Month: October 2023

Umupolisikazi yarashe umugabo we barimo batongana ahita arapfa

Share this:

Umupolisikazi ukora mu biro by’ubuyobozi bwa polisi (APS) muri Kenya, yatawe muri yombi akekwaho kurasa no kwica umugabo we biturutse mu makimbirane yo mu rugo rwabo ruherereye mu nkengero z’umujyi wa Eldoret. Uyu mupolisikazi,umubyeyi w’abana batatu, yari ku kazi ku…

Share this:

Ibyo Miss Jolly yatangaje nyuma y’itabwa muri yombi ry’umunyamakuru Jean Paul

Share this:

Rwiyemezamirimo Mutesi Jolly wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2016, yavuze ko ntawahagarika urugamba rwo gushyigikira abakobwa gutera imbere ndetse asaba ko utashobora kubashyigikira yaceceka. Ibi abivuze nyuma yaho umunyamakuru Jean Paul Nkundineza wari uherutse kumwibasira atawe muri yombi. Mu butumwa yanyujije…

Share this:
Uncategorized

Ku nkunga yakusanyijwe, uwamenyekanye nka Mama Nick muri cinema nyarwanda, yagejejwe mu bitaro

Share this:

Nyuma y’iminsi ine hatangijwe igikorwa cyo gukusanya ibihumbi birindwi by’amadoalri [arenga miliyoni umunani z’amafaranga y’u Rwanda] yo kuvuza Mukakamanzi Beatha wamamaye ku mazina ya Mama Nick muri filime City Maid, yamaze kugezwa mu bitaro. Uyu mubyeyi uribwa mu rukenyerero bitewe…

Share this:

Nyuma yo guhamagazwa na RIB kubera ibyo yabwiye Miss Jolly, Jean Paul Nkundineza biramukomeranye

Share this:

Nyuma yo guhabwa urupapuro rumutumiza ku Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda [RIB], Uru rwego rwatangaje ko rwataye muri yombi umunyamakuru Jean Paul Nkundineza kubera amagambo yafashwe nk’aremereye yakoresheje abwira Miss Mutesi Jolly nyuma y’ibihano byagenewe Prince Kid. Mu ijoro ryo kuri…

Share this:

Umunyamakuru yahuye n’uruva gusenya ubwo yavugaga ku guhunga kwa Prince Kid

Share this:

Umunyamakuru wa TV/Radio 10 Mutuyeyezu Oswald uzwi nka ‘Oswaki’ yatutswe arandagazwa ubwo yibazaga niba Ishimwe Dieudonne uzwi nka ‘Prince Kid’ yarahunze u Rwanda. Uyu munyamakuru ufite abamukurikira barenga ibihumbi 150 ku rukuta rwa X yahuye n’umunsi mubi atazibagirwa mu buzima…

Share this:

Afurika y’Epfo yavanye indaya mu ngabo !

Share this:

Abasirikare b’Afurika y’Epfo bavuzweho kwijandika mu buraya kurusha uko bita ku kazi kabajyanye ko kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo bakaniwe urubakwiriye. Igisirikare cy’Afurika y’Epfo cyahamagaje mu gihugu Abasirikare umunani bacyo bashinjwa imyitwarire mibi yo kujya mu buraya…

Share this:

Bishyizwe ku rundi rwego! Ibigiye gukorerwa ikariso Aln Sano yataramanye byahagurukije imbaga

Share this:

Aln Sano, umuhanzikazi w’umunyarwanda ukomeje kuvugisha benshi ibitandukanye, yongeye guahagurutsa imbaga nyuma yo gutangaza ko agiye gushyira muri cyamunara ikariso yanditseho amazina ye aherutse kugaragara yambaye, ndetse yongeraho ko izegukanwa n’utunze agatubutse. Mu mpera z’ukwezi gushize, ni bwo Alyn Sano…

Share this:
Uncategorized

Ibanga riri gukorereshwa i Nyamasheke ngo umukobwa waho arongorwe ryatumye benshi bifata ku munwa

Share this:

Hakomeje kuvugwa amakuru yerekeye imibereho y’urubyiruko rwo mu karere ka Nyamasheke, aho ngo umukobwa ushaka kurongorwa, agomba kuba afite ikimasa cyo guha umusore kugirango amugire umugore, ibintu byatunguye abantu benshi. Bamwe mu bakobwa batandukanye bo mu Karere ka Nyamasheke batewe…

Share this:

I Musambira, abagabo batatu barakekwaho kwica ufite uburwayi bwo mu mutwe nyuma yo kumusambanya

Share this:

Mu karere ka Kamonyi, mu murenge wa Musambira haravugwa inkuru y’urupfu rw’umukobwa uri mu kugero cy’imyaka 25 y’amavuko, wasanzwe yapfuye, inzego zubugenzacyaha zikaba zimaze guta muri yombi abagabo batatu bacyekwaho gukora ayo mahano. Umwe mu batawe muri yombi, yavuzeko mu…

Share this:

Abakozi 2 b’akarere ka Ngoma baguwe gitumo bahabwa ruswa ya Miliyoni Eshanu

Share this:

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma, Mutembe Tom,  n’ Umuyobozi ushinzwe ishami ry’ibikorwaremezo n’ubutaka muri ako Karere (One Stop Center), Mutabazi Célestin, nyuma yo gufatirwa mu cyuho bakira ruswa ya  miliyoni 5Frw (5,000,000 frw)   kugira…

Share this: