Month: October 2023

Biravugwako amagambo umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yabwiye Miss Jolly ari yo yatumye RIB imuhamagaza igitaraganya

Share this:

  Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwahamagaje umunyamakuru Jean Paul Nkundineza umenyerewe mu nkuru z’ubutabera kugira ngo yitabe mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Ukwakira 2023.   Nubwo umugenzacyaha atamenyesheje Nkundineza icyo yamuhamagariye, gusa iri hamagara ryatanzwe…

Share this:

Byakomeye! Muri Gaza batangiye kwifashisha imodoka mu kubika imirambo, kubera kubura Morgue zihagije

Share this:

Nyuma y’iminsi umutwe wa Hamas uagabye igitero karundura mu gihugu cya Israel kigahitana abatari bacye abandi abagakomereka ndetse bamwe bakanafatwa nk’imbohe, Igihugu cya Israel cyarahiriye gutsinsura burundu uyu mutwe wa Hamas, aho byanatangajwe ko uzi wese ko aba muri uyu…

Share this:

Agahinda ka Mukandayisenga Jeannine wangiwe gukinira Amavubi y’abagore bavuga ko atari umukobwa

Share this:

Mukandayisenga Jeannine bita “Ka-Boy” kuri ubu ukinira Rayon Sports WFC mu Cyiciro cya Mbere, yigeze guhamagarwa mu Ikipe y’Igihugu y’Abagore, Umutoza Nyinawumuntu Grãce aramwirengagiza avuga ko atari umukobwa. Mukandayisenga yatangiye gukinira Rayon Sports ku Munsi wa Kabiri wa Shampiyona y’Icyiciro…

Share this:

Abakinnyi ba Kiyovu sports babayeho nabi cyane – Umutoza Petros Koukouras

Share this:

Petros Koukouras, Umutoza wa Kiyovu Sports yabaye umunyakuri avuga ko Abakinnyi ba Kiyovu SC badafite aho kuba ndetse ko badaheruka umushahara. Ibi yabigarutseho nyuma yo gutsinda Marine FC ibitego 2-1. Uyu mutoza yavuze ko mu ikipe hari ibibazo byinshi ndetse…

Share this:

Abantu 300 bishwe umunsi umwe: Gaza ikomeje kujya mu kangaratete

Share this:

Minisiteri y’Ubuzima muri Gaza yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu abaturage 300 aribo bishwe n’ibisasu Israel ikomeje kurasa kuri uwo mujyi mu gihe abasaga 800 bahakomerekeye. Mu bishwe n’abakomeretse abenshi ni abana n’abagore nkuko iyo Minisiteri yakomeje ibitangaza. Mu minsi…

Share this:

Cristiano Ronaldo yongeye guca agahigo gakmeye ku isi

Share this:

Nk’uko Forbes ibitangaza, Cristiano Ronaldo ni we mukinnyi uhembwa amafaranga menshi kurusha abandi bose ku isi muri 2023. Uyu mukinnyi ukomoka muri Portugal yinjiza miliyoni 214 z’amapound ku mwaka. Ronaldo ayoboye abandi bakinnyi bane bo muri Saudi Arabia bagaragara mu…

Share this:

Umubyeyi wa Isimbi Noeline, yavuze ku mukobwa we ukina urukozasoni

Share this:

Mirimo Paul, ni umubyeyi wa Isimbi Yvonne akaba atuye mu Karere ka Rwamagana,  mu kiganiro yagiranye na Kasuku Media yavuze ko agira ikimwaro iyo atekereje cyangwa akumva abavuga akazi umukobwa we akora ko gucuruza amashusho ye y’urukozasoni. Mu magambo ye agaragaza…

Share this:

Dore ibimenyetso byakwereka ko umukunzi wawe atakigushaka n’ubwo aterura ngo abikubwire

Share this:

Bibaho ko babiri bakundana bageraho umwe muribo agatangira kutakariza amarangamutima undi ku buryo atangira no kugenda amwikuraho buhoro buhoro. Niba ubona umukunzi wawe asigaye yarahindutse, hari ibintu yakora bikakwereka ko atakigushaka iruhande rwe. Bimwe mu bintu bizakwereka ko umukunzi wawe…

Share this:

I Bugesera, uwavuraga abarwayi yabashyize ku ngoyi yarabambuwe bajya kwitabwaho n’ibitaro

Share this:

Nyuma y’uko mu karere ka Bugesera hagaragaye ikibazo cy’ubuvuzi bwa gakondo, aho uwagugwagaho kuvura abarwayi yabazirikaga imirunga ngo mu rwego rwo kubakurikirana, Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Nyamata, Dr William Rutagengwa, avuga ko abo barwayi bavurirwaga ku muvuzi gakondo, batatu muri bo…

Share this:

Biratangaje: Umugabo wiyitaga umwavoka yatahuwe amaze gutsinda imanza 26

Share this:

Mu gihugu cya Kenya,hakomeje kuvugwa inkuru rya Brian Mwenda wigize umwunganizi mu mategeko (avocat) ku rwego rw’igihugu yarangiza agatsinda imanza 26 mbere y’uko afatwa ku wa kane,tariki ya 12 Ukwakira. Akoresheje impapuro mpimbano Bwana Brian Mwenda Njagi,yiyinjije mu bashinzwe kunganira…

Share this: