this:

Umukinnyi w’Umwongereza ukina asatira mu ikipe ya Manchester United, Marcus Rashford nawe ashobora kwisanga yagiranye ibibazo n’umutoza we, Erik Ten Hag nyuma y’uko akoze ibitemewe. Ikipe ya Manchester United imaze iminsi mu bihe bibi kuva uyu mwaka w’imikino watangira. Ku…

Share this:

Lionel Messi yatwaye Ballon d’Or ya 8 avuga kuri Mbappe na Haaland bamuguye mu ntege – AMAFOTO

Share this:

Nyuma y’uko Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or, yashimiye Erling Haaland na Kylian Mbappé, avuga ko bagize ibihe byiza anabwira ko bazayitwara nabo, ageze ku byo kureka ruhago avuga ko atazi igihe. Kuwa Mbere tariki 30 Ukwakira, i Paris habereye ibirori…

Share this:

Umusaza w’i Bugesera, yamize intongo y’inyama imuheza umwuka birangira ahatakarije ubuzima

Share this:

Abantu benshi bakomeje kwibaza byinshi kuri Niyibizi Jean Baptista w’imyaka 61 y’amavuko bivugwako yariye Burushete, intongo ikamuhagama mu muhogo ikamuheza umwuka mpaka anangutse. Uyu musaza wari utuye mu Mudugudu wa Mukoma, Akagari ka Maranyundo, yapfuye urupfu rw’amarabira nyuma y’uko ariye…

Share this:

Ibyabaye i Muhanga ku mugabo wibye kawunga mu modoka iri kugenda, byasize ikikango mu bakora ubujura

Share this:

Mu karere ka Muhanga haravugwa inkuru y’umugabo uri mu kigero cy’imyaka 30 warashwe ubwo yageragezaga kwiba akawunga kari gapakiye mu modoka ivuye kurangura maze ahita ahasiga ubuzima. Uyu mugabo yarasiwe mu Murenge wa Muhanga mu Karere ka Muhanga, ubwo yageragezaga…

Share this:

#TraceAwards2023: Imyambaro ihenze yagaragaye mu gitaramo harimo n’uwari wambaye asaga miliyoni 600Rwf – AMAFOTO

Share this:

Umunyamideri Mucyo Sandrine yatambukanye ikanzu iruta izo tujya tubona ibyamamare byo muri Amerika bitambukana mu ijoro ngarukamwaka ribera mu mujyi wa New York mu kitwa ‘Met Gala’ ihuriza hamwe abafite amazina mu myidagaduro yo muri Amerika. Uyu munyamideri akwiriye kubera…

Share this:

Zuchu agiye kubyarira Diamond Platinumz umwana wa 5

Share this:

Ubwo bataramiraga mu iserukiramuco rya Wasafi Festival, Diamond na Zuchu bannyeze abakoresha imbuga nkoranyambaga babasebya bashaka kubatandukanya hanyuma Diamond asaba Zuchu ko yazamubyarira dore ko Zuchu we amaze igihe yiteguye ko yifuza kubyarira Diamond Platnumz. Nyuma yo gutaramira mu gihugu…

Share this:

Ukuri ku mafoto ya Bahali amugaragaza atwite inda y’imvutsi bigakekwa ko ari iya Rumaga kwamenyekanye

Share this:

Amafoto y’umukobwa witwa Bahali Ruth amugaragaza ameze nk’ukuriwe yaciye igikuba ku mbuga nkoranyambaga, bisemburwa n’imitoma yateranye n’umusizi Rumaga- Inshuti z’igihe kirekire zagiye zigaragara bari kumwe mu bihe bitandukanye, yaba mu birori, ibitaramo n’ahandi. Byatangiye ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru…

Share this: